Digiqole ad

“Esther ambabariye yareka ibyo arimo kuko ndacyamukunda”- Alpha

Mu minsi ishize havuzwe amakuru menshi hagati ya Alpha Rwirangira n’umukunzi we Uwingabire Esther ku gutandukana hagati yabo kandi bitegura kubyara  cyane cyane ko byageze naho Alpha yemera ko Esther amutwite inda ye y’imvutsi.

Alpha Rwiragira na Uwingabire Esther kuri Saint Valantin ya 2014.
Alpha Rwiragira na Uwingabire Esther kuri Saint Valantin ya 2014.

Nyuma yo kuvugwa byinshi hagati yabo, Alpha yahamije ko uwo umukunzi we yaba afite undi mugabo umushukisha kuba yamujyana hanze bityo akaba ari nabyo bituma imibanire yabo izamo agatotsi.

Yaje kuvuga ukuri kuri ku mutima we kuri Esther ndetse anasaba ko yafata umwanya agatekereza ku buzima bwe cyane kurusha gushukishwa ibintu bishobora kuyoyoka igihe  icyo aricyo cyose.

Mu kiganiro KT Idols Show na Shyne Andrew, Alpha yasabye Uwingabire Esther ko akwiye gutekereza bwa kabiri kuri gahunda afite mu mutwe we, ndetse ko akimukunda aniteguye kumwakira igihe cyose.

Yagize ati “Esther si umwana mubi mu bundi buryo. Nta nicyo mushinja mu gihe cyose nabaniye nawe ari umukunzi wanjye. Gusa ndamusaba gufata umwanya agatekereza ku buzima bundi adahubutse.

Ndabizi neza ko ashobora kuba ari abajyanama babi bashobora kuba baratumye ahinduka. Ariko nareke nzirerere umwana wanjye atwite aho kumushyira undi mugabo ngo anderere”.

Alpha Rwirangira akomeza avuga ko asigaje igihe gito akagaruka mu Rwanda kuko azasoza amashuri ye mu Ukuboza uyu mwaka kandi  ngo yiteguye gukora ibishoboka byose ngo arengere ubuzima bw’umwana we ndetse n’umugore we.

Joel Rutaganda

UM– USEKE.RW

32 Comments

  • Ariko ibintu byo kubana kungufu! Muba mujyira ngo muzadutungure twunmva ngo umwe yiyahuye cg yarangije undi!?
    Niba umukunze se we atagukunze? Arakuyibewe se? Ubwo nyine hari inenge yakubonyeho! Naho ibyo kubana abantu bahijwe na Leta mubiveho, niba mukundanye mubane niba ntarukundo umwe aceho undi aceho!

  • o ibintu byo kubana kungufu! Muba mujyira ngo muzadutungure twunmva ngo umwe yiyahuye cg yarangije undi!? Niba umukunze se we atagukunze? Ubwo nyine hari inenge yakubonyeho! Naho ibyo kubana abantu bahijwe na Leta mubiveho, niba mukundanye mubane niba ntarukundo umwe aceho undi aceho!

  • ariko abasore we!ariko Alpha ubwo iyo ujya mu itangazamakuru ukirirwa ushyira umukobwa wabandi hanze ukamugereka ho amakosa umwanduriza reputation uba wumva nta soni ugira? hano muri USA wirirwa urya abana ariko byo kuki utabivuga? abasore we! grow up

  • Ipfundo ry’urwango n’ubuswa rizingiye kuri ALPHA RWIRANGIRA ndetse akomeje gukora ubuswa ngo nubu star yandarika uwo akunda muri media…, Jooo suko batereta !!!!

    Alpha yateye inda.., ati nzarera ok ariko ntibigagije ku mwari w’i Rwanda kuko akeneye ubukwe Alpha ntabikozwa.

