Digiqole ad

Umusore waretse KWIKINISHA aragisha inama muganga

 Umusore waretse KWIKINISHA aragisha inama muganga

Uyu musomyi agira ati “Maze iminsi nsoma nkuru zitandukanye ku mbuga za Internet uhereye kuri uru rwanyu, nasomaga ingaruka zo kwikinisha. Nasanze ibyishi mu byo bavuze byarambayeho kuko nabitangiye mu mwaka 2008 kugeza tariki ya 30/12/2014.”

Uyu musore wo mu kigero cy’imyaka 28 kuko avuga ko yavutse mu mwaka wa 1987, yafashe umwanzuro wo kureka kwikinisha bamwe bita (ponyoto, abandi bakabyita gutera akanyamerika…), burundu nyuma yo gusoma inkuru ivuga ingaruka zabyo.

Ariko hari ingaruka byari byaramugizeho mbere, aho abaza niba igihe kizagera umubiri we ukongera gukora neza.

Arabaza ababizi igihe bizafata uko kingana ku gira ngo umubiri we usubire ku murongo.

Akurikije ibyo yasomye, ngo ikibazo cyangwa ingaruka yibonyeho ni ugucika intege mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina. Avuga ko agira ubushake buke muri icyo gihe, ndetse ngo niyo abikoze bwa mbere, ubwa kabiri ntibikunda keretse nka nyuma y’isaha.

Kabaza ababizi ati “Ese ibyo byakira ko ntazongera kwikinisha ukundi?”

Umusomyi wa UM– USEKE

28 Comments

  • Iyi nkuru yawe ntabwe buyirimo

    • imnana yarakurakariye, ariko ninyembabazi, uzakiira.

  • nge se ko nayiteye kuva 1998 kugera ubu nkaba ntarayireka nabaye iki? hagire uwumpa mwereke..

  • Uti ibyo bijyane kwa muganga witubyukuriza kwiyo myaku wikyruriye.
    Dukeneye inkuru z’umumaro gusa.

  • bizamutwara nibura amezi ari hagati ya 3 -15.nabisomye ahantu.

  • Wapi sha akanyamerika nagateye kuva kera kujyeza ubu 33 kandi niyo ndikumwe ninkumi na amaturo atatu ndayiha nkayinyaza neza ntakibazo, impamvu nemeza ko nzihaza nuko uwo tubikoze ntongera kumutereta ahubwo ariwe umpamagara iyo abishaste ngo muzimirize umuriro.

    • guma guma uri intwari , yego ye!!! ariko pee ibyaha biramamazwa bene aka kageni?gusa jya um enya ko intwari igwa ku rugamba kdi urugamba rwawe ni ukurongora…… iyo baguhamagaye wunva ari wwe uriho rero? ese shs ujya utekereza ko utiremye? niba uvuka bakubwira ko wigeze sogokuru na sogokuruza ukaba utababona wunva igihe kitazagera ukajya aho bagiye?uwabiretse UHORAHO amufashe naho wowe umunnyega nakubwira iki courage gusa nyuma yubu buzima hari ubundi!@!!!!!

  • kwikinisha ni umuco mubi cyane n’ubwo usanga urubyiruko rutandukanye rukunda kubikora sibyiza kuko byangiza ingingo nyinshi z’umubiri abakibikora rero murabe mwumva kandi umwana utumva yishe inyoni itaribwa .

  • Ncuti gerageza ukore sport, kandi urebe nibyo bita kegel exercises (kuri internet) byagufasha.

  • Yego muvandimwe ndabyumva ibyo ubaza!!icyambere congs kabisa niba warafashe icyemezo cyo kubireka,komereza aho..ibyo wakora kigirango byihute nuko wagerageza sport nyinshi,ukaba uretse ho gutera akabariro..ugasenga, ubundi ndacyeka mu mezi atandatu umuntu aba abaye normal..courage

  • yooo courage ncuti bizaza Imana izagufasha…nge mfite umu copian ufite akantu gato nkakuruhinja nako ntazi kugakoresha…mbigenze nte??

  • kabisa aho kwikinisha bage barongo kuko nImana irabivuga ngo kurongora biruta gushyuha murakoze

  • uge usenga.cyane!

