Loni yongerereye igihe MONISCO muri congo
Nyuma yimyaka 12 muri repubulika iharanira demokarasi ya congo MUNISCO ingabo za loni zihamaze byari bitegenijwe ko iyi misiyo irangira muri uku kwezi none loni yayongereyoho undi mwaka .
Muri gahunda ya loni harimo ko FARDC ingabo za congo zaterimbere mugucunga umutekano wigihugu nabagituye. Kuberako loni idahari abaturage ntamutekano baba bafite kubera inyeshyamba nyinshi usanga zibereye mumashyamba ya congo zihungabanya umutekano wabo hano igihangayishije loni ni urugomo ubwicanyi ndetse no gufata kungufu usanga byibasiye abagore .
Ikindi kandi ugasanga inyeshyamba ziyongera kubera amabuye yagaciro usanga zicuruza noneho bigatuma intambara idahosha cyane cyane muburasirazuba bwi icyo gihugu . abarenga miriyoni eshanu bamaze kuhasiga ubuzima naho ibihumbi n’ibihumbi ni impunzi .
Umuseke.com
1 Comment
iyo witeereje umusaruro w’izi ngabo za UN n’umubare w’amamiliyali azigendaho usanga ari ntawo barutwa n’abadahari,dore nta munsi fdlr itirenza abanyekongo,bigaragare ko aho kugabanuka byiyongera.
Comments are closed.