    Alpha iga kugira ubutabazi umenye ko habaho ibihe bikenera urgence nkubu uyu mukobwa akeneye ubukwe kata muri manufacture ucape job 4h par jour uze ukore ubukwe twese nigutyo byatugendekeye kandi tubyikuramo kigabo tudasebye.

    Alpha kuko umukobwa abona ugisinziriye jandi akeneye iterambere ryihuse urabizi Kigali usafite libe uraseba noneho umukobwa akibona akururana nu ruhinja ko byaba bipfuye.

    Alpha ibuka yuko turi mu buzima bumeze nka competition, uriya mu bigxa uguteretera umugore jye muzi iburayi nta blague agira ku nkumi izo yabeshye ni nyinshiiiiii sooo iba yageze ku wawe nutava hasi ngo uve muri bla bla bla blaaz ukore ibikorwa umugore aramugutwara nubwo nta kizima nawe azamumarira nkurikije uko muzi ateye !!!!

    Alpha rwose uranyishe…, najyaga nibwira yuko uri umunyamujyi kumbi uri YUNGWE mbi mbiiiii …,hamagara umukobwa umukubite ingingo zikangura umutima ukunda mbere na mbere mwoherereze booking ya Hotel SERENA muvugane aryamye muri Jacousie umusabe imbabazi, umwereke ko wikosoye ugiye gukora ubukwe arahita akumva.

    Nurangiza bidatinze umusabe uti fungura compte bancaire ya couple yacu nu buntu ibyo umwoherereze 500$ nziko utayabura iba utinefaguza job ubwire rwose nakurangire aho ugacapa aho, buri kwezi ujye umushukashuka umwohereze utu$ Ashyireho urebe yuko atakurindira nka 5 mois mugakora ubukwe utiriwe wiyandarika muri Media.

    Kandi erega nti wabura uko ukora ubukwe, ikindi fasha umukobwa agere aho mu buryo bwa parrainage nibuze ni munaza gutura ino Kigali muzabe mufite ako gapapuro ubueima bwanze muzamuke mupagase mubeho.

    Jye mbona urimo wiyicira umugisha Alpha urasa nkusinziriye utazi igihugu kirwana ni kindi kandi wakunze ibingwa itagona iri maso ikeneye iterambere rero reka kwikunda ngo akurindire kuki se ???

    Ubuzima bwawe ni byifuzo byawe ntibigomba ku bloka ubuzima bwuwo mukobwa cyane cyane ko nta gikorwa umwereka uri muri za bla bla bla

    Naho ibyo ushinja uyu mukobwa ngo akeneye kwigira hanze …,et alors ???

    Ni de se utabikeneye keretse utazi ubwejye.
    Nabaye Canada hafi 10years nzi ibyiza ni bibi byo kuba hanze nkuko
    Nawe wabyirutseho ukahajya nawe niko abyifuza wowe mukorera mariage atuze nubushaka ukore parrainage agusange yo nibuze agire papier zaho ubundi muze Wkigali mukore nibyanga musubire gupagasa USA gusa icyo nabibutsa gutura hanze aho igihe kinini nta nyungu ibamo urasara gusa ukicwa no kudakira nu kurya kuryama kwivuza.

    Sooooo ALPHA widusenya nk’abagobo tereta umwana ushyizemo udukorwa twu bwejye arahita ahyaho uve muri media.

  • Ipfundo ry’urwango n’ubuswa rizingiye kuri ALPHA RWIRANGIRA ndetse akomeje gukora ubuswa ngo nubu star yandarika uwo akunda muri media…, Jooo suko batereta !!!!

    Alpha yateye inda.., ati nzarera ok ariko ntibihagije ku mwari w’i Rwanda kuko akeneye ubukwe Alpha ntabikozwa.

    Alpha iga kugira ubutabazi umenye ko habaho ibihe bikenera urgence nkubu uyu mukobwa akeneye ubukwe kata muri manufacture ucape job 4h par jour uze ukore ubukwe twese ni gutyo bya tugendekeye kandi tubyikuramo kigabo tudasebye.

