Digiqole ad

Impamvu icumi zo gutana mu rukundo

Muri iyi minsi ingo nyinshi zisenyuka zidateye kabiri, nyamara umenye impamvu ituma zitaramba warinda urwawe ugasugira mu muryango uzira umwiryane . Dore rero impamvu icumi zo gutana mu rukundo:

10. Imibonano mpuzabitsina ni imwe mu mpamvu zishobora gutuma utandukana n’uwo mwashskanye aha ubushakashatsi bukaba bugaragaza ko 15,7% by’ingo zisenyuka biturutse ku kuba umwe mu bashskanye atabasha gushimisha mugenzi we neza igihe bakora imibonano.

9. Ikibazo cy’ubwumvikane buke mu miryagno ndetse no mu nshuti ngo gituma 18,9% by’ingo zisennyuka ahan go bikaba biterwa no kuba abagore batakira neza ababagana bityo ugasanga urugo atari nyabagendwa.

8 . Guhora mu ngendo z’akazi kuri bamwe mu bubakanye urugo bituma ingo zisenyuka kuko ngo ngo kuba kure y’uwo mwashakanye ari nko kubaho ntawe ufite Un déménagement a causé la rupture d’un couple chez 20,2% des femmes interrogées. Les relations à distance ne sont pas vraiment leur tasse de thé.

7. Umwuga cyangwa umurimo umuntu akora ushobora gutuma urugo rusenyuka aha ngo abagore bamwe na bagore ntibishimira kubona abagabo babo bahora ku kazi kamwe ngo banyurwa no kubabona bahindurirwa bagahabwa akeza gusumba ako bari bafite mbere.

6 . Kutagaragariza urukundo uwo mwashakanye AFFECTION : niba ushaka kurambana n’uwo mwashakanye,ugomba kumugaragariza ko umwitaho kandi umukunda kuko abagore bagera kuri 21,1% bava mu ngo zabo bitewe n’uko ngo abagabo babao bataberetse ko babitayeho.

5. Gushaka kubaho mu bwigenge : usanga abagore bagera kuri 21,1% baba bashaka kwiberaho nk’ingaragu.ngo nk ,uko hari abagabo baba bashaka kwiberaho mu bwigenge ngo babashe kwiteretera abandibakobwa, n’abagore rimwe na rimwe hari ubwo baba bumwa bashaka kuba ho bonyine.

4. Intonganya mu rugo : Intonganya ngo zaba zituma 29,1% by’abagore bahita gutandukana n’abo bashakanye kuko bataremewe kubana n’bo bashakanye bahora batererana amagambo.

3. Ikizere gike cy’uwo mwashakanye :ikizere nacyo ngo ni ikintu cy’ingenze ku bashskanye . ibi bikaba bituma abagore29% bahitamo gutandukana n’abagabo babo bitewe n’uko batabizera cyangwa se ko bababeshya

2. Guca inyuma uwo mwashakanye :36,6% by’abagore batandukanye n’abagabo babo bituruste ku kuba babaca inyuma . des femmes ont rompu parce que leur conjoint a été infidèle. Un résultat qui n’arrange pas la réputation des hommes…

1. Guharurukwa uwomwashakanye :ku mwanya wambere hari ukuba wumva uwo mwashakanye nta rukundo ukimufitiye waramuharurutse.ibi bikaba bituma abagore bagera kuri 39,7% bahitamo gutandukana n’abo bashskanye.

Umurerwa Solange
Umuseke.com

 

4 Comments

  • guys ndabashimira kuri ayo makuru mutugezaho,you are professionals!!!!ariko nko kuri iyi nkuru nifuzaga ko mwazadushyiriraho n’ibituma abagabo batandukana n’abagore kuko hariya mwibanze ku byabagore gusa.keep it up!!!!

    • Urakoze turimo kubikusanya vuba birakugeraho

  • Guys you’re really really good! Prepare yourselves to get some Awards in Rwanda.
    But i urge you to read you news before posting them on your website cause i used to see some spelling errors but it’s no a miracle cause i see it even at BBC’s website. by the way you’ll show that you’re real professionals.
    All the best

  • none nkamwe niki mwadufasha ko abagabo bakunda ibi mwatubwiye byose urumva hari ikosa umuntu aba akoze atanye nawe

Comments are closed.

en_USEnglish