Dr.Bishop Fidele Masengo agiye kumurika igitabo cye cya kabiri kivuga ku busabane bw’abantu n’Imana yise “Intimacy with God”. Dr.Bishop Masengo Fidele avuga ko ku gitabo cya mbere asohoye mu mwaka wa 2004, cyitwa “Ubusabane bwawe n’Imana” yabashije kugurisha ibitabo bigera ku 1000. Avuga ko iki gitabo cya kabiri yise “Intimacy with God” ngo yacyanditse mu […]Irambuye