Niryo rushanwa rikomeye ku muhanzi wo mu Rwanda, Primus Guma Guma Super Star, ritegurwa na BRALIRWA na East African Promoters. Ku muhanzi nka Paccy byari ibyishimo bigeza ku marira kubwirwa ko akomeje mu 10 ba nyuma. Kuri Rafiki utariherukagamo nawe byari ibyishimo bikomeye.
Ku bahanzi bamwe bandi nka Dream Boys, Knowless wabonaga bizeye gukomeza, gusa abandi nka Senderi, Jules Sentore na Active Group byabasabye gushyiramo imbaraga ngo berekane ko bakwiye gukomeza.
Imbaraga abahanzi nka Danny Nanone, Social Mula, Queen Cha na Jodi Phibi bashyize mu gitaramo cyo gushaka 10 bakomeza mu irushanwa ntacyo zatanze kuko basezerewe.
Ariko Plaisir commentaires zawe ushyira ku mafoto rwose ni iza mbere umunyu areba amafoto meza uba washyizeho yasoma na comments hasi bikaba mahwi.
Lisa says:
03/09/2015 at 08:49
Ariko Plaisir commentaires zawe ushyira ku
mafoto rwose ni iza mbere umuntu areba
amafoto meza uba washyizeho yasoma na
comments hasi bikaba mahwi.
Joseph says:
03/09/2015 at 09:46
Rwose Plaisir izina niryo muntu rwose. Iyo ngiye kureba amashusho ndabanza nkareba ko ari wowe wayashizeho hasi. Nabona ari wowe ngatangira gusoma. Ndagukunda cyane.
dodo says:
03/09/2015 at 10:04
Genda Queen Cha wabuze umubyeyi n’ umurezi hakiri kare! Birababaje kubona umwana wo mu batambyi…………….!. Mesa kamwe uzirikana ko ibyo umuntu abiba aribyo azasarura kimwe n’ abandi bose biyita ko bazi Imana bakayibangikanya no kwamamaza ibisindisha!
SHIMWA MANA says:
03/12/2015 at 08:36
@ DODO
None se mwana wa Mama abamamaza cg bagafata ibisindisha nta Bwami bw’Imana bazaragwa? Ahaaaaaaa , njye sinamenya ariko mbona hari abasenga benshi ariko bafata no ku gatama (agahiye).
Wica imanza rero utazi uko Imana izabikemura.
Bahizi says:
03/22/2015 at 08:34
icyo wita kumenya Imana nicyi Dodo? hari aho byandikwa kumutwe w umuntu cg ku myambaro yambaye. ntimugace imanza mujye mwirebaho urebe imbere yawe niba utunganye siko wahoze kandi bible ngo kuko bose bakoze ibyaha ntibashyikira ubwiza bw’ Imana , so, wikumva ko hari icyo umurusha rero
Jules MUHINDA says:
03/09/2015 at 11:07
Muraho banyamakuru beza bo ku museke.
Mfashe uyu mwanya ngiro ngo mbashimire mwese inkuru mutugezaho nziza, gusa by’umwihariko ndagira ngo nshimire Plaisir ku nkuru nziza z’amashusho atugezaho.Reka mvuge nk’eshatu gusa. Ntabwo nibuka amataliki murambabarira.
1. Hirya no hino mu cyaro muri vacance: Aho yatwibukije byinshi twari twaribagiwe
2. Igihe Miss Rwanda 2015 yatemberezwaga igihugu mu ndege
3. iyi ya PGGSS5
N’izindi nyinshi agenda atugezaho. Simuzi ariko inkuru ze z’amashusho ziranshimisha mumubwire muti courage
NB: iyi nkuru ni iya Plaisir kubera ko nta E-mail mfite ngo nyimwoherereze ku giti cye
Jules MUHINDA umukunzi wanyu.
Jules MUHINDA says:
03/09/2015 at 11:11
Muraho banyamakuru beza bo ku museke.
Mfashe uyu mwanya ngiro ngo mbashimire mwese inkuru mutugezaho nziza, gusa by’umwihariko ndagira ngo nshimire Plaisir ku nkuru nziza z’amashusho atugezaho.Reka mvuge nk’eshatu gusa. Ntabwo nibuka amataliki murambabarira.
