Tags : Antoine Hey

Amavubi 25 yahamagawe ngo yitegure na CentreAfrique

Umutoza w’ikipe y’igihugu Antoine Hey yatangaje urutonde rw’abakinnyi 25 b’Amavubi bagomba gutangira umwiherero wo kwitegura umukino u Rwanda ruzakinamo na Centre Afrique mu kiciro cy’ibanze cyo gushaka ticket y’igikombe cya Africa 2019. Mu bahamagawe icyenda bakina hanze. Mu kwezi gushize uyu mutoza w’Umudage yatangiye gushaka abakinnyi azahamagara agerageza 41 yari yashimye imikinire yabo muri Shampionat. […]Irambuye

Antoine Hey niwe uri bugirwe umutoza mushya w’Amavubi

Antoine Hey, umudage w’imyaka 46 ngo niwe uza kugirwa umutoza mushya w’Amavubi ku masezerano y’imyaka ibiri nk’uko JeuneAfrique ivuga ko yabibonyeho amakuru. Antoine Hey niwe usanzwe uri kunugwanugwa ko ari we uzahabwa aka kazi. Antoine ngo araza gusimbura Jimmy Mulisa watozaga Amavubi by’agateganyo nyuma yo kwirukanwa kwa Johnny McKinstry mu mwaka ushize. FERWAFA ntabwo iratangaza […]Irambuye

en_USEnglish