Digiqole ad

Reba ‘Emotions’ za bamwe mu bahanzi babwiwe ko bakomeje muri PGGSS 5

Niryo rushanwa rikomeye ku muhanzi wo mu Rwanda, Primus Guma Guma Super Star, ritegurwa na BRALIRWA na East African Promoters. Ku muhanzi nka Paccy byari ibyishimo bigeza ku marira kubwirwa ko akomeje mu 10 ba nyuma. Kuri Rafiki utariherukagamo nawe byari ibyishimo bikomeye.

Ku bahanzi bamwe bandi nka Dream Boys, Knowless wabonaga bizeye gukomeza, gusa abandi nka Senderi, Jules Sentore na Active Group byabasabye gushyiramo imbaraga ngo berekane ko bakwiye gukomeza.

Imbaraga abahanzi nka Danny Nanone, Social Mula, Queen Cha na Jodi Phibi bashyize mu gitaramo cyo gushaka 10 bakomeza mu irushanwa ntacyo zatanze kuko basezerewe.

Baje gushyigikira Social Mula ariko ntibyakunze
Baje gushyigikira Social Mula ariko ntibyakunze
Asanga ashoboye
Asanga ashoboye
Mu gihe hari abadashobora kurya n'ibiryo bishyushye hari abashobora kurya umuriro
Mu gihe hari abadashobora kurya n’ibiryo bishyushye hari abashobora kurya umuriro
Baba bashyizemo imbaraga
Baba bashyizemo imbaraga
Bakagerageza no kwerekana buri cyose bashoboye ngo bongere amahirwe
Bakagerageza no kwerekana buri cyose bashoboye ngo bongere amahirwe. Uyu ni Danny Nanone
Bruce Melodie we yaje gusa yizeye ijwi rye
Bruce Melodie we yaje gusa yizeye ijwi rye biramuhira
Iyo ushaka ibikomeye wajya no mu icupa
Iyo ushaka ibikomeye wajya no mu icupa
Senderi iki gikorwa gusa gishobora gutuma akomeza, ntako aba atagize
Senderi iki gikorwa gusa gishobora gutuma akomeza, ntako aba atagize, ubu ngo abuzemo byabiha
Queen Cha nawe yakoze uko ashoboye ariko umenya hakiri kare
Queen Cha nawe yakoze uko ashoboye ariko umenya hakiri kare
Sentore mu ntore bavuna sambwe
Sentore mu ntore bavuna sambwe
Knowlesss mu mbaraga ze
Knowlesss mu mbaraga ze
no muri 'filingi' ze
no muri ‘filingi’ ze
TNP yazanye abasore bizimbiza bakabanza ikibuno hasi nkaho hashashe imifariso
TNP yazanye abasore bizimbiza bakabanza ikibuno hasi nkaho hashashe imifariso
Lauren Makuza abwira Jonathan Hall wa BRALIRWA ati "........"
Lauren Makuza abwira Jonathan Hall wa BRALIRWA ati “……..”
Uyu aribaza abari bukomeze
Uyu aribaza abari bukomeze
TNP ntawakwemeza ko bari bizeye ko bari bukomeze
TNP ntawakwemeza ko bari bizeye ko bari bukomeze
Inkuru nziza ibatashyeho byari ibyishimo birenze
Inkuru nziza ibatashyeho byari ibyishimo birenze
Sentore ati 'Karibu mu irushanwa basha!"
Sentore ati ‘Karibu mu irushanwa basha!”
Oda Paccy byaramurenze
Oda Paccy byaramurenze
Ndetse bihindukamo amarira
Ndetse bihindukamo amarira
Nta gishya cyane, ku nshuro ya gatanu 'nabwo twagarutse'
Nta gishya cyane, ku nshuro ya gatanu ‘nabwo twagarutse’
Ubu noneho ntazasezera aje guhatana n'abandi
Ubu noneho ntazasezera aje guhatana n’abandi ku nshuro ya gatatu
Rasta mu byishimo bikomeye ni uko abyifatamo
Rasta mu byishimo bikomeye ni uko abyifatamo
Ati "amahoro n'urukundo, nagarutse nyuma y'igihe kinini"
Ati “amahoro n’urukundo, nagarutse nyuma y’igihe kinini”
Ohhhhhh urakoze Mana nubwo nari nahavunikiye
Ohhhhhh urakoze Mana nubwo nari nahavunikiye
Urakoze rwose kunyongera uyu mugati w'iyi minsi ije
Urakoze rwose Mana kunyongera uyu mugati wa Guma Guma
Knowless na Senderi bitezweho byisnhi muri PGGSS V
Knowless na Senderi bitezweho byisnhi muri PGGSS V
Bull Dog we yishimanye na Rafiki
Bull Dog we yishimanye na Rafiki
Rafiki ati 'tuzabikora'
Rafiki ati ‘tuzabikora’

Photos/Plaisir MUZOGEYE/UM– USEKE

Plaisir MUZOGEYE
UM– USEKE.RW

12 Comments

  • Ariko Plaisir commentaires zawe ushyira ku mafoto rwose ni iza mbere umunyu areba amafoto meza uba washyizeho yasoma na comments hasi bikaba mahwi.

