Digiqole ad

Obama yasabye imbabazi kubera itwikwa rya Korowani (Coran)

President Obama wa USA yasabye imbabazi abaturage ba Afghanistan zo kuba abasirikare ba Amerika bari muri kiriya gihugu baratwitse igitabo gitagatifu cya Coran.

President Obama yasabye imbabazi
President Obama yasabye imbabazi

Mu ibaruwa Obama yandikiye president Hamid Karzai wa Afghanistan, yasobanuye ko ibyakozwe n’ingabo ze abyicuza cyane, kandi ko ari ikosa rikomeye.

Imyigaragambyo yamagana kiriya gikorwa cyakozwe n’ingabo za Amerika mu ntangiriro z’iki cyumweru, ikaba ikomeje mu majyaruguru n’uburasirazuba bwa Afghanistan.

Abasirikare babiri bivugwa ko bashobora kuba ari abanyamerika bamaze kwicwa, ndetse n’abaturage batandatu bakekwaho gushyigikira ingabo za Amerika ziri hariya barishwe.

Kuwa gatatu tariki 22, abandi bantu barindwi barishwe abarenga 12 barakomereka nkuko BBC dukesha iyi nkuru ibivuga.

Ibaruwa ya Obama isaba imbabazi yitangiwe na Ambassaderi wa Amerika muri Afghanistan ubwe, iyi baruwa ikaba kandi yizeza bwana Karzai ko abakoze ayo makosa bazayaryozwa.

“ Ndasaba nkomeje ko wowe n’abaturage ba Afghanistan mwagira imbabazi ku byakozwe” ni ibyanditse muri iyo baruwa.

Nubwo Obama asaba imbabazi, ntibyabujije abaturage kuri uyu wa kane kugerageza gutera ibigo bibiri by’ingabo za Amerika biri ku butaka bwabo bashaka kwihorera.

Rubanda uru, rukaba rwateraga hejuru ruti: “ Urupfu kuri Obama” amabuye yatewe mu birindiro by’izi ngabo, ndetse amabendera ya Amerika nayo ahabwa inkongi.

Abataliban, batajya imbizi n’ingabo yamahanga yose yaje muri kiriya gihugu, baboneyeho gusaba abaturage kwihorera ku banzi batutse ‘Coran’ yabo.

Nubwo Hussein Obama yasabye imbabazi, amasengesho yo kuri uyu wa gatanu (ijumaa) muri Afghanistan ngo ashobora kugaragariramo umujinya mwinshi wa rubanda, ushobora kuvamo ubwicanyi ku munyamerika uri hafi cyangwa umunyafghanistan umushyigikiye.

Jean Paul Gashumba
UM– USEKE.COM

0 Comment

  • USA/NATO bajya bansetsa rwose. Bagira batya bakarasa inzirakarengane , haba imyigaraganbyo bati tugiye gutangiza amaperereza. Kaddafi yarishwe bati Dukore iperereza. Quran iratwikwa abasilamu bakwigaragambywa bati iperereza, ababikoze bazahanwa. Quran nk’igitabo gikozwe mumpapuro ntabwo kiruta ubuzima bw’abanyafghanistan birirwa bicwa n’ibitero bya NATO/USA. Icyaha bakoze ari nacyo gishingiyeho ibindi byose n’ukuza kwigarurira igihugu cy’abandi.naho gutwika Quran ni kamwe muduce twinshi two kurwanya Islam.

  • As the repeated desecration and burning of the Holy Quran of the Muslims at the hands of the Crusaders is the natural and deliberate act of these infidels, then as part of our defense of our sacred book, we should not be satisfied with mere protests and empty slogans but the military bases of the invaders, their military convoys and their troops should become a target of our courageous attacks. Kill them, beat them, take them as prisoners and teach them such a lesson that they never summon the courage to abuse the Holy Quran again.

    • ABA TALIBAN MURI IBICUCUUUU BYUZUYE

  • As the Holy Quran is the sacred book of all the entire Ummah therefore the Islamic Emirate calls on all the Muslims of the world, their governments and people, religious officials of the two sacred mosques and the religious centers of Darul Uloom Deoband and Al Azhar, as part of their religious obligation and fervor to take a united stand against the desecration of our common book by the American aggressors. Condemn their unforgivable crime both practically and verbally and back the legitimate struggle of the Muslim Afghans against them.

  • Islamic Emirate of Afghanistan calls on all the youth present in the security apparatus of the Kabul regime to fulfill their religious and national duty, to repent for their past sins and to record their names with gold in the history books of Islam and Afghanistan by turning their guns on the foreign infidel invaders instead of their own people as part of their Islamic conscious, brotherhood and as part of their national honor in order to take revenge for the decade old oppression of our nation by the infidel occupiers and to record their names in the ranks of warriors of Islam. These youth must realize that this is there best opportunity of gaining success in both this world and in the hereafter. The Holy Prophet (SAW) says: “لایجتمع کافر وقاتله فی النار” – Those who kill an infidel shall not be put into hell fire with him meaning that the killing of a warring infidel earns one a place in Paradise. And similarly, such warriors are also honored and remembered as heroes amongst the people in their life time and after their death. Those courageous youth who intend to carry out such heroic strikes will be supported and given a lending hand in everyway possible by the Islamic Emirate as part of its religious obligation.

