Digiqole ad

INGIRAKAMARO: Umushinga wa Denise ni ingenzi ku bidukikije, ukanamubeshaho

 INGIRAKAMARO: Umushinga wa Denise ni ingenzi ku bidukikije, ukanamubeshaho

Amashashi agicibwa mu Rwanda hari benshi babibonye nk’ikibazo, Denise Mukarutete we yahise abitekerezamo igisubizo ku buzima bwe no ku buzima bw’ibidukikije, atangira uruganda rukora amashashi akavamo ibindi byangombwa nkenerwa mu buzima. Umushinga we ubu uri mu gaciro ka miliyoni zigera kuri 600.

Denise Mukarutesi avuga ko umushinga we hari aho ugeze mu kurengera ibidukikije
Denise Mukarutete avuga ko umushinga we hari aho ugeze mu kurengera ibidukikije

Uruganda rwe ruherereye mu kagari ka Kankuba mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge rukora imifuka ishobora guhunikwamo ibigori imyaka myinshi kandi bidahungiye, rukora imyambaro n’udukoresho bifasha abaganga kwikingira ntibandure mu kazi kabo n’ibindi….Kanda hano usome inkuru irambuye...

 

 

 

1 Comment

  • Uyu mubyeyi ahesheje Ishema ababyeyi be nubwo batakiriho kandi afite byinshi afasha igihugu, Imana ikomeze imwongerere imigisha!! nabandi babonereho bazamusange abahe kubumenyi no gutinyuka yifitemo!

Comments are closed.

en_USEnglish