Tags : Appolinaire Mupiganyi

Police n’inzego z’ibanze niho hagaragaye ruswa cyane mu 2015 –

*Umuntu umwe kuri batanu babajijwe avuga ko yasabwe ruswa *Ruswa mu Rwanda iri ku gipimo cya 16% *Police n’inzego z’ibanze iri kuri 42% Umuryango mpuzamahanga utagengwa na Leta urwanya ruswa, Transparency International-Rwanda, wamuritse ibyo wabonye mu bushakashatsi ngarukamwaka bwerekana urwego ruswa ihagazeho mu gihugu, muri Police no mu nzego z’ibanze niho yagaragaye kurusha ahandi. Uko […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish