Digiqole ad

Rwanda: Menya bamwe mu bagore n’abakobwa bashinze inzu z’imideri

 Rwanda: Menya bamwe mu bagore n’abakobwa bashinze inzu z’imideri

‘Fashion industry’ iri gukura mu Rwanda  abayirimo bagerageza gushaka icyakorwa ngo abanyarwanda barusheho kwambara neza kandi bambara ibyakorewe iwabo. Buri mwaka umubare w’abakora imyambaro uriyongera ndetse usanga abagore n’abakobwa aribo bakunze kugaragaza ubushake n’imbaraga muri aka kazi.

Nta myaka myinshi ishije abanyarwanda batangije uburyo bushya bwo gushinga inzu z’imideri, ni uburyo kandi bwafashije ba rwiyemezamirimo kumurika no kugurisha ibikorwa by’abo.

Gushushanya no guhanga imideri n’ubwo ari gahunda shya abanyarwanda bakomeje gushoramo amafaranga, usanga abagore benshi ari bo bafite inzu nyishi zicuriza imyambaro iba yakozwe n’abo.

Aba ni bamwe mu bagore n’abakobwa bashinze inzu z’imideli

*Sonia Mugabo

Kanda hano ukomeza iyi nkuru

en_USEnglish