  • Kudaha isomo imisega ni uguhomba. Bahabwe isomo kugeza bamenye agaciro k’imyemerere y’abandi. Bateye igihugu cy’abandi babona ntacyo bitwaye, banyara kumirambo babona ntakibazo, none kweli. Abanyafghanistan bahagurukire rimwe bikize iyo cancer. Umunyamerika aho ari hose (muri afganistan) ananirwe gusinzira, abuzwe amahoro n’amahwemo.

    • ntambara, ubwo ibyo uvuze bifite shingiro koko ,ijambo ryi mana riravuga ngo guhora nu kuhoraho, kandi byongeye ntabwo ishavu nkiryo riva ku mana ni rya wa mubi satani , abana bimana ntibarakara uko barapfukama bagasenga Imana ikishura solution ntabwo ari ukwicana ahubwo sinzi ibibazo aba islam bagira kuko nzi neza iyo batwika bible aba christu ntabari kwicana bari kubyi horera bakarindira ici mana ikora ,ahubwo tubasengere kuko uburakari nkubwo buturuka kwa satani kuko ngo yaje kurimbura.

      • ngo guhora ni ukwimana? Muranyica kabisa. Imana yaduhaye ububasha bwo kwihagararaho. Uwafata Nyoko kungufu wa muhereza condom? cg wamuca umutwe? niba wamuha condom ukanamumurikira ngo arebe nyoko neza, ukwiye kuba utaravutse. Ku ba Islam, Igitabo cyabo Gitagatifu gifite agaciro kanini. Naho Bible yo yiveho. Ninde uyubahiriza se?

        • WOWE NTANUBWENGE UGIRA WOWE KIMASA BIBLE WAYIGERERANYA NA COROAN BIHURIYEHE SE URETSE UBUSAZI BWANYU NGO MOHAMED MURIBESHYAAAAAA,KUGICA BIROROSHYE KUKO NTANAGACIRO GIFITE PUUU

  • ni icyo cyari gisigaye

  • Erega Abayislamu nibadahaguruka ngo barengere uburenganzira bwabo bazabahonyanga mpaka. babikoze kugirango barebe reaction z’abasilamu gusa kugirango nibabona nta ngaruka bakomeze bakore ibindi. abarabu baragowe.

  • BARABYIYEMEJE, IGISIGAYE NI UKUBARWANYA NO KUBABUZA AMAHORO KUKO NI ABANZI B’ABAYISLAMU BOSE BY’UMWIHARIKO BA ISLAMU.

  • murakoze kutugeza ino nkuru ariko ndagiraqngo mbabwire yuko haribintu bidakinishwa kurino si yarurema igitabo kimaze imyaka igihumbi nimisago ukaza wigize ndi gabo ukagitwika ubu hashobora kuba intamabara yisi kubera kino gikorwa ni bice abanyamerica nkuko nabo bica abandi kandi ntago biribworohe nagato

  • Assalam walaykum wa Rahmatu allah wa barakatuhu.Brothers and sisters and all muslims in all over the world .I have a message to address to you.The message is: Now the muslim world is surrounded by the rubish american politics including “Globalization” that aim at aggressing muslim cultures and islamic believe.We are called as muslims to fight against all of these neocolonialism ideas.There is no any one else who can fight on our side while he/she is not muslim.

  • Niko mwabantu mwe koko murumva mutekereza neza? ese ikosa rikosozwa irindi? ariko kuki aba silam mukunda kwihorera?kwicana birabanezeza kuko mbibonye henshi hirya no hino mubihugu by’abarabu, nyamara ugasanga mwibeshya ngo murasenga! icyo gitabo cyanditwe n’umwana w’umuntu ariko umuntu yarmwe n’imana kdi nta muntu urarema undi ubwo se ari igitaqbo n’umuntu ufite agaciro ninde? muzabona ishyano nimudahindura imitima yanyu mwimitsemo ubwicanyi, ubu se abadukoreye Genocide ntitwabababariye nkantswe impapuro mukumvako amaraso yakomeza kumeneke nta soni!? uguhora nukw’uwiteka

  • Ariko kuki mudushotora? Muba mushaka kureba uko duhagaze? Mwitonde !

  • njyewe ntaho mpagarariye kubyerekeranye n amadini arko haribintu biba bikabije cyane,ese imyaka cyiriya gitabo cyabereyeho nukuvuga ko ntabutegetsi bwabagaho ku isi?cg ubwariho nta mbaraga bwari bufite?ese mukugitwika hakoreshejwe iki/umuriro usanzwe cg ubundi buhanga?coz i dont really understand that,is too bad.thanks

Comments are closed.

en_USEnglish