Digiqole ad

Orion Club mugufasha abahanzi bakizamuka

Orion Club ni inzu y’urubyiniro iherereye mu mujyi wa Muhanga ikaba ari inzu yakunze gukorana n’abahanzi benshi mu buryo bw’ibitaramo baba abakomeye (abafite izina cyane) cyangwa abakizamuka.

Orion Club
Orion Club

Muri iyi minsi boss wayo UKWIGIZ E Gildas yasinyanye amasezerano na BAGABO Adolphe (KAMICHI) yo kuzajya aririmbiramo buri wa gatanu wa nyuma w’ukwezi na buri wa gatanu wa kabiri w’ ukwezi, ubu noneho gahunda afite ari ugushyira imbaraga cyane mu kuzamura abahanzi bakizamuka muri muzika.

Ku buryo KAMICHI azajya ahaboneka ari kumwe byibura n’undi muhanzi ufite izina n’abandi bahanzi batatu bakizamuka.  Mu mafoto akurikira yafatiwe muri Concert yahabaye kuri uyu wa gatanu harimo (KAMICHI, KIZZ, TNP, J KIDD) hagombaga kubonekamo n’umuhanzi OLIVIS nubwo yagize impamvu zituma atahaboneka. Kandi byagaragaye ko aba bahanzi bashimishije abantubaribizihiwe.

Kamishi
Kamishi

 

 

Kamishi aririmba
TNP
umuhanzi KIZZ
umuhanzi KHIZZ Kizito

 

Kamishi
Kamishi asinya amasezerano na UKWIGIZE GILDAS Boss wa Orion Club
Vincent na Master Tigger b' I Muhanga

5 Comments

  • EH
    NZAJYA MPAZA BURI GIHE BURYA BAGABO
    NDAMWEMERA
    KANDI NABANDI MWEZE MUJYA MUZA TUHAHURIRE
    MWIYUNVIRE UKUNTU AHOGOZA
    UMWANA WUMUHNGU

  • MBEGA BYIZA! NISHIMIYE ICYO GIKORWA GIFASHA NKATWE ABAHANZI BAKIZAMUKA, ARIKO NTIMUTUBWIYE INZIRA UMUNTU YACAMO KUGIRANGO ABONANE N’ UWO MU BOSS. NUMBER YE, cg E-mail BYARI BIKENEWE. MFITE INDIRIMBO ZIKUNZWE KANDI ZUMVIKANA KUMA RADIO; HARI: IBY’URUKUNDO, HAFi Y’UMUTIMA, UBUTUVUGANA, NIZINDI. UBWO BUFASHA NJYEWE NDABUKENEYE. MY NUMBER IS:0725002015 or 0788430016 MURAKOZE.

  • Message yawe ndayibonye mbonye na number yawe ndaza kuguhamagara tuvugane kandi wakoze gushima.

  • UMVA UWO NIWE DUSHAKA

  • kabsa njyewe ndashimira Boss wa ORION CLUB igitekerezo yazanye cyo kwita ku bahanzi bakizamuka ndumva ntawe utamubwira ati courage tukurinyuma.

Comments are closed.

en_USEnglish