Digiqole ad

PGGSS5: Uko byari byifashe mu gitaramo cya live kibanziriza icya nyuma i Musanze

 PGGSS5: Uko byari byifashe mu gitaramo cya live kibanziriza icya nyuma i Musanze

Ibyishimo ni byose ku bakunzi b’abahanzi

Primus Guma Guma Super Star ni rimwe mu marushanwa abera mu Rwanda ahuza abahanzi mu gihe haba hagomba kugaragara uhiga abandi mu kugaragarizwa ko akunzwe cyane.

Ibyishimo ni byose ku bakunzi b'abahanzi
Ibyishimo ni byose ku bakunzi b’abahanzi

Uko iri rushanwa rigenda riba ngaruka mwaka, ni nako umubare w’abantu baryitabira bagenda barushaho kugaragaza urukundo bafitiye abahanzi nyarwanda.

Nyuma y’igitaramo cya kabiri cya Live giherutse kubera i Kigali, i Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru niho habereye igitaramo cya gatatu kibanziriza icya nyuma cy’iri rushanwa.

Ibintu bine by’ingenzi akanama nkemurampaka kagenderaho ni; Kugira abafana benshi (popularity 50%), uko aririmba (performance 30%), uko agaragara ku rubyiniro(stage appearance10%) n’ikinyabupfura(Discipline10%).

Mc Tino kuri stage, nubwo ari umuhanzi nawe ntacyo bimubwira kuba ayobora ibitaramo by'abandi bahanzi
Mc Tino kuri stage, nubwo ari umuhanzi nawe ntacyo bimubwira kuba ayobora ibitaramo by’abandi bahanzi
Oda Paccy niwe muhanzikazi ukora injyana ya HipHop muri iri rushanwa
Oda Paccy niwe muhanzikazi ukora injyana ya HipHop muri iri rushanwa
Nubwo ari ubwa mbere yitabira iri rushanwa amaze kugira abakunzi benshi
Nubwo ari ubwa mbere yitabira iri rushanwa amaze kugira abakunzi benshi
Bulldogg ni umuraperi uzwiho ubuhanga cyane mu myandikire ndetse no kurapa
Bulldogg ni umuraperi uzwiho ubuhanga cyane mu myandikire ndetse no kurapa
Benshi mu bakurikirana indirimbo ze bahamya ko ariwe muraperi ukomeye cyane mu Rwanda
Benshi mu bakurikirana indirimbo ze bahamya ko ariwe muraperi ukomeye cyane mu Rwanda
Rafiki ni umwe mu bahanzi bamenyekanye muri muzika nyarwanda mbere y'abandi bahanzi bari kumwe mu irushanwa
Rafiki ni umwe mu bahanzi bamenyekanye muri muzika nyarwanda mbere y’abandi bahanzi bari kumwe mu irushanwa
Rafiki mu njyana ye ya Coga Style
Rafiki mu njyana ye ya Coga Style
Iyi moto y'ubucuruzi ni iya kabiri yatanzwe ku munyamahirwe kuva iri rushanwa ryatangira
Iyi moto y’ubucuruzi ni iya kabiri yatanzwe ku munyamahirwe kuva iri rushanwa ryatangira
Senderi kuri stage yazanye n'abantu bambaye impu z'ingagi
Senderi kuri stage yazanye n’abantu bambaye impu z’ingagi
Senderi nyuma yo kugaragaraho udushya twinshi, ubu ari mu bahanzi bambara neza
Senderi nyuma yo kugaragaraho udushya twinshi, ubu ari mu bahanzi bambara neza
Bruce Melodie ni umwe mu bari muri iri rushanwa bafite abafana benshi
Bruce Melodie ni umwe mu bari muri iri rushanwa bafite abafana benshi
Ibyishimo biramusaga iyo abonye uburyo yakiriwe n'abafana
Ibyishimo biramusaga iyo abonye uburyo yakiriwe n’abafana
Uku niko Anita Pendo yari yambaye
Uku niko Anita Pendo yari yambaye
TNP ni ubw mbere bitabira iri rushanwa
TNP ni ubw mbere bitabira iri rushanwa
Passy na Trecy abahanzi bagize itsinda rya TNP
Passy na Trecy abahanzi bagize itsinda rya TNP
Ikinyobwa cya Primus ni kimwe mu binyibwa bikunzwe cyane
Ikinyobwa cya Primus ni kimwe mu binyibwa bikunzwe cyane
Jules Sentore ahamiriza
Jules Sentore ahamiriza
Jules Sentore amaze kugaragaraza ko ari umuhanzi uzi kuririmba live kandi anahamiriza
Jules Sentore amaze kugaragaraza ko ari umuhanzi uzi kuririmba live kandi anahamiriza
Ababyinnyi ba Knowless ni uku bari bambaye
Ababyinnyi ba Knowless ni uku bari bambaye
Knowless ari mu bahanzi bagaragaza ko bashaka igikombe
Knowless ari mu bahanzi bagaragaza ko bashaka igikombe
Kuri stage Knowless azamura ivumbi mu bafana
Kuri stage Knowless azamura ivumbi mu bafana
Itsinda rya Active ni rimwe mu matsinda amaze kugira amazina muri muzika nyarwanda
Itsinda rya Active ni rimwe mu matsinda amaze kugira amazina muri muzika nyarwanda
Barabyina kakahava
Barabyina kakahava
Olivis, Tizzo na Derek abasore bagize itsinda rya Active
Olivis, Tizzo na Derek abasore bagize itsinda rya Active
Dream Boys ku nshuro ya gatanu bitabira iri rushanwa bari mu bahanzi bafite amahirwe yo kuryegukana
Dream Boys ku nshuro ya gatanu bitabira iri rushanwa bari mu bahanzi bafite amahirwe yo kuryegukana
Platini umwe mu basore bagize itsinda rya Dream Boys
Platini umwe mu basore bagize itsinda rya Dream Boys
TMC wo muri Dream Boys
TMC wo muri Dream Boys

Uku niko igitaramo cy’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star5 cyagenze i Musanze hagati y’abahanzi 10 bose bahatanira kwegukana umwanya wa mbere.

Photos:Muzogeye Plaisir

Joel Rutaganda

UM– USEKE.RW

3 Comments

  • Aliko kuki mudahatira abanyarwanda gushakishaindilimbo n’imbyino ziteza umuco wa Kinyarwanda imbere. Baliya bose mwerekana ngo bazenguruka u Rwanda, barashingira ku mi8cio y’ahandi cyane cyane iya ba Mpatsibihugu aho guteza umwimerere wa Kinyarwana imbere, Nk’uwalirimbye indilimbo “GANYOBWE”,halimo umudiho wa Kinyarwanda, umuuduri, abanyarwandakazin bambaye kinyarwana kandi baculira, ugasanga binyuze. Kuki hatogezwa mu Rwanda ubuhanzi nk’ubwo? Ese abanyarwanda bazaheruka ba sebatunzi, ba Rwishyura, na ba Senkuge gusa? Kuki umunyarwana agomba guhanga yiyise izina ry’umuzungu, jkandi Se wamubyaye yaramuhaye izina ryya Kinyarwanda yagombye guteza imbere likazajya mu mateka y’u Rwanda?

  • izinjyana ntizijya zimfasha kabisa. nimufane njye nikundira iza kabarira, sebatunzi na rujindiri. mwumvise ijyana iba mu Rutango cyangwa Ikigote?

  • Hakiza nawe Rugina, rwose mumvugiye ibintu pe!! iyaba bashinzwe umuco bumva ibi bitekerzo dutanze, bakabiha agaciro.

Comments are closed.

en_USEnglish