    Alpha kuko umukobwa abona ugisinziriye kandi akeneye iterambere ryihuse urabizi Kigali udafite ligne uraseba noneho umukobwa akibona akururana nu ruhinja ko byaba bipfuye.

    Alpha ibuka yuko turi mu buzima bumeze nka competition, uriya mu bigwa uguteretera umugore jye muzi iburayi nta blague agira ku nkumi izo yabeshye ni nyinshiiiiii sooo iba yageze ku wawe nutava hasi ngo uve muri bla bla bla blaaz ukore ibikorwa umugore aramugutwara nubwo nta kizima nawe azamumarira nkurikije uko muzi ateye !!!!

    Alpha rwose uranyishe…, najyaga nibwira yuko uri umunyamujyi kumbi uri YUNGWE mbi mbiiiii …,hamagara umukobwa umukubite ingingo zikangura umutima ukunda mbere na mbere mwoherereze booking ya Hotel SERENA muvugane aryamye muri Jacousie umusabe imbabazi, umwereke ko wikosoye ugiye gukora ubukwe arahita akumva.

    Nurangiza bidatinze umusabe uti fungura compte bancaire ya couple yacu nu buntu ibyo umwoherereze 500$ nziko utayabura iba utinefaguza job ubwire rwose nakurangire aho ugacapa aho, buri kwezi ujye umushukashuka umwohereze utu$ Ashyireho urebe yuko atakurindira nka 5 mois mugakora ubukwe utiriwe wiyandarika muri Media.

    Kandi erega nti wabura uko ukora ubukwe, ikindi fasha umukobwa agere aho mu buryo bwa parrainage nibuze ni munaza gutura ino Kigali muzabe mufite ako gapapuro ubuzima bwanze muzamuke mupagase mubeho.

    Jye mbona urimo wiyicira umugisha Alpha urasa nkusinziriye utazi igihugu kirwana ni kindi kandi wakunze ibingwa itagona iri maso ikeneye iterambere rero reka kwikunda ngo akurindire kuki se ???

    Ubuzima bwawe ni byifuzo byawe ntibigomba ku bloka ubuzima bwuwo mukobwa cyane cyane ko nta gikorwa umwereka uri muri za bla bla bla

    Naho ibyo ushinja uyu mukobwa ngo akeneye kwigira hanze …,et alors ???

    Ninde se utabikeneye keretse utazi ubwejye.
    Nabaye Canada hafi 10years nzi ibyiza ni bibi byo kuba hanze nkuko
    Nawe wabyirutseho ukahajya nawe niko abyifuza wowe mukorera mariage atuze nubishaka ukore parrainage agusange yo nibuze agire papier zaho ubundi muze kigali mukore nibyanga musubire gupagasa USA gusa icyo nabibutsa gutura hanze aho igihe kinini nta nyungu ibamo urasara gusa ukicwa no kudakira nu kurya kuryama kwivuza.

    Sooooo ALPHA widusebya nk’abagobo tereta umwana ushyizemo udukorwa twu bwejye nu rukundo arahita ajyaho uve muri media.

  • Ndemezeza neza ko miri izi commentaire harimwo iya Esther,naho kuvuga ko yamwandaritse nimwe mubyivugira

  • Barahaze di umwijuto wica nk inzara

    • Uvuze ukuri rwose!

  • @ KWIZERA ; muvandi iyajye nayanditse nk’igitekerezo cyajye bwite abo babingwa sinabazi uretse ko batubwiye ibibazo byabo hano muri media.

