Tags : Abana bo ku muhanda

Ubuzima ku muhanda: Abana bari kuhavukira bakabaho biteye ubwoba

*Akarere ka Nyarugenge niko kari gafite abana benshi ku muhanda mu bushakashatsi bwa 2012. *Umuseke wasanze abakobwa 10 i Nyamirambo baba ku muhanda 3 barabyaye, Nyabugogo hari 21 muri bo 9 barabyaye. *Aba babyeyi bakiri bato basaba ko nibura bahabwa mituel zo kuvuza abana mu gihe barwaye. *Komisiyo y’abana ngo ntifasha abana bari ku mihanda […]Irambuye

en_USEnglish