Digiqole ad

VIDEO: Imvururu zabaye ku mukino wa Rayon Sports na AS Kigali

Kuri uyu wa gatanu tariki 25 Mata ikipe ya Rayon Sports yafatiwe ibihano bikomeye kubera imyitwarire ya bamwe mu bakinnyi bayo, abayobozi ndetse na bamwe mu bafana bayo. Uruhande rwa Rayon Sports rwasabiye imbabazi ibyabaye ariko ruvuga ko atari rwo rwonyine rwabigizemo uruhare.

Aya mashusho arahera kuri Penaliti abafana ba Rayon Sports bavuga ko umusifuzi Gervais Munyanziza yabimye, akageza nyuma y’imvururu zabaye, nubwo atari byoshye byabashije gufatwa na Camera.

Aya mashusho arahera ku isegonda rya 30.

Reba aya mashusho hano Paul NKURUNZIZA
ububiko.umusekehost.com

14 Comments

  • Nkurikije ibyo mbona muriyi vedeo,Police nayo ifite uruhare muriyi mirwano,kuko urebye ntago abakinyi baje barwana,ahubwo baje babaza arbitre,police yagombaga guproteja arbitre ariko nayo idahirika abakinyi,nkuko tubibona ukuntu steward ziburayi ziherekeza arbitre,kandi urebye neza urabona ko ariho haturutse imvururu kuriya guhirika abakinyi no kubakubita..Hakwiye amahugurwa yukuntu umutekano wa match urindwa,bitandukanye cyane numutekano wo mumuhanda,kuko kukibuga bisaba gusa kumenya uko u balanca tension yabafana.ntago arukuza uhondagura oyaa!!

  • UM– USEKE.COM ndabashimiye cyane kuri aya mashusho, aya ashobora guherwaho hatangwa ibihano aho guhera ku magambo y’abantu. Ikigaragara ni uko akavuyo katejwe ahanini na HAMISS CEDRIC nicyo njye mbashije kubona. Aho bahereye bahagarika abandi imyaka ibiri we agacibwa 50 000 gusa simpazi vraiement

  • so stupid iriya carte se yo yatewe n’iki buriya ra? uyu arbitre yishe byinshi

  • Ntimureba se ? aka kavuyo kose katejwe n’ umusifuzi ndetse na Police ifitemo uruhare n’ubwo ari rucye naho umundi aba rayons bose barenganye kabiri muzasabe amashusho yose kuri Television nibadashyira mu gaciro muregere na Muzee President kuko we nta maragamutima agira k’uwaba arengana wese ahubwo mubigire vuba kuko Muzee President azabarenganura byo turabizi kandi tubimuziih. na FERWAFA yose yakeguzwa kuko icyo babereyeho ntabwo ari uguteza amakimbirane mu mikino ahubwo kuyakemura!

  • Nkurikije ibyo mbonye hano vedeo,Umutoza wa Rayon na Cedrick nibo bafite  uruhare muriyi mirwano,iyo urebye umuvuduko wumutoza wa rayon asatira umusifuzi iyo police itahaba umusifuzi aba yarapfuye kabisa. baje bizeye gutsinda kandi niko basanzwe iyo batsinzwe batera akavuyo. Yewe ninya mirambo iyo APR FC ibatsinda baba barakoze biriya, mbona ibihano byabahawe bariya bayobozi aringombwa kandi bigaha isomo nabandi bose bakora ibikorwa bigayitse bihungabanya umutuzo w’abanyarwanda.

    • si uguhengama urarambaraye wowe hahaaaa…wivuze nta ntumwa

  • nyuma yo kubona ino video menye byinshi bitandukanye nibyo ama radio amwe namwe yavugaga. ahubwo abarezwe nibayitware bajye munkiko zirenze FERWAFA nonese  nka claude we arazira iki? ko yakizaga abaterana amagambo, gusa nshimye uriya mwafande mukuru azahugure bagenzibe  , penaliti yo urebeye hano yariyo kuyimana muminota yanyuma nabyo byazamuye tension mubafana nabakinnyi, police nayo bayihe amahugurwa mubiyjanye nogucunga umutekano kubibuga. arbitrage nayo irimo ikibazo gikomeye hano arbitre yarafannye cyane arakabya impande zombi zicarane zirebe icyo gukora,ariko ko ntarumva APR  ivugako bayimye peraliti?? aho ibyo aba rayon bavuga ko bayibira ntibyaba aribyo? aribyo  byaba ari ukwica bariya bana mumutwe kuko bakumva ko bazajya babona ibyo bataruhiye nkabandi kandi aribo benshi mumavubi yose?

