Agnes Mutoni yiga mu ishuri rya gisirikare ryigisha ibijyanye n’intambara zo mu kirere (U.S. Air Force Academy), ubu ari muri Cadet mu mwaka wa gatatu, yizeye guhindura byinshi mu gisirikare mu ngabo z’u Rwanda no gukangurira abakobwa benshi gutinyuka no kwitabira kugana mu ngabo. Mutoni avuga ko mbere atigeze atekereza cyane ku bijyanye no kwinjira […]Irambuye