Digiqole ad

PGGSS4: Igitaramo cy'i Ngoma uko cyagenze. AMAFOTO

Nyuma ya Rusizi, Nyamagabe, Huye, Ruhango na Kayonza,  PGGSS4  kuri uyu wa  Gatandatu  tariki ya 24  Gicurasi yakomereje  mu Karere ka Ngoma  mu Ntara y’Uburasirazuba. Abantu benshi, abahanzi bashyushye, ibyishimo muri rusange nibyo byaranze uyu mugoroba i Ngoma.

Abantu ni benshi kandi bishimiye cyane abahanzi
Abantu ni benshi kandi bishimiye cyane abahanzi
Abantu bitabiriye ari benshi
Abantu bitabiriye ari benshi cyane

Irushannwa ryatangijwe no gutombola uko abahanzi bari bukurikirane kuri stage basusurutsa abaje kubashyigikira hano mu Karere ka Ngoma.

Tombola yabaye; Amag The Black yabanje, Christopher, Dream Boys, Teta Diana,  Jules Sentore, Sendeli, Jay Polly, Bruce Melodie, Active na Young Grace baraheruka.

Amag Yatangiranye ingufu kuri Stage
Amag Yatangiranye ingufu kuri Stage
Yishimiwe cyane n'abafana b'i ngoma
Yishimiwe cyane n’abafana b’i ngoma
Christopher ni umuhanzi ukunzwe cyane n'urubyiruko
Christopher ni umuhanzi ukunzwe cyane n’urubyiruko
Christopher anezerwa cyane no kuririmbana n'abakunzi be
Christopher anezezwa cyane no kuririmbana n’abakunzi be
Abayobozi ba Bralirwa bakurikirana uburyo iki gitaramo kiri kugenda
Umwe mu bayobozi muri BRALIRWA bashinzwe iri rushanwa bakurikiranye uko biri kugenda
Platini wa Dream Boys arishimiwe cyane
Platini wa Dream Boys n’abafana ba Dream Boys
TMC wa Dream Boys nawe yashimishije abantu cyane
TMC wa Dream Boys nawe yashimishije abantu cyane
Dream Boys bagaragaje ingufu nyinshi kuri stage
Dream Boys bagaragaje ingufu nyinshi kuri stage
Inzoga ya Primus yitiriwe iri rushanwa yiganje hano, ariko ntihirengangijwe n'abanywa izidasembuye
Inzoga ya Primus yitiriwe iri rushanwa yiganje hano, ariko ntihirengangijwe n’abanywa izidasembuye
Pierro wa Bralirwa n'umuyobozi mukuru wabo baganira ku migendekere y'igitaramo
Pierro wa Bralirwa n’umuyobozi mukuru wabo baganira ku migendekere y’igitaramo
Teta yinjiye kuri Stage mu majwi yaririmbye muri Fata fata
Teta yinjiye kuri Stage mu majwi yaririmbye muri Fata fata
Teta bamugaragarije ko bakunda indirimbo ze
Umuhanzikazi w’ijwi ridasanzwe
DJ Bisoso niwe ugitanga umuziki muri ibi bitaramo bya PGGSS4
DJ Bisoso mu kazi
Jules Sentore yinjiranye imbaraga nyinshi kuri stage mu njyana ya Gakondo no mu ijwi rye ritagira amakaraza
Jules Sentore yinjiranye imbaraga nyinshi kuri stage mu njyana ya Gakondo no mu ijwi rye ritagira amakaraza
Jules Sentore yagaragaje ko injyana gakondo ikunzwe cyane muri iki gihugu
Jules Sentore aririmbira abafana i Ngoma
Si urubyiruko rwitabira iki gitaramo gusa n'abasheshe akanguhe baba bahari
Si urubyiruko gusa, abagabo basheshe imvi nabo baza kwihera ijisho
Umusaza uri aha bigaragara ko ari umuhanzi kuko yaje yitwaje umuduri we
Uyu musaza waje yitwaje umuduri we, ashobora kuba yaje nawe ari tayali kuririmba
Senderi yinjira kuri Stage imyambarire ye yatunguye benshi
Senderi yinjira kuri Stage mu myambarire nk’iy’abasiganwa ku magare
Senderi yagaragaje ko i Ngoma ari iwabo
Senderi yagaragaje ko i Ngoma ari iwabo
Jay Polly yinjiranye imbaraga zirenze izo asanzwe yinjirana kuri stage
Jay Polly yinjiranye imbaraga zirenze izo asanzwe yinjirana kuri stage
Jay Polly aracyagaragaza ko akunzwe cyane
Jay Polly aracyagaragaza ko akunzwe cyane
Mu mpande n'impande buzuye barasendera bitabaza ibiti kugirango babashe gukurikirana neza igitaramo
Abafana buzuye impande zose ba “Zakayo” (abagufi) burira ibiti ngo bakurikirane neza
Nta wita kuho akandagiye bita aho bashyira umutwe kugirango babashe kubona
Barakurikirana neza ibyo aba bahanzi baba bakora imbere
Abana bihagarariye hejuru y'iwabo kugirango babashe kubona igitaramo ntawubabyiga
Aba bo nitbigoranye kureba neza kuko bihagarariye ku rukuta rwo mu rugo. Amarushanwa yabasanze iwabo
Hari n'abahengerereza mu mashami y'ibiti
Mu mashami y’ibiti
Bruce Melodie yinjiranye imbaraga zikabije mu ijwi rye rikunzwe na benshi
Bruce Melodie yinjira  mu ijwi rye rikunzwe cyane
Melodie yanejeje abakunzi be cyane
Melodie yanejeje abakunzi be cyane
Active yagaragaje ubuhanga mu kubyina ndetse no kuririmba muri iki gitaramo
Active yagaragaje ubuhanga mu kubyina ndetse no kuririmba muri iki gitaramo
Olivis wa Active
Olivis wa Active
Tizzo wa Active
Tizzo wa Active
Tizzo wa Active
Derrek, aba basore bararirimba bagaceza bigacika
Young Grace niwe muhanzikazi wasoje igitaramo cyaberaga i Ngoma
Young Grace niwe muhanzi wasoje igitaramo cyaberaga i Ngoma
Young Grace imbere y'abakunzi bamuzika.
Young Grace imbere y’abakunzi bamuzika yambaye ikabutura n’inkweto zikoze mu bitenge

Ibi bitaramo bya PGGSS IV, biteganyijwe ko bizakomereza mu Karere ka Rwamagana n’ubundi mu Ntara y’Iburasirazuba tariki ya 31 Gicurasi 2014.

Photo/ M. Plaisir

 Roger Marc Ruti &  Joel Rutaganda
ububiko.umusekehost.com

0 Comment

  • Cristofer yambaye nezaaaaaa weeee much love hano India turi kubakurikira thanks mutugezeho uko bikurikirana cristofer keep going…….and young grace lv uu

  • thx to tate! so couarage !

  • thx to hit senderi! so couarage !

    • Senderi aracyari uwa 1 muri byose:udushya,umuziki,Courageeeeee!!!

Comments are closed.

en_USEnglish