    • Ubivuze ukuri biranashoboka ko ari nayo mamvu amavubi atajya atsindira hanze burigihe bagategereza ko bari bubibire nk’uko baba baramenyereye muri APR mu Rwanda niba bashaka gukomeza ruhago yo mu Rwanda nigakure Ruswa n’amarangamutinma mu mikino y’imbere noneho barebe ko n’amavubi atazajya agera kure mugihe yasifuriwe n’abasifuzi bari professional naho Gervaisi we basamuhe kuba umufana mukuru kuko n’ utugali n’utugari kudusifurira byamugora. FERWAFA itubabarire inabaze abandi basifuzi bo mu Rwanda icyo bongera kuri iriya misifurire ya Gervais twe naramuka aje kudusifurira tuzamwanga umukino utaratangira kandi ngirango ninaby Rayon ibayarakoze nibanabyo batari kubiyihora!

      • APR uyizanyemo ute wowe?? ihuriyehe n’iyi video????

  • Rayon Sport ikwiye gutwara ikirego cyayo muri CAF kuko ndabona kariya ari akarengane noneho CAF akaba ariyo irukemura kuko ikibazo igifitanye na de gaule kandi niwe ukuriye ferwafa aho urumva ko umwanzuro wose ugomba gufatwa uko waba umeze.

  • bjr wowe uvuga ngo apr ijemo gute ntabyo uzi reka basi foot ball yo murwanda ntizigera irenga kgl hariho ibintu nkibi muri sport nabayobozi nka ba degaul badashoboye nkubu iyi video tubonye hano twese kuba umuntu yakwiruka asanga arbitre ntibivuze ko agiye kumukubita cyereka nimba mutarakinnye ftball umuntu aba yashyushye mumutwe hanyuma akantu ka mukoroga kwihangana biranga kubera ubwonko buba bwashyushye ariko ntamuntu wakubise umusifuzi aya ni amaranga mutima ndabarahiye ntanaho biba

  • ariko se hari icyo mutayoka man mis management yumukino nibyo byateje imvururu kuko nawe uko mubibona nuko hari imikino twajya twiyambaza abanyamahanga bakayisifura kuko twebwe iba irense ubushobozi bwabasifuzi dufite ntagaswi. kuko no mumisiri barabikora kandi ntitubarushya abasifuzi. ibyo guhana byo mwatinze kuko ntabushobozi abanyamahanga baturushya mubutoza tu nawe reba nkuriya mutoza wa etenser ukuntu akontrorra uburakari naho weeee  nanjye nti umufana wa rayon ariko dukwiye igihano pe3!

    • wowe wiyita umufana wa rayon urabeshya ahubwo ongera urebe umukino neza maze nurangiza ubwira FERWAFA mufatanije amafuti bashakishe uko bazimanganya ariya mashusho naho ubundi na reayon n’ikipe nitabikora twe abafana tuzaregera CAF ndetse na FIFA ubwo rero babwire bakosore ibintu amazi atararenga inkombe jye ubu ndimo ndategura ibaruwa yo kwoherereza CAF nitagira icyo ikora nznandkira FIFA . erega ntitwanze ko APR ihabwa igikombe yagenewe itakiniye ariko akarengane ka Rayon n’ibihano bitumvikana byo ntitwabyemere ahubwo berure bayisibe mumakipe yo Mu Rwanda niba bazi ko n’andi makipe ariko bazajya bayagenza igihe babona ko agiye kubabuza igikombe.

  • NGE NDABONA de gaule YARI AKWIYE IGIHANO GIKOMEYE KUKO NDABONA MU MVURURU ZIGARAGARA KURI IYI VIDEO YARI YCANZE ABANTU KANDI IKIPE YE YARI YABIRANGIJE I NYAMIRAMBO KUKI ATAGIYE I NYAMIRAMBO AKAZA GUTEZA AKAVUYO KU MAHORO NAWE AHABWE IBIHANO BITABAYE IBYO KABA ARI AKARENGANE.

Comments are closed.

en_USEnglish