MINELA- Umuganda udasanzwe
Kuri uyu wa 28 Gicurasi 2011 Ministeri y’umutungo kamere ifatanije n’abanyarwanda bose iributangize icyumweru cyahariwe ibidukikije, bikaba bitegnijwe ibikorwa byo kwita ku bidukikije ndetse no guteza imbere umuco w’isuku bizkomeza kwitabwaho mugihe kingana n’ukwezi. Ibi twabitangarijwe na Ministeri y’umutungo kamere (MINELA) mu itangazo yageneye abanyarwanda bose kuri uyu munsi, nkuko mugiye kurisoma hasi hano uko ryakabaye.
6 Comments
ibidukikije ubu byarazutse mu rwanda kuko hari igihe ubutayu bwari hafi kudutera,none ubu usanga igihugu cyose cyarabaye icyatsi gusa.ni ukubyongera bikaba byinshi.
u rwanda ntiruteze kuzaba ubutayu ahubwo tema kimwe utere bitanu
ibiti by’imbuto nabyo bazabyibandeho,kuko uretse no gutanga akayaga n’invura bitanga umusaruro w’imbuto.
Turashimira cyane abafite ibidukikije mu nshingano zabo, uburyo bakomeje kubiteza imbere, hari igihe twari tugiye kuba nka Sudan, ariko bahise babigarura vuba. Bravo
ntabwo ari MINELA ni MINIRENA
yes turabishigikiye rwose
Comments are closed.