Umugore urira amarira ameze nka Diamants
Ubyumvise wagirango ni ibintu byiza, ariko Jody Smith wo muri UK kuba amarira ye arimo utwuma tubengerana biramubabaza cyane.
Uyu mugore ku myaka 35 arwaye indwara yitwa Cystinosis ituma amarira ye yibumbamo utuntu tumeze nk’utubumbe twa diyama (Diamant)
Jody yabwiye The Sun ati: “ Muganga wanjye n’umugabo wanjye bavuga ko bitangaje, ndabizi bamwe barumva rai ibintu byiza ariko rwose birambabaza cyane, cyane cyane iyo hariho izuba. Mba numva meze nkufite umucanga mu maso”
Igitanganje ngo ni uko nta muti ubaho uvura cystinosis, kandi nyamara iyi ndwara, iboneka gake cyane, ngo itera cyane kwangirika kw’impyiko.
Jody we byamaze kumubaho dore ko impyiko ye imwe yangiritse akarinda guterwamo indi.
Source: Thesun
UM– USEKE.COM
0 Comment
bazamushakire umuti byibuze ajye arira zahabu kuko diamant ifite agaciro gake
igicucu ni nde wakubwiye ko diamant ifite agaciro gake kuri zahabu ahubwo ko iyikubye nk’inshuro 10000
sinarinzi ko hari injiji zikoresha internet!!!!!!!ubwo se nkuyu utazi agaciro ka diamant aba ashiraho comments ziki!!!!!LOL
ngaho nimujye mu kibuga murwane
Mwana nanjye nategereje ingumi nahebye kuko abantu batukanira kuri Internet urebye neza wasanga harimo ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe
iritavuze umwe!
ARABABAJE PE
@kanakamama,
uri umuti w,amenyo kabisa zahabu ngo niyo ifite agaciro kurusha diamant????????????
arikose ubwo uriyamuntu urira amarira ameze kuriya mwamenya arwaye iyihe ndwara gusa akomeze kwihangana
IYISI NIYIBIBAZO.ABA BANTU BATUKANA BARATWANGIRIZA UMUCO.cg mugiye kumbira ko ikinyarwanda kidatukana.
INDWARA ZIBA NYINSHI PE!!!!!!!
birababaje nta mpamvu yatuma mutukana kandi muri abavandimwe byombi bifite agaciro gusa ikibabaje nuwo muntu urwaye nyine. indwara ziragwira nabera nibwo na kumva iyo ndwara nyabuna twihane naho ubundi isi igeze ku marembera yayo. twiyeze kubwo gufashwa nayo tuzabigeraho, YESU ABEZE!!!!!!
Nukuri arababaye nukumusabira pe bivuze ko abaho mu bubabare disi
yihangane
Jesus knowz!nobody else kan solve the problem but him.
sorry to her! may the researchers(doctors)look for the solution so early.
NTIMUGATUKANE MUBA MURI G– USEBYA ABANYARWANDA , MWIHANGANE AHUBWO MUBIKORE MUZINDI NDIMI.
Comments are closed.