5 Comments

  • Nibyo kuko bisigaye birenze ijisho

  • Ibyo nibyo;

    Baba baje kwiga ntibaba baje kwamamaza ubwo busa bwabo cyangwa kwicuruza.

    Nibige be gusamaza abandi!

  • mwaramutse ,imyambarere yerekana umuntu uwo ariwe .kandi niba abantu biga nibyiza kugira ubumenyi bushingiye kuburere.aha nibo uzabona umuntu afite ubmenyi ariko wa mureba uko yam,baye ugasanga ari I,izongwe,ukaba uatamuha akazi .abo bashiki bacu bo rero ni ibindi bindi kwambara ubusa nukwiyambika ibibashusha uko bateye bamaze kubigira umuco .nibambere ushaka kwambara ubusa ajye mumuhanda yerure ,ubwo ntacyo yazageza kubanyarwanda .ndetse nawe ubwe. ngo nukwigana banyamerika,kandi nabo byarabarangiranye nta burere bagira nibo batunzwe niyobyabwnjye nubutinganyi

  • uzi kubona umusore ngo arangije kaminuza ariko ugasanga ipantaro irenda kugwa,agenda aheneye abantu uzarebe muri za tax,afite umukandara ariko kuwambaza neza bikamunanira ariko kuri watsup niwe wambere.erega uwampa ubushobozi ngo uburezi mbushyira mumaboko yabihaye Imana ,kuko batanga ubumenyi nuburere.nubwo nabo banyuzamo bakavanga vanaga ariko sibenshi aho gukora ikosa uri umuswa warikora ufite ubwenjye kuko ubikora bitagutunguye.( naganiriye numuntu ndi muri amerika mubaza inkomoko ya poket down ngo barya bayambara baba ari abatinganyi noneho anus ikangirika kuburyo kwambara ipataro imufashe bimutoneka ,noneho akambara ayiregetse ngo idakoraho ikamubabaza ,nyuma abanyafurika bati ni style.ibintu byose bigira inkomoko pe iyumvire nawe twigana ibyo tutazi ok murakoze tubiteze amaso ariko I,irimo ni kimwe abaswa bazasigara abahanga bakomeze ndetse banabasige cyane,muraza kubona ababibitseho za lisanse ariko batabona akazi kuko nta burere,.ok

  • Hahhh ndabona Mudende yarabahaye inkuru kabisa!!

Comments are closed.

en_USEnglish