Digiqole ad

Serge yamuritse Album ya mbere

Iyamureye Serge wamenyekanye mu ndirimbo “Uwiteka agarutse” ndetse “Uwiteka arampagije” ku cyumweru tariki 27 Nyakanga yamuritse umuzingo (album) we wa mbere uriho indirimbo umunani zicurangitse mu njyana zitandukanye.

Serge arimo aririmbira abitabiriye iki gitaramo.
Serge arimo aririmbira abitabiriye iki gitaramo.

Muri iki gitaramo cyaratangiye ahagana saa kumi n’ebyiri nubwo byari biteganyijwe ko gitangira saa kumi z’amanywa, byagaragaye koSerge atangiye gukundwa cyane kuko kitabiriwe ku buryo bugaragara, .

Muri iki gitaramo haririmbyemo abahanzi batandukanye barimo Uwimana Aime, Patient Bizimana ndetse n’abandi bashimishije abari bitabiriye iki gitaramo.

Serge kandi yari yaje gushyigikirwa n’abandi bahanzi batandukanye bataririmbyemo nka Gaby Kamanzi, Dominic Nic, Ben Kayiranga, Bobo Bonfils, Eddy Mico ndetse n’abandi bantu batandukanye bagiye bamenyekana muri Muzika waririmbiwe Imana.

Aba nibo bari bayoboye igitaramo (ba MC).
Aba nibo bari bayoboye igitaramo (ba MC).
Abantu bari benshi
Abantu bari benshi
Abaririmbyi bafashaga Serge.
Abaririmbyi bafashaga Serge.
Umuhanzi Aime Uwimana nawe yari yitabiriye iki gitaramo.
Umuhanzi Aime Uwimana nawe yari yitabiriye iki gitaramo.
Aime Uwimana yaje azanye n'umuryango we, hirya hari umuhanzi Patient wifashe ku itama.
Aime Uwimana yaje azanye n’umuryango we, hirya hari umuhanzi Patient wifashe ku itama.
Umuhanzi Aime n'umugore we n'umwana wabo
Umuhanzi Aime n’umugore we n’umwana wabo
Aririmba acuranga Piano
Aririmba acuranga Piano
Bakiriye Serge bahagurutse
Bakiriye Serge bahagurutse
Byari ibyishimo muri iki gitaramo
Byari ibyishimo muri iki gitaramo
Barishimye cyane
Barishimye cyane
Abana bato nabo ntibari batanzwe muri iki gitaramo.
Abana bato nabo ntibari batanzwe muri iki gitaramo.
Bobo Bonfils nawe ni umuhanzi
Bobo Bonfils nawe ni umuhanzi
Umuhanzi Columbas
Umuhanzi Columbas
Eddy Mico nawe yari yitabiriye iki gitaramo.
Eddy Mico nawe yari yitabiriye iki gitaramo.
Gaby Kamanzi yishimira abahanzi bagenzi be
Gaby Kamanzi yishimira abahanzi bagenzi be
Hari ibyishimo byinshi
Hari ibyishimo byinshi
Itsinda ribyina rya The Blessing
Itsinda ribyina rya The Blessing
Patient Bizimana aririmba "amagambo yanjye"
Patient Bizimana aririmba “amagambo yanjye”
Queem Joy n'abaririmbyi be
Queem Joy n’abaririmbyi be
Umuhanzi Uwamahoro Grolia n'uwo barikumwe umuntu atavugaho byinshi
Umuhanzi Uwamahoro Grolia n’uwo barikumwe umuntu atavugaho byinshi

Amafoto/BIRORI ERIC/UM– USEKE

UM– USEKE.RW

en_USEnglish