    @ ALINE: aba babingwa su guhaga ahubwo ni experience nkeya k’ubuzima bafite !!!
    Ubu ALINE ahanganye no kujya USA arabiterwa nuko yibaza yuko ari paradis iyo amenya uko abariyo babayeho nka bayaya na baboyi agasobanukirwa nuko ubaho mu rwego rwo hasi nkuko umukarani nu muyaya babayeho ino muri africa ntiyasizorera kujya Ibyrayi cg USA

    ALPHA nawe ntazi uburyo umugabo yikura mu kibazo nkiki kigabo atiteje ab’ isi kandi akegukana uwo mugore yifuza.

    Rero nibegere incuti zabo zibagire inama zubaka.

    • @Kwizera,Aline,Munyarwanda….mufite ukuri ariko burya ukuri kwiza gufite abo 2 bakundanye! nabo batitangiye nabi(baterana Inda)kandi batarumvikana ukuntu bazabana,abana bazabyara….umwe muri USA ashaka ubuzima Undi mu Rwanda ashaka nawe ejo heza. Ester afite umwana ubu ni fillemère si wa mukobwa miss!!!!Oya, nuwamukunda ubu yamutwarana numwana we (2) si wa mwali wa kera. Alpha nawe yivuyemwo nabandi bakobwa ubu baramumenye si wa musore w´ikinyabupfura nyarwanda….oya, gutera no kureka uyu mukobwa. Ariko ukuri ni ukwa(2).Kuko niba uyu mukobwa yakunze uwundi BASHOBORA KUBANA HANZE, akaba yakuretse warana muteye inda, nubwo mwabana ntirwakomera. Mwaba mwubakiye ku mwenge, urwikekwe…nibindi.Alpha yabizanye mwitangaza makuru kugirango yumvishe uyu mukobwa ko adatinya kuvuga bose bumva,mbega ni AKARURU KURUKUNDO. Nabababwira gushakira ahandi kuko ibyabo byapfibye bakibitunganya(planning), Alpha we kurera umwana nyina agufata nku muboyi ari munzu byagushimisha???Ester gukora ubukwe nuwo udakunda byagushimisha cyanne ko nzi Ester afite abamukunda benshi nkuko Alpha afite benshi bamushaka…..abo bose na ba ambiance(abaza iyo ibintu bimeze neza), ariko ubu mukwiye gushaka uuzima bwanyu(long term), umukunzi wukuri wagira”umugabo/umugore” muve kuri COPINAGE….

  • Alpha akeneye kuba mature bihagije. Ntaho muzi ariko nakomeje kujya musoma muri media mbona atarakura rwose. Esther niba ufite indi opportunity fatiraho ubuzima ni akazungu di. Bangahe se babeshye ko bakundana wagerayo akagutesha umutwe. Ari urukundo ukarubura, ari cash ukayibura. Va ku musenzi niba ufite aho wakugama uyu muyaga. Courage ma belle

  • Ubu se uyu muhungu yabonye nta kindi yakora uretse kwandikisha uwo mukobwa mu binyamakuru? Niyo baba batarashwana ibi bonyine byabateranya bikanabatandukanya burundu! Abantu bigiza abastars bibagirwa ko ari Abanyarwanda aho kuba Abanyamerika kuko umuco wo mu Rwanda ufite ibyo wemera n’ibyo utemera. Ikindi ni uko mu bintu byose ariko cyane cyane mu rukundo haba hagomba kubamo KUBAHANA!

  • Aya magambo ya ALPHA nayabonye mu nkuru ku inyarwanda.com,ndicecekera ariko aha sinasiga ntagize icyo mvuga kuriyi ngirwamusore.

    Niko sha ALPHA, mumutwe wawe wumva ukomeye? aziko itangazamakuru ribamamaza tukagirango muri abantu naho ari ibisenzegeri bigenda!!
    Hari indirimbo Ben NGANJI yaririmbye ngo ” nabonaga uri umutype naho n’ama pantalo agenda”.
    Wafashije uwana w’abandi hasi ko yagukunze aziko uri umugabo wowe ukamwereka ububwa bwawe!!
    Ese nkubwo ari mushiki wawe bibayeho wamugira inama nkiyo uri kugira Ester?? ko waruziko utarakura se wamuteraga indayiki? ntasoni ngo umwana nabyarire iwabo arere uwana wawe!! abaye umuyaya wawe se?
    Wowe udakunda hanze se wagiyeyo gukoriki ntube waragumye ikigali? ayo mashuli ubeshya ko wiga se rero Esther ubona atamubera??