  • Ntakiza cyo kwikinisha people

  • uzakira nubireka burundu

  • Umva Byanze Bikunze Uzongera Wikinishe Kuko 6years Ni Myinshi Wikinisha .

  • sha nange nabitangiye muri 2008 niga mu senior 3. naje kubireka le 25/12/2014 nibwo nikinishije bwanyuma. ndibuka ko no mwijoro rya bonane le 31 décembre nasenze Imana ngo imfashe sinzongere kubikora kugirango natngire umwaka mushya nkeye . gusa ikibabaje nuko le 5/1/2015 nongeye nkabikora ariko nyine agahinda karanyishe cyane ariko nahise mfata icyemezo cyo kutazongera kwikinisha narimwe kandi Imana izabimfashemo dore mbivugiye ku mugaragaro.

    • yooooohh IMANA ikumve kdi izagushoboze

  • si byiza kwikinisha nubwo hari amakuru amwe ava mu baganga avuga ko ntacyo masturbation itwaye iyo ikoreshejwe mu rwego rwo kugabanya stress, kugira ngo ukire, icya mbere nukibireka ukabyivanamo no mu mutwe, ugasenga cyane, ukareka ingeso zo kwikorakora mugihe uri wenyine haba mun cyumba ,muri douche n’ahandi , ubundi ibindi nibisanzwe igihe cyo gutera akabariro nuhite wumva ushaka gusohora kandi ufat eumwanya wo gutegurana nuwo mukundana …..

  • Mahirwe we, uziko duhuje wangu! sha nanjye ibyo gutera akanyamerika cg ponyoto nabitangiye 2008 nari mfite imyaka 18 kdi na n’ubu ndacyabikora ku myaka hafi 27 njyiye kugira. Rwose nanjye ngerageza kubireka ark bikanga pe! kuburyo kuri 25/12/2014 nagerageje kubikora bwanyuma inshuro nyinshi ngo mbisezereho ark kubera ko biri automatic kuri njye bwacyeye nongera mbikora. Noneho kuri 31/12/2014 nibwo niyemeje kubikora kunshuro yanyuma bidasubirwaho maze ndabikora weeee! ndihaza ngo ndikubisezeraho ngo ntangirane n’umwaka ndi umwere ark ntibyatinze kuko kuri 03/01/2015 nongeye kubikora ndetse no kugeza ubu ndacyabikora kubireka byaranze2! gusa iyo mbikoze numva mu mutwe n’umubiri wose nduhutseeee! ewana kugira ngo nzabireke burundu ni danger!

    • hahahahhahahahah uransekeje ntubuze byose

    • hahahahahhahahah hahhahahahahahhaha
      hhahahahahah! sha na muntu uvugisha ukuri nkawe hahahahahhaha!

    • Umva Irunga ndumva dufite ikibazo kimwe unyandikire kuri [email protected] tuganire

  • ariko mwagiye mureka kutsetsa kweli,, yego kugatera nibibi.. ariko gusambana nibyo bibi kurushaho.. mugihe utarashakana nuwawe. byose nibyaha. ariko inama nabagira mugihe ubikoze menya ko ukoze ikosa wibuke gusaba imbabazi Imana yakuremye yaguteganyirije nuwawe… naho ingaruka zo ntazo nabonye kuko nanjye nabikoze igihe kinini.. ariko nziko ndi mumwanda.

    so wowe wabiretse courage kandi ntuzabisubire kuko ni icyaha, gukira byo uzakira ntugire ikibazo.

  • ark kweri abantu babagabo muratinyuka mukikinisha koko???ubwo c muba mwumva muzavamo abagabo ingaruka zo ninyinshi kdi cyane meme nimana ibyanga urunuka so kwikinisha ni ububwa bugeretseho ubundi

  • mubireke nibibi.

  • kwikinisha nibibi kwanza nicyaha kabiri haricyo byangiza kumitekereze yumuntu kandi bituma mumibonano uzajya urangiza vuba kandi yumaze kubana numugore bikugirahwo ingaruka zatuma unasenya urugo yo mushwanye numugore umwe akajya kwiraza wowe ntanyota ugira yogusubirana nuwo mwashakanye kuko wowe utera ponyoto ntiwite kubwiyunge numugore

  • ogera sport ugorore umubiri wawe nakindi cyagufasha

Comments are closed.

en_USEnglish