Tags : Aime

Gicumbi: Gare yamaze kuvugururwa nyuma y’imyaka itatu imirimo itangiye

Bamwe mu batuye mu karere ka Gicumbi bavuga bishimira intambwe bagezeho mu  kubakirwa ibikorwa remezo, birimo Gare  nshya yo mu mujyi wa Byumba, dore ko nyuma yo kuyivugurura bubakiwe n’umuhanda wa kaburimbo uyizenguruka ku buryo imodoka aho zituruka zigera muri gare nta byondo zikandagiyemo. Abaturage bagaruka cyane ku ruhare itangazamakuru ryagize mu kubafasha kumenyekanisha ibibazo […]Irambuye

en_USEnglish