Digiqole ad

Uko umukobwa/umugore yakwambara kuwa mbere no kuwa kabiri

 Uko umukobwa/umugore yakwambara kuwa mbere no kuwa kabiri

Kuwa mbere ni umunsi w’akazi ku bagafite no kugashaka ku batagafite, abandi mu ishuri, abandi mu bikorwa bitandukanye by’ubuzima. Gusa burya imyambarire yo mu ntangiriro z’icyumweru ni ikintu cyo kwitaho kuko uko wambaye niko ugaragara.

Ku mukobwa ushaka gutangira icyumweru neza ntabwo agomba kwambara uko yishakiye, yambara bitewe na gahunda y’uwo munsi.

Kuwa mbere no kuwa kabiri umuntu aba agomba kwambara neza cyane cyane kuwa mbere. Aha cyane ku bafite akazi n’abagiye kugasaba, ndetse n’abanyeshuri kuwa mbere baba bagomba kwambara neza.

Umuhanzi w’imideli ‘Diane Von Furstenberg’ avuga ko amahatimo y’imyambaro ashobora kuba yihariye bitewe n’imico y’ibihugu.

Kuri we ngo imyambarire ni umuco uhuriwe ho n’abantu bose, uko utekereza gukora , kugenda ndetse n’ibindi ngo niko uba ukwiye no gutekereza ku byo uri bwambare byagufasha guha igisobanuro cyuzuye gahunda zawe.

Dore uko umukobwa akwiye kwambara kuwa mbere cyangwa kuwa kabiri:

Robert KAYIHURA
UM– USEKE.RW

 

en_USEnglish