Digiqole ad

LIVE i Muhanga: Uko irushanwa rya PGGSS5 ryagenze

 LIVE i Muhanga: Uko irushanwa rya PGGSS5 ryagenze

Senderi niwe uyoboye abandi bahanzi mu dukoryo bigatuma n’abafana baba benshi cyane

23 Gicurasi 2015 igitaramo cy’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star5 kigeze mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga. Ni nyuma y’aho ibyo bitaramo bigomba kuzenguruka Intara zose z’u Rwanda abahanzi bose uko ari 10 bataramira abakunzi babo.

Abafana ni benshi cyane i Muhanga
Abafana ni benshi cyane i Muhanga

Primus Guma Guma Super Star, ni rimwe mu irushanwa rimwe rukumbi ribera mu Rwanda rifasha abahanzi mu iterambere rya muzika. Ku nshuro ya gatanu iri rushanwa riba.

Abahanzi bose uko ari 10 baririmo usanga nta n’umwe ufite urwikekwe rwa mugenzi we ugereranyije n’andi yaribanjirije mu bitaramo bimaze gutambuka ari bibiri.

Ku ikubitiro ibi bitaramo byahereye i Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba, mu gihe igitaramo cyakurikiye cyabereye i Nyamagabe ho mu Ntara y’Amajyepfo.

Ku nshuro ya gatanu haribazwa umuhanzi uzahiga abandi akegukana iri rushanwa dore ko harimo amazina menshi asanzwe amenyereye iri rushanwa ndetse n’andi mashya mu irushanwa.

Twabibutsa ko abahanzi nka, Jules Sentore, Knowless, Dream Boys, Active, TNP, Bruce Melodie, Senderi International Hit, Paccy, Bull Dogg na Rafiki Mazimpaka nibo bari mu irushanwa.

