Digiqole ad

Kuwa 16 Gicurasi 2013

Uko imyaka irushaho kugenda ubuzima burushaho kugorana ndetse ifaranga rikarushaho kuba ingume ariko abantu bashakisha aho barikura.

Uyu mubyeyi ati: “Kuba muri Kigali ntibyoroshye ariko ngomba gushaka igitunga umwana wanjye nanjye ubwanjye, iyo batanyatse izi mbuto mbonamo ibidutunga”.

"Gucuruza imbuto ku gatebo nibyo bintunze n'uyu mwana wanjye"
“Gucuruza imbuto ku gatebo nibyo bintunze n’uyu mwana wanjye” Photo: Marcel

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected]

UM– USEKE.RW

 

en_USEnglish