0 Comment

  • HARI ABANDI BAZWI KU IZINA RYA ba PIMAKI!
    Fora ni ukubera iki?

    • EPIMAKE ni uko ari umupimyi

  • Gusa nyamuna bajye bibuka isuku kuko ni isoko y’ubuzima. Bagakwiye kujya bapimwa buri mezi atatu kimwe n’abakozi bandi bo muri Restaurants na za hotels kugira barebwe niba badafite indwara zandura batera abakiriya. Ikindi bakwiye kujya bakaraba intoki mu gihe bategura ibyo baha abakiriya kuko icyo maze kubona kandi kigiye kunca kuri restaurants n’utubari ni uko abo baziritsi usanga aba akaraba amafaranga n’ibindi bitampaye agaciro ndetse yamwe banava mu bwiherero ntibibuke gukaraba ari nayo mpamvu ubona kurya muri restaurant cyangwa mu kabari byongera inzoka. Byitabweho rwose kandi n’isuku y’ubwiherero bw’utubari isubirwemo!

Comments are closed.

en_USEnglish