    Esther ntawamurenganya kuko ntawe unanira umushuka sinon yakabaye yaratahuye ububwa bwawe kera.
    Gusa yiyemeje kukwihorera kuko yasanze nta mumutwe ufite,wibishimangira rero vana amagambo mu itangazamakuru.
    Uwakubona wifotoza wiriza kuri Aeroport aguherekeje,tukagirango n’urukundo rwinshi warumufitiye naho ni uburyarya n’ubuhemu!!

    Vana amagamo muri média kuko uri kwereka ububwa bwawe n’abakakugiriye ikizere.

    Esther rero ni mwiza umwana azamubyara amurere kandi azabona umugabo w’ukuri utabunza imisatsi n’ubu lunettes bw’amafuti

    • uyu ni esther pe hahahahah

  • Alfa we sha nibe nawe akwanze waramuriye ukumva uko anurira! Ariko agomba kuba aryoshye azirekura fresh nkurikije uko yakuvugishije menshi! Yayaya agombe kuba anurira kabisa! Ese nta dufoto wamufashe ngo umukangishe ko natagukunda by force uza kumugira aka desire luzinda?!! Nge ndiwowe nabikora! Sha uzi umuntu ukubonja wakumva biryoshye akanga ko ugura? Cyakora nawe uri akagabo, ibaze iyakwanga utaranamurashe amaturu? Wari kwiyahura tu nka wamusalo wi Ruhanda kwa mpandahande! Ngutuye igisigo cyumwami mazimpaka cyitwa singikunda ukundi kuko ibyo nkunze bitankundira!!! Ubu nge nange nabivuyemo…nukuntu uri umuhatari koko ukarizwa numukobwa? Yewe ubanza nikuzimu barira Ku mugani! Sha va mubitsina ibyo bikora abahaze hato bariya bayobozi baguhaye bourse batisubira bakavugako wabaye trop gate!!! Simbikwifurije ariko bariya bantu ntibakina!!

  • Eheeeeyi mbivuga ngo nayanjye,arko se umuntu muzima unanirwa no gushaka umuti wi kibazo ngo gikemuke ahubwo ukirirwa ubunza amagambo muri media?ubuse wiga iki koko?niba kumvikana nu mukunzi wawe bikunaniye mureke umuhe amahoro,we ko ya yaguhaye uramushaka ho iki?ubuse urareba ugasanga nyuma yi bigambo umushyizeho byose aricyo cyatuma agaruka akagusanga?sha uri mbwa kbsa niba aruko utekereza gusa nkugiriye inama nku muntu wu mugabo,ubaha umuntu ugutwitiye umwana ni bura azagire ubushake bwo ku mukwereka naho ubundi ibyo uvuga ngo akurindire uri gusetsa abantu,kuko se mwasezeranye cg kuba mwarifotozanyije ugirango birahagije?muvandimwe ndagukunda kdi nanjye byambaho arko si nakora nkawe.reka kwishyira aheza kuko esther aramutse avuze ashobora kuvuga byinshi rero niba byarakunaniye ku mujyana mureke agende nabyara uzajye mu manza zu mwana ark yavutse kdi kuvuga ngo ajyi ku kigabo kibi kizamuhemukira wowese iyo agusanga wajyaga ku mubera malayika?

