Digiqole ad

Gakondo Group yagarutse mu bitaramo bihoraho

 Gakondo Group yagarutse mu bitaramo bihoraho

Teta Diana yasogongeje abakunzi be kuri album ye nshya.

Nyuma y’igihe kinini nta bitaramo bakora, Gakondo Group yongeye kugarukana imbaraga mu gitaramo yaraye ikoze ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu.

Jules Sentore na Teta Diana baririmbana.
Jules Sentore na Teta Diana baririmbana.

Abahanzi Jules Sentore, Teta Diana wari umaze amezi menshi Iburayi n’abandi baririmba gakondo bishyize hamwe muri ‘Gakondo Group’ bongeye kugaruka bari bakumbuwe.

Teta Diane wagaragaye muri iki gitaramo bisa n’ibitunguranye yishimiwe cyane n’abakitabiriye, ndetse nawe abasogongeza ku muzingo w’indirimbo we mushya

Iki gitaramo cyitabiriwe n’abantu benshi, barimo n’abahataniraga ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017, ndetse na Miss Rwanda 2017 ubwe yari ahari.

Cyari igitaramo cyiza, kirimo abahanzi b’abahanga n’ubwo cyaje kurogowa n’imvura yaguye bitunguranye.

Teta Diana wari ukumbuwe cyane mu Rwanda yaririmbiye abakunzi b'injyana gakondo.
Teta Diana wari ukumbuwe cyane mu Rwanda yaririmbiye abakunzi b’injyana gakondo.
Yvan uririmba indirimbo zihimbaza Imana mu njyana gakondo.
Yvan uririmba indirimbo zihimbaza Imana mu njyana gakondo.
Jules na Yvan bafatanyije gushimisha abari muri iki gitaramo mu ndirimbo ihimbaza Imana.
Jules na Yvan bafatanyije gushimisha abari muri iki gitaramo mu ndirimbo ihimbaza Imana.
Bamw mubacuranzi ba Gakondo Group.
Bamw mubacuranzi ba Gakondo Group.
Mukabagabo caline ndetse na Uwase Hirwa Honorine 'Igisabo' bari muri Miss Rwanda 2017 nabo bari muri iki gitaramo.
Mukabagabo caline ndetse na Uwase Hirwa Honorine ‘Igisabo’ bari muri Miss Rwanda 2017 nabo bari muri iki gitaramo.
Abantu bari benshi muri iki gitaramo.
Abantu bari benshi muri iki gitaramo.
Jules na Teta nyuma y'igihe kinini batabonana bahoberanye nyuma yo kuririmba indirimbo bakoranye.
Jules na Teta nyuma y’igihe kinini batabonana bahoberanye nyuma yo kuririmba indirimbo bakoranye.
Jules Sentore aririmbira abakunzi ba Gakondo bataherukanaga.
Jules Sentore aririmbira abakunzi ba Gakondo bataherukanaga.
Umwe mubagize Gakondo Group nawe ahogoza.
Umwe mubagize Gakondo Group nawe ahogoza.
Abantu bari benshi muri iki gitaramo.
Abantu bari benshi muri iki gitaramo.
Jules Sentore na Teta Diana baririmbana.
Jules Sentore na Teta Diana baririmbana.
Teta Diana wari umaze igihe kinini aba Iburayi yari yagarutse.
Teta Diana wari umaze igihe kinini aba Iburayi yari yagarutse.
Teta Diana yasogongeje abakunzi be kuri album ye nshya.
Teta Diana yasogongeje abakunzi be kuri album ye nshya.
Teta Diana yaririmbiye abakunzi be indirimbo ze nka Velo n'izindi.
Teta Diana yaririmbiye abakunzi be indirimbo ze nka Velo n’izindi.
Teta Diana wari ukumbuwe cyane mu Rwanda yaririmbiye abakunzi b'injyana gakondo.
Teta Diana wari ukumbuwe cyane mu Rwanda yaririmbiye abakunzi b’injyana gakondo.
,Miss Heritage 2017 'Igisabo' nawe yari ari muri iki gitaramo.
,Miss Heritage 2017 ‘Igisabo’ nawe yari ari muri iki gitaramo.
Abantu bari baje ari benshi.
Abantu bari baje ari benshi.
Abakunzi b'injyana gakondo bari baje kwirebera ibyiza byayo.
Abakunzi b’injyana gakondo bari baje kwirebera ibyiza byayo.
Bamwe mybagize Gakondo Group.
Bamwe mybagize Gakondo Group.

Photo: E. Mugunga

Evode Mugunga
UM– USEKE.RW

1 Comment

  • gisabo?? umuntu yitwa uko ?

Comments are closed.

en_USEnglish