Tags : #Ubworozi

Huye: Uruganda rukora ibiryo by’amatungo ruratangira igerageza

Uruganda rukora ibiryo by’amatungo birimo iby’amafi, inkoko n’ingurube, ruzatangira gukorerwa igerageza mu cyumweru gitaha, ruje gukemura ikibazo cy’ibiciro cy’ibiryo by’amatungo byari bihenze kuko byavaga kure. Ni uruganda ruzuzura rutwaye miliyari enye na miliyoni 300 z’amafaranga y’u Rwanda. Biteganijwe ko mu cyumweru gitaha ari bwo hazatangira gukorwa igeragezwa ryarwo. Nigwize Regine, umworozi w’inkoko avuga ko ibyo […]Irambuye

en_USEnglish