Tags : Munini Hospital

Nyaruguru: Ku Munini baratangira kuhubaka ibitaro bikomeye umwaka utaha

Inama y’Abaminisitiri iherutse kwemeza ko ibitaro bijyanye n’igihe byemerewe akarere ka Nyaruguru bizubakwa mu ngengo y’imari y’umwaka utaha wa 2015-2016. Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru yabwiye Umuseke yavuze ko ibi bitaro bizafasha abaturage batuye aha, ariko bikanafasha Abarundi n’abandi bose bagana aka gace barimo n’abakerarugendo bajya i Kibeho, ashimira Perezida Paul Kagame watanze iki gitekerezo. Ibi bitaro […]Irambuye

en_USEnglish