Digiqole ad

Umuhinde washakishaga inshuti ya cyera yizeye ko yayibonye

 Umuhinde washakishaga inshuti ya cyera yizeye ko yayibonye

Sam Bahadur ubu afite imyaka 56 yari mu Rwanda mu gihe cy’ubusore bwe ahakunda umunyarwandakazi n’ubu akibuka akaba ari gushakisha

Nyuma y’ubutumwa yatanze abicishije k’Umuseke, umuhinde wifuzaga kongera kumenya amakuru y’inshuti ye ya cyera mu myaka 30 ishize avuga ko ubu yabonye ko iyi nshuti ye ishobora kuba ikiriho.

Amakuru yavuye ahatandukanye, amafoto menshi yohererejwe Umuseke ngo agere kuri Sam Bahadur arebe niba uwo ashakisha yaba ari we.

Amakuru yagiye ahuzwa maze ifoto imwe yerekwa Sam ndetse ahabwa adresse yabonetse y’uwo yashakaga. Mu gisubizo yahaye Umuseke avuga ko ifoto y’uwo yabonye abona ko bishoboka cyane ko ari uwo yashakishaga kumenya amakuru ye.

Yagize ati :

1

8 Comments

  • umuzi amubwire ajye guhagana na bariya bayobozi bi gihugu bafatanya na bahinde mu gusahura umutungo waba nyarwanda,
    ariko turarabaje cyane pe ni gute abahinde baza bagahabwa amasoko yama millard mu Rwanda kandi kandi hari abanyarwanda kandi bashoboye? mbega u rwanda ngo ruragera aharindimuka weeeeee,iyo leta ni teze abanyarwanda imbere ireke kwifashisha abahinde mu kwiba igihugu kuko ntabwo umunyafrica yajya muri india gutsindira amasoko nkayo batsindira mu rwanda,naho kutubwira ko yabonye umukunzi we wa kera,nareke kutubeshya abeshya abo bayobozi batazi abahinde kuko nta muhinde ugira ishuti yu muyafrika kazi,ni bobantu bambere banga abanyafrica,gusa abayobozi ba africa ntabyo bazi kuko icyo birebera ninda zabo gusa

    • Ariko icyo mutazi, mubuhinde igikora ni ruswa gusa gusa mubintu byose, ninayo mpamvu kuko bazi ukuntu ibintu bikorwa rero, babifitemo uburambe ukuntu bayitanga, bazi imitwe, baca hirya no hino bagatanga akantu kubabishinzwe bakabakwirakwizamo, n’uko akazi kakagenda neza. Ubundi se abirirwa bivugisha ngo uRda nta ruswa, ninde utabizi ko iribwa mw’ibanga kdi bikaba bizwi na banyirubwite. Aba bantu ni bahatari mugutanga za ruswa muri za businesses zabo. C’est coe ça.

    • Wowe uvuga ngo hari abanyarwanda bashoboye iribeshya cyaneeeeeree. Abahari bashoboye barakoreshwa ark ntibahagije. Kd ntibasahura umutungo wigihugu ahubwo barahembwa iyo bakoze. Ntimukigereranye nabantu bateye imbere bafungutse mumutwe kd bagira courage mukazi , nabanyarwanda babanebwe bakorera kujisho kd bakora bashaka gusahura no kugwiza ubukire. (Ark si bose)

  • mutwereke iphoto y’uwo mukunzi we wa kera turebe ubwiza bwe!

    • NANJYE NDIFUZA IFOTO Y’UWO MUNTU NGO NIHERE IJISHO UBWIZA BUTUMA IGIHUGU GICIKA UMUGONGO..HARYA BURYA UBWIZA BUBA HE KO IKIREMWA MUNTU ALI COMPLEXE,??,BIRASEKEJE!!!!!!!!!!!!!!!

  • koko x nurukundo rwabimuteye cg ni ibindi?

  • urukundo rurarushya peeee!!!!!!
    IYOMYAKA YOSE

    • bavandimwe bene data byaba byiza kurushaho mutweretse amafoto yuwo muntu utangaje atyo.

Comments are closed.

en_USEnglish