Umugore waciye agahigo k’ururimi rurerure kurusha abandi
Chanel Tapper w’imyaka 21, afite ururimi rureshya na centimetero 9,7 yinjijwe mu gitabo cy’abafite uduhigo ku isi kitwa Guiness World records book kubera uburebure bw’ururimi rwe.
Chanel wo mu mujyi wa Houston muri leta ya Taxas, USA, yamenyekanye afite imyaka 13 gusa kubera uru rurimi rwe, mu mashusho yagaragaye kuri youtube
Mu kwezi kwa Nzeri gushize, nibwo yatumiwe na Guiness World Record, I Los Angeles, ngo ahangane n’abandi bagore bari mu bafite indimi ndende.
Uyu mukobwa w’umunyeshuri muri Kaminuza, avuga ko yanejejwe no kuba yinjijwe muri iki gitabo cy’abafite imihigo bihariye ku isi.
Yagize ati: “Nahoraga nkina n’abantu mbereka ururimi rwanjye, kuva nkiri umwana, sinigeze ngira ikibazo cy’ururimi rwanjye, ruranshimisha gusa”
Uyu mukobwa afite gahunda yo kuzaba umukinnyi w’amafilimi muri Hollywood, akavuga ko yiyumvamo impano yo gukina neza filimi.
JP Gashumba
UM– USEKE.COM
23 Comments
nabazaga.niba urwo rurimi rutamubangamira iyo arimo kurya cg kunnywa .uzamubaze
Ariko buriya biriya byo si uburwayi koko?eeeeeeeeeeeeeee birakabije pe/
Umuntu amusomye se ubwo ntirwagera mu muhogo!!!!!!!!!
Kumusoma tire langue byaryoha kabisa dore ko ariiminwa ari ururimi ndabon abya fintinga.
abana n’ubumuga bw’ururimi
Jolie!!!
ntacyobitwaye ikinuko yabavuga meshi yagize amahirwe azajya atamirirakure.
HAHIRWA BOYFRIEND WE!
ngo nyiri karimi karekare yatanze umurozi gupfa!
Ariko kuki mwemera gushyira comments nk’iza Aline kuri uru rubuga? This is contrary to our good morals!!!!!!!!! It’s a shame!
izo comments za Aline ziri he? yari yarengereye se? naho ubundi uriya mwana ntacyo atwaye da.
Ubu kweli,murabona ko ntakindi kibazo byamutera kabisa,ibyo ni signe ya malformation tu,but she is proud of that.
Aka kana karasa na neza rwose. Naho kuvuga ngo ni malformation zo njye ntazo mbona. None se ururimi rwe urabona ukuntu runasa neza? Ko ururimi rwe se rukwira mu kanwa kandi bikaba bigaragara ko rutigeze rrwangiza matama cg imisaya ye, yemwe ndetse n`amenyo ngo bigaragare ko hari aho arukomeretsa, murabona ikibazo afite kiri hehe. Nta burwayi rwose mbona hariya. Ahubwo arahirwa ugira ubusabane na kariya gakumi bakagera aho baryoshya bimwe biganisah no ku ntego! Ruriya rurimi rwose rwafata umuntu kwikura hakaba ah`abagabo !
nezaneza ninzoka yebabawe
Umvako murya indimi, yahita arugukoza mu gifu neza neza. hahaha
ibyobyo hahahs
URURIMI RWE NTACYO RUTWAYE DA.GUSA NIMWIZA UZAMUSHAKA NTABWO AZABA AHISEMO NABI.URURIMI RURERURE NTAKIBAZO.NIBA NI IMYANYA YI IMBERE YUZUYE NEZA.YABA ARI IWACU TWAHIGANIRWA KU MUSHAKA.MBEGA UTWISO TWE
uriya mwana ashobora kukurigata mubwonko kabisa .
nibaza aho arubika kabisa mbaze arupoketa mu izuru
Muzamenyere niba atagira amagambo menshi nkuko ururimi rwe rureshya.
M– USENGIMANA OCTAVE
ESE BURIYA ARUBIKAHE KOMBONA ARI KILLOMETRIKE/
ndemeye
VERY WELL,very well bibaho cyane uzaze nkwreke
Comments are closed.