Digiqole ad

Top 10 y’abahanzi bafata Micro neza muri GUMA GUMA

Muri gahunda ya Primus Guma Guma Superstar abahanzi bagiye bagaragariza abakunzi babo ubuhanga bwabo, rwose barabubona, gusa hari ubwo mwaba mutarabonye twe twitegereje. Hari abahanzi burya bafata Micro phone nabi bigatuma sound iba mbi, abandi bakazitamira, abandi bakazishyira kure n’ibindi.

Twaritegereje, twegera DJ Bisoso wari kumwe nabo tumubaza uko abona abahanzi bafata Microphone muri Guma Guma Superstar maze dusanga abahanzi bakurikirana batya mu gufata Microphone neza.

Kumwanya wa mbere w’abafata Mic neza haza:

1.Tom Close

Tom Close ngo ayifata neza cyane

2. Faycal

Faycal

3. Mani Martin

Mani Martin

4. King James

King James

5. Safi (Urban Boys)

Safi wa Urban Boys, hano ni muri Salax 2011

6. Dr Claude original

Dr Claude

7.Riderman

Riderman

8. Platini (Dream Boys)

Platini

9. Rafiki

Rafiki

10. Jay Polly

Umuraperi ukunzwe cyane Jay Polly

Nguko uko twasanze bakurikirana mu gufata indangururamajwi neza muri Primus Guma Guma Superstar. Uko tubakurikiranyije ntibihereye kuri aya mafoto gusa, ahubwo twafashe umwanya wo kwitegereza no kubaza abandi.

Plaisir Muzogeye

Umuseke.com

12 Comments

  • uko wayifata kose ijwi rigasohoka nta ribi!ibindi ni amafiyeri nyine biraboneka

  • NKOMEJE KUBASHIMIRA INKURU NZIZA MUTUGEZAHO ISAHA KU ISAHA MUDAHUNDAGA KABISA MWAJE MUKENEWE .BIG UP TOM CLOSE
    NANJYE NA

  • Iyo sondage yakozwe ku bandi bantu bangahe? Njye numva wari kutubwira uti dore abantu mbona bafata micro neza ni aba.Naho kuyifata uku cg uku umuntu runaka akabikunda nabyo ni relatif.Ushobora gusanga hari n’abashobora kuza urwo rutonde bakarucurika cg bakaruhera hagati bajya imbere cg inyuma.Ikindi kandi gufata micro no kuririmba ni ibintu bibiri bitandukanye

    • Yesyes ariko ntiwasomye neza inkuru, bavuze ko ari abahanzi bari bari muri Guma Guma. bavuga gufata Micro kuririmba ntaho babagereranyije, ni ugufata Micro gusa, cyangwa nawe wakora urwawe da! Plaisir aba yaduhaye ahubwo utuntu n’utundi! Big up plaisir.

  • ariko mwakurikije uko bafotowe bazifite ntimwakurikije uko basanzwe bazifata?

  • ahubwo Tom niwe wa mbere uyifata nabi kuko iyo uyifashe upfuka hariya hejuru hari uburyo ijwi risohoka rifunze ritavuga neza kuko micro uburyo ikoze uriya mwanya wo hejuru wose usohokeramo ijwi,.. ku bwanjye ahubwo Mani Martin ayifashe neza cyane!!thx..

  • yeah ubwo rero mutangiye kwamamaza abo mukunda, sms nizo zizakora ibyo byo gufata Mic tuzabibona muri live naho hariya ni play back waririmba utaririmba ijwi rirasohoka. mucunge sana amaranag mutima no!!!!!!!

  • gufata micro no gushishura bihuriye he?ntuzongere kubeshya ubwo uri kugirango nzabahe ijwi ryanjye.ahubwo umuvunyi agukurikirane iyo ni moral corruption

  • uwa mbere ni king james

  • man martin mwamubeshyeye

  • cyakoze iyo mani martin aza ku mwanya wa mbere hagakurikiraho faysal nari kubyemera naho abandi barambeshya cyane kuko nt live yabo twarababonye!!!mani martin niwe muririmbyi twemera muri live kuko si ijwi gusa ahubwo bimuba mumaraso ijwi rye ntaryo yinginga ararifite pe courage lol!!!!!!!!!!!!!

  • ibyo nukuri tomoclose yara wukwiye kabisa
    tom close congrat you are the best
    for ever

Comments are closed.

en_USEnglish