Tags : Alain Nyamitwe

Dar es Salaam bageze kuki? Nkurunziza na Kiir ntibaje…Bazivamo yarahiye

Mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’Iburasirazuba yabereye i Dar es Salaam muri Tanzania iyobowe na Perezida Magufuli byari byitezwe ko yiga ku bibazo by’i Burundi na Sudan y’Epfo yari kwakirwa ku mugaragaro nk’umunyamuryango mushya. Abayobozi b’ibi bihugu byombi bari batumiwe ntibaje, batumye. Ba Perezida John Pombe Magufuli, Yoweri Museveni, Paul Kagame na […]Irambuye

Nyamitwe yasabye ko ahubwo ingabo za Africa zoherezwa mu Rwanda

U Burundi bwamenyeshejwe ku itariki 20 Ukuboza 2015 n’akanama k’amahoro n’umutekano k’Umuryango wa Africa y’unze ubumwe ko hakoherezwa ingabo zo kugarurayo amahoro, mu ibaruwa yo kuri uyu wa 23 Ukuboza 2015 yasinyweho na Alain Nyamitwe Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi we yavuze ko ahubwo ngo izo ngabo zakoherezwa mu Rwanda ngo rwo nyirabayazana w’ikibazo cyabo. […]Irambuye

en_USEnglish