Digiqole ad

Amafoto: Urubanza rwa Hora Sylestre uregwa kwica Bella Uwase

Inkuru y’urupfu rw’umwana w’umukobwa Uwase Bella Shalom yababaje abantu benshi cyane mu banyarwanda bayumvise, urubanza rw’uregwa kumwica rwaburanishirijwe mu ruhame kuri stade i Nyamirambo imbere y’abantu benshi cyane.

IMG-20140417-WA0000
Mbere yo kwinjira muri stade abantu babanje gusakwa, aha ni ahagana saa mbili n’igice za mu gitondo
IMG_0002
Bategereje ko uregwa ahagezwa
IMG_0001
Abantu bari benshi cyane uregwa ataranahagera
IMG_0018
Bose bitegerezaga aho ari buhingukire
IMG_0036
Buri wese yari afite amatsiko
IMG_0060
Buri wese yarebaga aho Hora Sylvestre ari buturuke
IMG_0033
Mubyara wa Bella (ibumoso) na mukuru we (hagati)
IMG_0011
Abantu batandukanye baje kumva iby’uru rubanza
IMG_0134
Papa wa Bella (ufite telephone mu ntoki)
IMG_0118
Maman wa Bella (wambaye umwenda utukura)
Azanywe na Police
Yaje aherekejwe bikomeye na Police
IMG_0068
Yahingutse yemye
IMG_0070
Yatambukaga nta bwoba na mba
IMG_0076
Police imutambukana ngo ajye imbere y’ abacamanza
IMG_0183
Nta muntu uburana afunze amaboko
IMG_0085
Yabanje akurwaho amapingu
IMG_0087
Hora Sylvestre
IMG_0098
Amaze kwicara hamwe
IMG_0106
Abacamanza iyo binjiye buri wese kimwe n’uregwa barahaguruka
IMG_0139
Imbere y’umucamanza
IMG_0112
Umucamanza amusomera umwirondoro n’ibyaha ashinjwa
IMG_0113
Yari ahagurukijwe ngo abanze asomerwe umwirondoro we
IMG_0161
Umushinjacyaha amubwira ibyaha bye
Ahawe indangururamajwi ngo agire icyo abivugaho
Ahawe indangururamajwi ngo agire icyo abivugaho
Yavuze ko yemera icyaha cyo kwica
Yavuze ko yemera icyaha cyo kwica ndetse nyuma agisabira imbabazi
Yongeye ashyirwaho amapingu ngo ajye kuba acumbikiwe mbere yo gukatirwa kuwa 21 Mata
Yongeye ashyirwaho amapingu ngo ajye kuba acumbikiwe mbere yo gukatirwa kuwa 21 Mata
Aba baragerageza kumufotora neza ubwo bariho bamujyana
Aba baragerageza kumufotora neza ubwo bariho bamujyana
Abana, abakuru bose bari baje kumva iby'uyu musore Hora Sylevestre wemeye ko yishe Bella
Abana, abakuru bose bari baje kumva iby’uyu musore Hora Sylevestre wemeye ko yishe Bella
Imbere y'uwo yiciye
Imbere y’uwo yiciye amaze imyaka 14 amukorera
Abantu bamwe bagerageje kumukubita ariko akizwa na Police
Abantu bamwe bagerageje kumukubita ariko akizwa na Police

Uregwa yasabiwe n’ubushinjacyaha gufungwa burundu no kwamburwa uburenganzira bwose. Uwishwe we yarashyinguwe ndetse abenshi bemera Imana bavuga ko ubu aruhukiye mu mahoro.

Uwase Bella Shalom wifuzaga kuzaba muganga
Uwase Bella Shalom wifuzaga kuzaba muganga

 

Photos/DS Rubangura & RM Rutindukanamurego
ububiko.umusekehost.com

0 Comment

  • azasomerwa ryari? mbaye ukuntu mbonye papa bella amureba mumaso birababaje!

    • Ariko wajyiye usoma inkuru ukareka kubaza ubusa! Ngo azasomerwa ryari?

  • Ibyo mu rwanda ni amayobera. ushobora gusanga uwo musore erengana ahubwo umuziranenge yarahitanwe n’aband ba rukarabankaba! 

    • ese Rachid nkawe aho kugirango ujye urogotwa ubusa wagiye ufunga umunwa, ugiye kumukuraho icyaha se nyirubwite yakiyemereye, niba urimwene wa kiriya cyohe wagiye nawe ukagisanga;ntimugacumuze abantu muvuga ubusa .syiiii

    • ese Rachid nkawe aho kugirango ujye urogotwa ubusa wagiye ufunga umunwa, ugiye kumukuraho icyaha se nyirubwite yakiyemereye, niba urimwene wa kiriya cyohe wagiye nawe ukagisanga;ntimugacumuze abantu muvuga ubusa .syiiii

    • Ariko nk’ubwo wowe Rachid urumva uri muzima?

    • ese Rachid nkawe aho kugirango ujye urogotwa ubusa wagiye ufunga umunwa, ugiye kumukuraho icyaha se nyirubwite yakiyemereye, niba urimwene wa kiriya cyohe wagiye nawe ukagisanga;ntimugacumuze abantu muvuga ubusa .

    • Nkawe ngo ni Richard uba wumva ari nta soni ufite? Umuntu ko yiyemereye icyaha umuhinduye umuziranenge ute?

    • @Rashid, ntugatere umujinya wa maheru we

  • Ndabaza wowe witwa Richard uvuga ngo uriya mugome ashobora kuba arengana, ubishingira kuki kandi nyirubwite abyemera? Ahubwo nawe bagucungire hafi

  • Uwavanyeho igihano cyo gupfa yarahemutse pe. I will always support sharia.

  • Birababaje,kubana n’umuntu 14yeas yose akaguhekura.twihanganishije umuryango wa Bella na Leta nyuma yo kubura uwo muziranenge wifuzaga kuzaba umuganga akabivutswa.

  • ikibazo aracyafite na haine nta na regret iri mu maso ye uretse ko abisangiye n abenci!aariko ubanza bakumvisha sha!agapira karacitse!

  • Ariko Rachid ugira ubumuntu cg? Wewe ni mnyama kweli.

  • ese Rachid nkawe aho kugirango ujye urogotwa ubusa wagiye ufunga umunwa,
    ugiye kumukuraho icyaha se nyirubwite yakiyemereye, niba urimwene wa
    kiriya cyohe wagiye nawe ukagisanga;ntimugacumuze abantu muvuga ubusa
    .syiiii

  • Rachid m=ni imbwa cyane!!urahakanira se umwicanyi abyiyemerera ushingiye kuki  wa gihete we!!keretse niba ari wowe none ho wamwishe!!

  • birababaje reba ukuntu papa sharom yamurebaga nicyiniga

    • “ntukice” Niko Uwiteka avuga. Mbega ishyano ab’isi tugiye kubona ubwo imbabazi zigenda zishira mu bantu! Birababaje kandi birakomeye

Comments are closed.

en_USEnglish