Abantu ni benshi
Abantu ni benshi
Nta nyota ku bantu bose baba baje muri ibi bitaramo
Nta nyota ku bantu bose baba baje muri ibi bitaramo
Urebye neza urabona iki muri aka kaziga?
Urebye neza urabona iki muri aka kaziga?
Knowless mu Ntara y'Amajyepho amaze kwereka bagenzi be ko afite abafana benshi
Knowless mu Ntara y’Amajyepho amaze kwereka bagenzi be ko afite abafana benshi
Uku niko yambaye bimwe mu bintu byashimishije abantu benshi
Uku niko yambaye bimwe mu bintu byashimishije abantu benshi
Anita Pendo uyu munsi yakoze wenyine Mc Tino yarwaye
Anita Pendo uyu munsi yakoze wenyine Mc Tino yarwaye
Trecy na Pacc bagize itsinda rya TNP ni bamwe m bahanzi bitabiriye iri rushanwa bwa mbere
Trecy na Pacc bagize itsinda rya TNP ni bamwe m bahanzi bitabiriye iri rushanwa bwa mbere
TNP nubwo ari ubwa mbere bitabira iri rushanwa, bamaze kugira abakunzi
TNP nubwo ari ubwa mbere bitabira iri rushanwa, bamaze kugira abakunzi
Abantu baje muri iki gitaramo ni benshi
Abantu baje muri iki gitaramo ni benshi
Active niryo tsinda ribyina rinaririmba mu Rwanda
Active niryo tsinda ribyina rinaririmba mu Rwanda
Itsinda rya Active ni riwe mu matsinda akunzwe cyane mu Rwanda
Itsinda rya Active ni riwe mu matsinda akunzwe cyane mu Rwanda
Primus niyo nzoga yitirirwa iri rushanwa
Primus niyo nzoga yitirirwa iri rushanwa
Abagize akanama nkemurampaka bose bahindukirira icya rimwe bareba uko umuhanzi yashimishije abantu
Abagize akanama nkemurampaka bose bahindukirira icya rimwe bareba uko umuhanzi yashimishije abantu
Ababyinnyi ba Senderi kuri stage
Ababyinnyi ba Senderi kuri stage
Senderi niwe uyoboye abandi bahanzi mu dukoryo bigatuma n'abafana baba benshi cyane
Senderi niwe uyoboye abandi bahanzi mu dukoryo bigatuma n’abafana baba benshi cyane
Yasimbutse ava hasi yambaye n'inkweto bakinisha umupira
Yasimbutse ava hasi yambaye n’inkweto bakinisha umupira
Si Primus gusa, kuko n'abatazinywa haba hari fanta
Si Primus gusa, kuko n’abatazinywa haba hari fanta
Bulldogg na Khalfan umufasha amajwi
Bulldogg na Khalfan umufasha amajwi
Bulldogg nwe muraperi uri muri iri rushanwa
Bulldogg nwe muraperi uri muri iri rushanwa
Usanga bose baba bafite inyota yo gukora ku muhanzi
Usanga bose baba bafite inyota yo gukora ku muhanzi
TMC na Platini bagize itsinda rya Dream Boys
TMC na Platini bagize itsinda rya Dream Boys
Dream Boys ni ku nshuro ya gatanu yitabira iri rushanwa
Dream Boys ni ku nshuro ya gatanu yitabira iri rushanwa
Urabona abantu bangahe muri ibi biti?
Urabona abantu bangahe muri ibi biti?
Bose amaboko mu kirere
Bose amaboko mu kirere
Paccy ngo ni umufana ukomeye wa Christiano Ronaldo
Paccy ngo ni umufana ukomeye wa Christiano Ronaldo
Paccy ni uku yari yambaye
Paccy ni uku yari yambaye
Ntahatiriza ijwi kuko anaririmba yiyicariye
Ntahatiriza ijwi kuko anaririmba yiyicariye
Bruce Melodie nawe ushobora kwirebera ivumbi ku mitwe y'abantu
Bruce Melodie nawe ushobora kwirebera ivumbi ku mitwe y’abantu
Bissoso ku byuma nawe afata pose
Bissoso ku byuma nawe afata pose
Rafiki mu njyana ya Coga Style abafana usanga bataramwiyumvamo neza
Rafiki mu njyana ya Coga Style abafana usanga bataramwiyumvamo neza
Rafiki ni umwe mu bahanzi witabiriye iri rushanwa ku nshuro ya kabiri
Rafiki ni umwe mu bahanzi witabiriye iri rushanwa ku nshuro ya kabiri
Nta cyaka ibyo kunywa biba binakonje
Nta cyaka ibyo kunywa biba binakonje
Jules Sentore nawe abafana be baje bazanye ibyapa bimwereka ko bamuri inyuma
Jules Sentore nawe abafana be baje bazanye ibyapa bimwereka ko bamuri inyuma
Jules Sentore niwe wasoje igitaramo
Jules Sentore niwe wasoje igitaramo
Jules mu muhamirizo aca umugara
Jules mu muhamirizo aca umugara

Photos/Muzogeye Plaisir/UM– USEKE

Joel Rutaganda
UM– USEKE.RW

8 Comments

  • ko mbona anita kano gakabutura kamubereye ra , iyi guma guma niya dogi dogi

  • Wapi, Hit bose arabarya! Udukoryo twe nitwo tunyica!!!

  • Aliko abaririmba indirimbo za gihanga bakoresha ibikoresho gakondo nk’inanga za gihanga n’ibindi, kuki batitabwaho, kandi ali bo u Rwanda rukeneye ngo narwo rutere imbere muli iyo ntera? Abanyharwanda natwe twahakulira, tukamenya kandi tukerekana natwe icyo, aho kwamamaza abanyamahanga!

  • yeho international Hit wanjye uzayitwara wowe gusa

    • internetional Hit Rayon sport nkuri inyuma

  • Komeza ubaryeudukoryo Senderi weee!!Nkurinyuma.

  • Uyu mwana utanga byeri mwaduhaye nimero ye ko hano USA ubugaragu butumaze?

  • dream boys OYEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEEE

Comments are closed.

en_USEnglish