Rihanna azaba atumura itabi muri Video ye nshya
Mu mashusho mashya ari gukorera indirimbo ye we found love Rihanna azaba agaragra atumura agatabi yambaye kandi imyambaro idasanzwe.
Iyi Video iri gukorwa na Producer zitwa Calvin Harris. Amashusho yayo ari gufatirwa mu cyaro cyo mu gihugu cya Irland ahitwa Bangor .
Ikipe y’inzobere mu gukora amashusho y:indirimbo yahagurukanye na Rihanna,23, ivuye muri Amerika ngo bakorere uyu mukobwa video y’agatangaza.
Rihanna awagaragara muri iyi ndirimbo yambaye Bikini itukura ndetse n’iyumukara, uburyo utu dusamamagara twimbere tuzaba tugaragara nibyo bizakurura benshi mu bazareba amashusho y’iyi ndirimbo WE FOUND LOVE.
Plaisir Muzogeye
UM– USEKE.COM
13 Comments
EH, UYU NDABONA ANDENZEHO WALLAH
Ubu se inyigisho umuntu yakura kuri aya mashusho ni iyihe? Kunywa agatabi no gushyira amabere ku karubanda? Mana yacu twitabarire.
Urabona na nyigisho irimo? gupfunyika amabere muri bandana warubizi? Ikariso ikoze muri bandana waruyizi? haba harimo udushya mwana!!! Irebere ariko ayayayaya, babaye nka bane batumara neza neza!
Amasomo yo aba ari menshi cyane wangu, ushobora kubona ibi bigatuma ubyirinda cg ukanamenya ko bibaho, ubutaha wazanabibona ntuzagwe nk’ufashwe n’igicuri. Big up Umuseke muratujijura.
Ndabona,afite agatabi nisawa,nagatore kiwacuse?nkumi ziwacu barabashuka iriya simyambaro yokugendana kuko pandantuza.ntiyagusiga kumuhanda itagiye kugucumbikira,kwakabuga kuko nababandi mbona,kuri sky simbona bazana agatenge kokujisha akakavanamo,atangiye akazi.
Inyigisho twakuramo ni ukwirinda imyambarire igayitse nk’iriya
uyu we nihatari pe ateye ubwoba ariko yambaye nka star kweri .
Sibitangaje niho iy’isi igana!!!!
hahaah she is sexy and swerable
NYAGASANI UDUFASHE TWIRINDE INZADUKA Z’ABANYAMAHANGA KUKO ZATUJYANA HABI!!!!
DUHARANIRE GUKOMERA KU MUCO W’IWACU.
uriya ni danger substance
uyu ntago ari umuco nyamuneka!!!!!!!!!
Aiko aba bana b’afrika (kuko ba se cg ba sekuru bafite inkomoko muri afrika) bahindurwa ni ki? Umuntu muzima yikora uko ashatse nkaho ari ku isi ye wenyine?
Comments are closed.