Digiqole ad

Imyanya 3 y'Akazi ku Bitaro bya Masaka, Kigali, Rwanda – NTARENGWA: 31/03/2014

Imyanya 3 y’AKAZI ku Bitaro bya Masaka, Kigali, Rwanda – NTARENGWA: 31/03/2014

lbitaro bya MASAKA biramenyesha abantu bose babyifuza ko bishaka gutanga akazi ku myanya ikurikira:

1. Umwanya w’Umurimo: Umunyamabanga w’Umuyobozi w’Ibitaro (Secretaire de direction) (1)

Statut:  Sous Statut

Ibisabwa kuri uwo mwanya

A1 Secretariat

2.  Umukozi Ushinzwe Itumanaho (1)

Statut: Sous Contract

Ibisabwa kuri uwo mwanya

A0 in Computer Engineering and Information Technology.

3.   Umubaruramari (Accountant) (1)

Statut: Sous Contract

Ibisabwa kuri uwo mwanya

A0 Accounting

Abasaba akazi kuri iyo myanya bose bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:

Kuba a ari umunyarwanda, kuba afite uburambe mu kazi nibura bw’ imyaka itatu (3) ku byerekeranye n’u mwanya asabaho ariko by’akarusho kuba yarakoze mu bikorwa byerekeranye n’ubuvuzi, kumenya gukoresha mudasobwa, kuvuga neza ururimi rw’ikinyarwanda, icyongereza cyangwa igifaransa, kumenya izo ndimi zombi bikaba akarusho, kuba indakemwa mu mico no mumyifatire.

Dosiye isaba akazi igomba kuba yujuje ibi bikurikira:

  • Ifishi isabirwaho akazi yujujwe neza igaragara ku rubuga nva interineti :www.psc.gov.rw
  • Fotokopi y’impamyabumenyi
  • Icyemezo cy’umukoresha wa nyuma
  • Fotokopi y’indangamuntu (Carte d’Identité)
  • Equivalence ku bize mu bindi bihugu

Kwakira dosiye zisaba akazi bizatangira ku tariki ya 25/03/2014 mu biro by’ubunyamabanga bw’ibitaro bya MASAKA, bikazarangira tariki ya 31/03/2014 saa kumi z’amanywa (16h00).

Dr Marcel UWIZEYE

Umuyobozi wungirije w’Ibitaro bya MASAKA

 

en_USEnglish