1. Hirya no hino mu cyaro muri vacance: Aho yatwibukije byinshi twari twaribagiwe
2. Igihe Miss Rwanda 2015 yatemberezwaga igihugu mu ndege
3. iyi ya PGGSS5
N’izindi nyinshi agenda atugezaho. Simuzi ariko inkuru ze z’amashusho ziranshimisha mumubwire muti courage
NB: iyi nkuru ni iya Plaisir kubera ko nta E-mail mfite ngo nyimwoherereze ku giti cye
12 Comments
Ariko Plaisir commentaires zawe ushyira ku mafoto rwose ni iza mbere umunyu areba amafoto meza uba washyizeho yasoma na comments hasi bikaba mahwi.
Ariko Plaisir commentaires zawe ushyira ku
mafoto rwose ni iza mbere umuntu areba
amafoto meza uba washyizeho yasoma na
comments hasi bikaba mahwi.
Rwose Plaisir izina niryo muntu rwose. Iyo ngiye kureba amashusho ndabanza nkareba ko ari wowe wayashizeho hasi. Nabona ari wowe ngatangira gusoma. Ndagukunda cyane.
Genda Queen Cha wabuze umubyeyi n’ umurezi hakiri kare! Birababaje kubona umwana wo mu batambyi…………….!. Mesa kamwe uzirikana ko ibyo umuntu abiba aribyo azasarura kimwe n’ abandi bose biyita ko bazi Imana bakayibangikanya no kwamamaza ibisindisha!
@ DODO
None se mwana wa Mama abamamaza cg bagafata ibisindisha nta Bwami bw’Imana bazaragwa? Ahaaaaaaa , njye sinamenya ariko mbona hari abasenga benshi ariko bafata no ku gatama (agahiye).
Wica imanza rero utazi uko Imana izabikemura.
icyo wita kumenya Imana nicyi Dodo? hari aho byandikwa kumutwe w umuntu cg ku myambaro yambaye. ntimugace imanza mujye mwirebaho urebe imbere yawe niba utunganye siko wahoze kandi bible ngo kuko bose bakoze ibyaha ntibashyikira ubwiza bw’ Imana , so, wikumva ko hari icyo umurusha rero
Muraho banyamakuru beza bo ku museke.
Mfashe uyu mwanya ngiro ngo mbashimire mwese inkuru mutugezaho nziza, gusa by’umwihariko ndagira ngo nshimire Plaisir ku nkuru nziza z’amashusho atugezaho.Reka mvuge nk’eshatu gusa. Ntabwo nibuka amataliki murambabarira.
1. Hirya no hino mu cyaro muri vacance: Aho yatwibukije byinshi twari twaribagiwe
2. Igihe Miss Rwanda 2015 yatemberezwaga igihugu mu ndege
3. iyi ya PGGSS5
N’izindi nyinshi agenda atugezaho. Simuzi ariko inkuru ze z’amashusho ziranshimisha mumubwire muti courage
NB: iyi nkuru ni iya Plaisir kubera ko nta E-mail mfite ngo nyimwoherereze ku giti cye
Jules MUHINDA umukunzi wanyu.
Muraho banyamakuru beza bo ku museke.
Mfashe uyu mwanya ngiro ngo mbashimire mwese inkuru mutugezaho nziza, gusa by’umwihariko ndagira ngo nshimire Plaisir ku nkuru nziza z’amashusho atugezaho.Reka mvuge nk’eshatu gusa. Ntabwo nibuka amataliki murambabarira.
1. Hirya no hino mu cyaro muri vacance: Aho yatwibukije byinshi twari twaribagiwe
2. Igihe Miss Rwanda 2015 yatemberezwaga igihugu mu ndege
3. iyi ya PGGSS5
N’izindi nyinshi agenda atugezaho. Simuzi ariko inkuru ze z’amashusho ziranshimisha mumubwire muti courage
NB: iyi nkuru ni iya Plaisir kubera ko nta E-mail mfite ngo nyimwoherereze ku giti cye
Jules MUHINDA umukunzi wanyu.
Umuseke ndabakunda cyane.
urban boys ivuyemo uburero kanze ntore knoweles kuvaritangiye mpaka kugeza rirangiye gusa nuza nyagatare ntuzongre gutuka abatype baho gusa nzakwamamaza tugutore turibeshyi
ooooooohhhhhhhhhhhhh my God please look at your son know BUTERA KNOWLESS
GUTORA KNOWLESS NI UKONGERA ITERAMBERE RY’IGIHUGU MUKUZAMURA ABAGORE MURWANDA
Oda pacy najye emotion ziramfashe nabonaga waratinze nukuri gusa imana iguhe umugisha nyuma yindatwa ndakwemera sana,gusa ndakwifuriza gukomeza amahirwe menshi.
Comments are closed.