Albert BIHIBINDI umunyabukorikori utungunya ibikomoka ku ruhu birimo ibikapu, inkweto, imikandara n’ibindi avuga ko yatangiye adoda inkweto, ubu umushinga we uhagaze miliyoni 20 (20 000 000Rwf). Umuseke wasuye Bihibindi aho adodera intweto n’ibindi byambarwa biva mu ruhu. Avuga ko umushinga we wo gukora ibikomoka ku ruhu umutunze. Ati “Natangiye ndoda inkweto bisanzwe, nyuma nza kubona amahugurwa […]Irambuye