Rwandair yagabanyije ibiciro by’ingendo zayo zo muri Mata
Kuva uku kwezi kwa Mata kwatangira nibwo ikompanyi y’indege itwara abantu n’ibintu ya Rwandair, ibinyujije ku urbuga rwayo, yatangaje igabanyuka ry’ibiciro by’ingendo zayo kuva ku cyumweru tariki 31 Werurwe kugeza tariki 13 Mata 2012.
Iri gabanuka ry’ibiciro ribaye mu gihe igihugu cy’u Rwanda kitegura kwinjira mu gihe cyo kwibuka abatutsi bazize Genocide yo mu 1994.
Ibiciro bishya biteye bitya:
Ubwanditsi
UM– USEKE.COM
0 Comment
Mwaramutse nifuzaga kumenya ibici Johannesburg-Kigali aller na retour
Murakoze
Uyu ubaza ibiciro bya Kigali-Johannesburg ntabona ko babimuhaye ra!Ni 440 usd(Aller-retour).Thanks
Mwiriwe, nifuzaga kumenya niba kigali-Dubai ntacyo mwagabanijeho?
niba na niarobi kigali ya 300$ ntibyubahirijwe bless u.
sorry nairobi noti niarobi
mbegibiciro bishimishije ,mwakoze cyane kuko bus zarizigiye kutwica kubera agafranga kenshi ka RwandaAir
uziko narinishimye nziko aribizahoraho naho nimuri 2 semaine yewe reka nigumire kukajye ka bus
Comments are closed.