Abantu batanu bafite uburwayi buteye kwibaza
Abanyarwanda baravuga ngo umubiri ubyara udahatse, hari indwara zimwe na zimwe ziba zaravumbuwe n’abahanga mu by’ubuvuzi ndetse banazishakira umuti, ariko hari indwara zitera kwibaza byinshi cyane kubera uko ziba ziteye cyangwa se zifata. Twabakusangirije indwara zarwawe n’abantu batanu zibajinjweho byinshi nkuko tubikesha urubuga oddee.com.
- Umugore wagiraga ubushake bw’imibonano mpuzabitsina inshuro 200 ku munsi
Uyu mugore witwa Sarah Carmen afite imyaka 24 y’amavuko akaba arwara indwara yitwa Permanent Sexual Arousal Syndrome (PSAS) ituma imitsi yohereza amaraso menshi mu myanya myibarukiro, bituma agira ubwo bushake kenshi cyane buri munsi.
- Umugabo utumva ubukonje namba
Uyu ni umuholandi witwa Wim Hof bahimbye izina rya Iceman ugenda hejuru y’urubura akaba yanarwirundaho umubiri wose
- Umwana umara amasaha 24 y’umunsi adasinzira imyaka myinshi
Rhet Lamb afite uburwayi bwitwa Chiari syndrome budakunze kuboneka
- Umukobwa ugira allergy ku mazi
Uyu mukobwa yitwa Ashleigh Morris akaba atakwikoza n’igitonyanga cy’amazi,ntashobora kwoga muri piscine ndetse n’ahandi hose yahurira n’amazi.Akaba nawe afite uburwayi budakunze kubonaka bwitwa Aquagenic Urticaria.
- Umubyeyi udashobora kwibagirwa na gato
Uyu mubyeyi yitwa Jill Price afite afite imyaka 40, iyo ufashe nk’imwe mu matariki y’imyaka yashize ukamubaza ibyo yahakoze arabikurondorera ntacyo yibagiwemo.
Corneille K. Ntihabose
UM– USEKE.COM
9 Comments
ibi byose ni ibimenyetso by’uko yesu kristo ari hafi kugaruka. tube maso.
Ibi ubihuje ute n’inkuru ?
jyenamukiza
Ba rupfubuzi badusenyera bagana uriya mwari wagowe wenda ko bamumara inambu
Ewana nge mbabajwe nuri ya mwari pe’ Ubu se ntagira odeur mbi?Nashakishe udufaranga twa Mutiweli yivuze naho ubundi araye ari bubure umugabo
abaganga bakwiye kutubwira uko ziriya ndwara zavurwa kuko buriya zibangamiye abazirwaye.
Sarah Carmen we namuvura nkoresheje umuti nyogokuru wanjye yansigiye,ni umuti gakondo ubwo mubishatse mwampa contact ze
Nakwibarizaga niba ushobora kumuvura atakwegereye. jyewe uwo yansigiye mwinjiza mucyumba ubundi ngafunga nkawumuha harimo akaziki gacye…..
indwara ntagihe zitabayeho,
niyompamvu abashakashatsi bataryama.kandi twibukeko tudateye kimwe.
ubuse usibye kurindagira,ibimenyetso byibihe avuga ngo yesu,ibyo bihuriyehe nibi,ntagihe kuriyisi hatabayeho udushya plz
Comments are closed.