Amafoto: Urubanza rwa Hora Sylestre uregwa kwica Bella Uwase
Inkuru y’urupfu rw’umwana w’umukobwa Uwase Bella Shalom yababaje abantu benshi cyane mu banyarwanda bayumvise, urubanza rw’uregwa kumwica rwaburanishirijwe mu ruhame kuri stade i Nyamirambo imbere y’abantu benshi cyane.
Uregwa yasabiwe n’ubushinjacyaha gufungwa burundu no kwamburwa uburenganzira bwose. Uwishwe we yarashyinguwe ndetse abenshi bemera Imana bavuga ko ubu aruhukiye mu mahoro.
Photos/DS Rubangura & RM Rutindukanamurego
ububiko.umusekehost.com
0 Comment
azasomerwa ryari? mbaye ukuntu mbonye papa bella amureba mumaso birababaje!
Ariko wajyiye usoma inkuru ukareka kubaza ubusa! Ngo azasomerwa ryari?
Ibyo mu rwanda ni amayobera. ushobora gusanga uwo musore erengana ahubwo umuziranenge yarahitanwe n’aband ba rukarabankaba!
ese Rachid nkawe aho kugirango ujye urogotwa ubusa wagiye ufunga umunwa, ugiye kumukuraho icyaha se nyirubwite yakiyemereye, niba urimwene wa kiriya cyohe wagiye nawe ukagisanga;ntimugacumuze abantu muvuga ubusa .syiiii
ese Rachid nkawe aho kugirango ujye urogotwa ubusa wagiye ufunga umunwa, ugiye kumukuraho icyaha se nyirubwite yakiyemereye, niba urimwene wa kiriya cyohe wagiye nawe ukagisanga;ntimugacumuze abantu muvuga ubusa .syiiii
Ariko nk’ubwo wowe Rachid urumva uri muzima?
ese Rachid nkawe aho kugirango ujye urogotwa ubusa wagiye ufunga umunwa, ugiye kumukuraho icyaha se nyirubwite yakiyemereye, niba urimwene wa kiriya cyohe wagiye nawe ukagisanga;ntimugacumuze abantu muvuga ubusa .
Nkawe ngo ni Richard uba wumva ari nta soni ufite? Umuntu ko yiyemereye icyaha umuhinduye umuziranenge ute?
@Rashid, ntugatere umujinya wa maheru we
Ndabaza wowe witwa Richard uvuga ngo uriya mugome ashobora kuba arengana, ubishingira kuki kandi nyirubwite abyemera? Ahubwo nawe bagucungire hafi
Uwavanyeho igihano cyo gupfa yarahemutse pe. I will always support sharia.
Birababaje,kubana n’umuntu 14yeas yose akaguhekura.twihanganishije umuryango wa Bella na Leta nyuma yo kubura uwo muziranenge wifuzaga kuzaba umuganga akabivutswa.
ikibazo aracyafite na haine nta na regret iri mu maso ye uretse ko abisangiye n abenci!aariko ubanza bakumvisha sha!agapira karacitse!
Ariko Rachid ugira ubumuntu cg? Wewe ni mnyama kweli.
ese Rachid nkawe aho kugirango ujye urogotwa ubusa wagiye ufunga umunwa,
ugiye kumukuraho icyaha se nyirubwite yakiyemereye, niba urimwene wa
kiriya cyohe wagiye nawe ukagisanga;ntimugacumuze abantu muvuga ubusa
.syiiii
Rachid m=ni imbwa cyane!!urahakanira se umwicanyi abyiyemerera ushingiye kuki wa gihete we!!keretse niba ari wowe none ho wamwishe!!
birababaje reba ukuntu papa sharom yamurebaga nicyiniga
“ntukice” Niko Uwiteka avuga. Mbega ishyano ab’isi tugiye kubona ubwo imbabazi zigenda zishira mu bantu! Birababaje kandi birakomeye
Comments are closed.