  • HARI UBUSHAKASHATSI BWEREKANYE KO HEJURU YA 90 KU IJANA BY’ABAKUNDANIRA KU KARUBANDA NTABWO IBYABO BIMARA KABIRI…

  • Imana nizera ninyembabazi yabababarira mwembi kdi ikabahindurira amateka ndifuza kubasaba kuyegera ari Alpha na Esther.twese turabantu kdi turakosa ariko ikibazo gikomeye nicyaha kurusha Ingaruka zacyo Yesu yiteguye kubabarira nimumwegere.mwabana mutabana nimwiyunge n’Imana kdi uwomwana Imana yamuremye Idatunguwe.Izi ubuzima bwe kubarusha.Yeremiya3:12

  • Amarira yange atemba ajya munda! Nonese ko amarira yawe atari kujya munda? Ariko gukunda birasuzuguza koko! Urabona agaciro utaye hejuru yigitsina! Aho kugirango mbe babiloni gutyo najya niterera akanyamerika kugeza nkozubukwe cg nkajya nirongorera makangu ziruzuye! Apu ester ubona afite ikiryoshye kuruta abandi?

  • Shaaa MBABAZI weee have sigaho, mu buzima haraho ugera ukarambarara uti nuyu nta wundi ,ntaho agihishe iba yatakambye atya nuko yemeye.

    Makangu se sha ukazubaka ryari ???

    Jye mbona Alpha afite ibibazo bibili:
    – ntazi uburyo badraga umwana akajyaho.
    – nta experience ifatika y’ubuzima afite

    Mube aribyo mu mwigisha iba akeneye uriya mugore.

  • Mbega Ndumiwe koko! !Gusa umugisha uza rimwe mubuzima. Naho kubyara ntakibazo nukuri pee ndetse kuba Kitoko abyemera ntago byamutera guta umutwe ngo ndashaka kubyarira iwabo. Aho gushaka undi mugabo mfite inda nabyara uwo twabyaranye yanyanga nkabona kuzashaka undi nyuma ndebye ko umwana yasigara na maman cyg nabandi bavandimwe bajye. Esther please ihangane ntakosa wakoze kandi uzaba ho nezaa shuti ariko ntiwishire mubibazo ngo urabana na Pascal.bishoboka ndaguhamagara nkakubwira uwo Pascal ibye byose wakumirwa.humura mukobwa mwiza uzaba ho nezaa nyuma yibibi haza ibyiza.

  • Ndagirango nshimire umuntu yitwa munyarwanda . Mubyuri Comment zawe ndazikunda haba mu madini , politique, jeunesse mbese Imana ikumpembere . Nemeranywa nawe igihe cyose Pé . Ejo bundi hari uwihaye kugutuka , narabibonye ndinumira ariko uwitwa rudomoro yamufunze umunwa nubwo gutukana aricyaha . Gusa najye icyo mbona alpha yananiwe kwemeza umwana , yihaye kumutera inda bimwe byabo ngo ndamufatishije kumbe hari abazi agaciro k’ inkumi di . Azakurera kandi atunge numugore we ureke weho wirirwa uta umwanya muri media . Kumwishyurira inzu se nkuko wabivuze ku nyarwanda bivuze ko wamutwaye kumurenge mugasezerana? jyenda ugumane na makangu Nizo zikeneye uzifatira geto , relatie umwana asabwe akobwe nkabandi bakobwa umwana nuwawe kandi ndumva utamufitiye impuhwe kurusha nyina .

  • Bezza muvandimwe reka nkubwire ujyiye ureba umuntu uko ateye wasanga buri muntu ari mubi bitewe nuko umuzi,wowe niba uzi pascal na esther azi alpha kdi burya umuntu mwabanye ukajyeraho mugatandukana uba umuzi wese