  • Ariko Plaisir commentaires zawe ushyira ku
    mafoto rwose ni iza mbere umuntu areba
    amafoto meza uba washyizeho yasoma na
    comments hasi bikaba mahwi.

  • Rwose Plaisir izina niryo muntu rwose. Iyo ngiye kureba amashusho ndabanza nkareba ko ari wowe wayashizeho hasi. Nabona ari wowe ngatangira gusoma. Ndagukunda cyane.

  • Genda Queen Cha wabuze umubyeyi n’ umurezi hakiri kare! Birababaje kubona umwana wo mu batambyi…………….!. Mesa kamwe uzirikana ko ibyo umuntu abiba aribyo azasarura kimwe n’ abandi bose biyita ko bazi Imana bakayibangikanya no kwamamaza ibisindisha!

    • @ DODO

      None se mwana wa Mama abamamaza cg bagafata ibisindisha nta Bwami bw’Imana bazaragwa? Ahaaaaaaa , njye sinamenya ariko mbona hari abasenga benshi ariko bafata no ku gatama (agahiye).

      Wica imanza rero utazi uko Imana izabikemura.

    • icyo wita kumenya Imana nicyi Dodo? hari aho byandikwa kumutwe w umuntu cg ku myambaro yambaye. ntimugace imanza mujye mwirebaho urebe imbere yawe niba utunganye siko wahoze kandi bible ngo kuko bose bakoze ibyaha ntibashyikira ubwiza bw’ Imana , so, wikumva ko hari icyo umurusha rero

  • Muraho banyamakuru beza bo ku museke.
    Mfashe uyu mwanya ngiro ngo mbashimire mwese inkuru mutugezaho nziza, gusa by’umwihariko ndagira ngo nshimire Plaisir ku nkuru nziza z’amashusho atugezaho.Reka mvuge nk’eshatu gusa. Ntabwo nibuka amataliki murambabarira.
    1. Hirya no hino mu cyaro muri vacance: Aho yatwibukije byinshi twari twaribagiwe
    2. Igihe Miss Rwanda 2015 yatemberezwaga igihugu mu ndege
    3. iyi ya PGGSS5
    N’izindi nyinshi agenda atugezaho. Simuzi ariko inkuru ze z’amashusho ziranshimisha mumubwire muti courage
    NB: iyi nkuru ni iya Plaisir kubera ko nta E-mail mfite ngo nyimwoherereze ku giti cye

    Jules MUHINDA umukunzi wanyu.

  • Muraho banyamakuru beza bo ku museke.
    Mfashe uyu mwanya ngiro ngo mbashimire mwese inkuru mutugezaho nziza, gusa by’umwihariko ndagira ngo nshimire Plaisir ku nkuru nziza z’amashusho atugezaho.Reka mvuge nk’eshatu gusa. Ntabwo nibuka amataliki murambabarira.
    1. Hirya no hino mu cyaro muri vacance: Aho yatwibukije byinshi twari twaribagiwe
    2. Igihe Miss Rwanda 2015 yatemberezwaga igihugu mu ndege
    3. iyi ya PGGSS5
    N’izindi nyinshi agenda atugezaho. Simuzi ariko inkuru ze z’amashusho ziranshimisha mumubwire muti courage
    NB: iyi nkuru ni iya Plaisir kubera ko nta E-mail mfite ngo nyimwoherereze ku giti cye

    Jules MUHINDA umukunzi wanyu.

  • Umuseke ndabakunda cyane.

    • urban boys ivuyemo uburero kanze ntore knoweles kuvaritangiye mpaka kugeza rirangiye gusa nuza nyagatare ntuzongre gutuka abatype baho gusa nzakwamamaza tugutore turibeshyi

      • ooooooohhhhhhhhhhhhh my God please look at your son know BUTERA KNOWLESS

        GUTORA KNOWLESS NI UKONGERA ITERAMBERE RY’IGIHUGU MUKUZAMURA ABAGORE MURWANDA

  • Oda pacy najye emotion ziramfashe nabonaga waratinze nukuri gusa imana iguhe umugisha nyuma yindatwa ndakwemera sana,gusa ndakwifuriza gukomeza amahirwe menshi.

Comments are closed.

en_USEnglish