16 Gicurasi 2015 nibwo igitaramo cya gatanu cy’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star5 kibereye mu Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo. Abahanzi bose 10 buri wese afite ikizere cyo kuba yakwegukana iri rushanwa.
Ibi bikaba bitandukanye cyane n’andi marushanwa aho byageraga ku gitaramo cya kabiri hamaze kugira abahabwa amahirwe.
Iri rushanwa ku nshuro ya mbere ryegukanywe na Tom Close, inshuro ya kabiri ryegukanwa na King James, inshuro ya gatatu Riderman araryegukana, naho ku nshuro ya kane ryegukanwa na Jay Polly.
Abahanzi; Jules Sentore, Knowless, Dream Boys, Active, TNP, Bruce Melodie, Senderi International Hit, Paccy, Bull Dogg na Rafiki Mazimpaka nibo bari mu irushanwa.
Mu Ruhango abafana ni benshi cyane baje kwakira aba bahanzi baje kubataramira iwabo ariko banahatanira kwegukana igihembo cya Primus Guma Guma Super Star ya gatanu. Irushanwa niryo rikomeye kurusha andi ya muzika mu Rwanda.
Uko abahanzi 10 bose bari bukurikirane kuri stage.
Ni byiza cyane ko muri kutugezaho uko byifashe ahongaho mu Ruhango ariko byaba na byiza mugiye mushyiraho n’uburyo abahanzi bari kubyitwaramo ( mbese uko abafana bameze imbere y’umuhanzi).
Umuseke.rw muri aba 1!
Murakoze!
Munyarwanda says:
05/16/2015 at 13:56
Knowless arakunzwe arabikwiye umugereranyije na bagenzi be.
Uwarebye Impala za kera ntiyakarebye aba.Injyana na kinyarwanda ntibayizi ururimi bakoresha sinzi aho barutoraguye imyambarire yo.Ariko uwandusha ansobanurire iriya mibyinire yo mu kimansuro ni bwoko ki?Bayikuye mu kihe gihugu?Ese mu by’ukuri ni ukubyina cyangwa baba bigisha uko bakora imibonano mpuzabitsina. Ngaho bonne chance mwa bahanzi mwe.
Mutoma says:
05/16/2015 at 15:40
Urumusaza koko kandi ndakwemeye. hacuranga Impala koko.Nonese kuki bariya bahanzi nta numwe ufata umurya ngo akirigite turebe?
Ntwali says:
05/16/2015 at 14:37
Active mujye mukosora ntimukavuge ngo”uretse no kuririmba barabyina” ahubwo ni “uretse no kubyina bajya baririmba”
summer breeze says:
05/16/2015 at 16:00
Ngo Dereke?hahah
Isaie says:
05/16/2015 at 19:36
Biruta iby,ubushize byabereye Huye ibyanone byari sawa kandi bravo Senderi.
16 Comments
Ni byiza cyane ko muri kutugezaho uko byifashe ahongaho mu Ruhango ariko byaba na byiza mugiye mushyiraho n’uburyo abahanzi bari kubyitwaramo ( mbese uko abafana bameze imbere y’umuhanzi).
Umuseke.rw muri aba 1!
Murakoze!
Knowless arakunzwe arabikwiye umugereranyije na bagenzi be.
Igihugu cy’ impumyi uwi jisho rimwe niwe uyobora !!!!
Uwarebye Impala za kera ntiyakarebye aba.Injyana na kinyarwanda ntibayizi ururimi bakoresha sinzi aho barutoraguye imyambarire yo.Ariko uwandusha ansobanurire iriya mibyinire yo mu kimansuro ni bwoko ki?Bayikuye mu kihe gihugu?Ese mu by’ukuri ni ukubyina cyangwa baba bigisha uko bakora imibonano mpuzabitsina. Ngaho bonne chance mwa bahanzi mwe.
Urumusaza koko kandi ndakwemeye. hacuranga Impala koko.Nonese kuki bariya bahanzi nta numwe ufata umurya ngo akirigite turebe?
Active mujye mukosora ntimukavuge ngo”uretse no kuririmba barabyina” ahubwo ni “uretse no kubyina bajya baririmba”
Ngo Dereke?hahah
Biruta iby,ubushize byabereye Huye ibyanone byari sawa kandi bravo Senderi.
Knowlessssssssssssss
Turakwemera uyumunsi watwemeje bidasubirwaho ko igikombe ugikwiriye
Niwewenyine washoboye guha abafana umwanya bakaririmba indirimbo yawe bonyine abandi wapii kbsa ntamuntubafite ukunda indirimbo kuburyobazifatamumutwe
Guma Guma Niyawe kbsaa
Ngo bissoso araryohaherwa iyo acuranga? Nonese hano harumucuranzi mwahabonye?
Nta muhanzi muri abo nose uruta Bruce Melodie kuko arahimba akaririmba akamenya no gucuranga. Byose arabyujuje p
Plaisir Ni sawa kbs courage kumafoto gusa uge ugerageza unabakurure uduhe amafoto ubegereye kuburyo tubona neza imyambarire yabo neza kbs nkamaphotos Yambere gsa courage ndakwemera
SUMMER BREEZE nanga nkazira puuuuu ukuntu ushyanuka.
Senderi yariye karungu nta blague !!!
Bose nimburamukoro pour ne pas dire imb…………..puuuuu!!!!!! ntimukabyine muracuragura
Aliko aya mafranga atikizwa mu bikorwa by’ubu bulirimbyi bukoreshwa mu mpande zose z’u Rwadna, nta kuntu ayo mafranga yashyirwa hamwe maze ahubwo agahabwa abana b’abanyeshuli, bakiga Kminuza y’u Rwanda? Aho kugirango abo bana boherezwe kuguza amafranga aha n’aha, ndetse kenshi na kenshi bakayabura? Ikindi ni uko baliyya balirimbyi bashyigikirwa kujya kulirimba aha n’aha mu Rwanda, bakoresha ibizungu gusa, bigatuma abanyarwanda badakoresha ingabire zabo bavukanye n’uburyo bwacu bwa gihanga bavanye ku misozi yabo cg mu karere kabo, ndetseahubwo bakaba bashyira no hanze amateka nyamateka y’u Rwanda.Impamvu hashyirwaho leta mu gihugu iki n’iki cg se igihugu cy’u Rwanda, ni ukugirango abaturage bashobore kurerwa mu kwiteza imbere bo ubwabo bakoresheje ibyobabona mu gihugu cyabo, bakabiteza imbere, bikabagilira akamnaro; ntabwo li ukgugirango bagulishwe ibinyabazungu bibonetse byose, ngo ni uko na’abazungu babikora! Urugero: Inanga za Sebatunzi: ubona ziknopgeye amtwi, halimo n’/amateka y’u Rwanda, kandi mu by’ukuli ushobiora no kuzibyina! Abahanzik nk’abo ba gijhanga nibo bagomba gutezwa imbere.
iyi ni ioya bruce niko mbibona tu
Comments are closed.