  • yewe alpha kuba agutwitiye umwana ntibivuze ko ari umucakara wawe, kandi kuba mwarakundanye ntibivuze ko yari yarabaye uwawe. Numvishe bamwe bagushinja kumuca inyuma aho muri amerika ibyo simbitindaho. Gusa ntuzi gukemura ibibazo, umukobwa yarakwanze tegereza umwana avuke uzanjye umusura nkuko abandi bose babigenza noneho namara gukura wenda uzaburane umutware kandi umukobwa naba yaragiye ubwo uzanjya umusura gusa. Niko begenda iyo ukoze amakosa ugomba kwirengera ingaruka, ubutaha ntuzasubiremo amakosa wakoze. Ubuse iyo aba yarakwanduje sida wari kuba uvuga ibingana iki? Umusore nkawe ufite impano ikomeye gutyo, ukaba urangije kaminuza muri amerika, kandi ukaba ufite izina ryiza hano mu Rwanda nta soni ukaryamana n’umuntu mumaze umwaka mutabonana maze mukaryamana utikingiye sha? usibye nibyo gutera inda uziko ubuzima bwawe bwarangira muri rimwe. Amakosa yarabaye reka kubangamira undi mwana utuze umwana nuwawe ntawumukwatse ariko siwowe buzima bwa esther reka abeho.

  • ????!!!!!!!

  • Nangwa nawenibura anagira icyo avuga nabandi bakamenya ibyaribyo,hari abandi batera abagore amada akakwizeza ibitanganza hanyuma ukamuheruka avuga ibyo ,ubundi ukarera we akaruca akarumira ukibaza niba yarabyaye umuntu utazakura ngo abaze amakuru ye nuwamubyaye bikakuyobera gusa bitanga amasomo meshi kandi bituma umenya uko abantu tateye haba mubugomeno mubindi ,ese umuntu ntacyo abuze ,si umukene si umwana ,si ubwenge buke ,ukayoberwa ikimurimo ,kandi aho abamubona bakagirango ni igihangange igihange se kitamenye agahinja ,namenye uko bwakeye ,nuko yiriwe harya ubwo aba ari muntu ki? rwose alpfa mumuvuge buke hari abasumbije ububwa nkuko hari ababimwise,gusa jye siko nabimwita kuko wa mugani ari no mumasomo yabuze amahitamo ku myaka afite.

  • Ninde wamubwiye ko Inda ari iye ariko? Aho yaba yarayinyujije uwo musaza w’i burayi we ntiyayihageza?? Wabona umukobwa arimo ayishyira nyirayo

  • Bombi nibazako bakundanye batazi ibyo barimo. Alpha ati ndi star reka mfatirane Esther… Esther nawe ati star niwe we kabisa reka mfatirane kandi ibyanjye byose ndabiguhaye hari n’igihe wazanjyana hanze. Byose birabuze…. amagambo aratangiye…..Nuko mwaraguriranye . Uwo mwana nawe niba ari uwawe koko Alpha ubwo azafata umurage mumuhaye…..

  • ummwana amenywa na nyina ibyo kwibeshya aho uri i burayi ngo inda ni iyawe wasanga wibeshya cyane.wibaza ko se muri kigali nt bandi bazi gutera inda cg uwo mugabo bashaka kubana we ntiyayitera.naho ibyo kumuzirika ku katsi ngo nabyare akurerere si umuboyi wawe, nibawarananiwe kumusaba ngo ukwe bagushyingire nta mugabo ukurimo.kandi no kumushyira ku karubanda nta butwari burimo.urimoumusebya nawe utiretse.

  • twajyaga tukwemera nkaho mu mutwe wawe ni zero.nakureke nubundi ntacyo wazamumarira.

  • @ Fany : mbonereho umwanya nkuramutse ngushimire no kuri compliment …,umunsi mwiza kuri mwese basomyi b’UM– USEKE.COM

  • Ndemeza neza ko Esther yatangiye kumenya iby’iyo bihemu ngo ni Pascal.

    Nabitubwire kuko tuzi neza uwo Pascal uko tumutunze.

    Indaya, umubeshyi, umunyeshyari, gateranya, umujura.

    Bye bye.

Comments are closed.

en_USEnglish