Digiqole ad

Kuwa 5 Gicurasi 2013

Abana bo mu muhanda bafite imibereho mibi cyane yiganjemo kutagira aho baba, kubura uburere, kubura urukundo rwa kibyeyi ndetse no kurya indyo yuzuyemo imyanda kandi nayo bayibona biyushye akuya.

Abana bo  mu muhanda basangirira ifunguro ryabo mu ikarito
Nubwo nta rukundo bahawe ariko ngo ibyo babonye barabisangira

Photo: Nyuzahayo Norbert

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected]

UM– USEKE.COM

0 Comment

  • Bazahabwa agaciro ryari? Na nde?

  • Mu Rwanda hari abana bakibayeho batya? Yewewe, hanyuma se abanyarwanda turava he tukajya he? Buriya wasanga, iruhande y’aho hantu bicaye, hari abafite ibya mirenge birirwa bamena ibiryo mw’iyarara. Yewewe, nizere ko ya bond ya US$400 izagira icyo ifasha abo bana. NDUMIWE KABISA!!

Comments are closed.

en_USEnglish