Digiqole ad

Alpha Rwirangira

Umuhanzi Apha Rwirangira yashyize ahagaragara amashusho y’indirimbo ye nshyashya yise “No money no love” ugenekereje mu Kinyarwanda wayita “Nta mafaranga nta rukundo”, akaba ayiririmba avanze indimi eshatu arizo Igiswahiri, Icyongereza ndetse n’Ikinyarwanda. Ngaho nawe ihere ijisho maze ikunyure.

[stream flv=x:/umuseke.com/wp-content/uploads/2011/10/No money no Love by Alpha.flv img=x:/umuseke.com/wp-content/uploads/2011/10/alpha RWIRANGIRA.jpg embed=false share=false width=640 height=350 dock=true controlbar=bottom bandwidth=high autostart=false /]

 

16 Comments

  • true 100%

  • huu

    • Hello!Ndashimira cyane umuhanzi wacu Alph,kundirimboze nziza cyane cyane ubutumwa buba mundirimboze,nukuri urumuhanzi wa africa yose!kuko ufite impano wiherewae nanyagasani,tukurinyuma, Bro!Be blessed.

  • Ubwo amaze kubona ko kugira amafaranga hari icyo byamwongereye mu rugamba rwo gukunda cyangwa se gukundwa none abigize ihame ridakuka! Uzahitemo neza gusa kuko baravuga ngo ” Ukize baraza”.

  • uyu numuhanzi werekana ikinyuranyo murwanda nahandi henshi,na tomeclose ntiyashunaho

  • AHISE AFUNDIKIRA ABIYITA ABASTAR MU RWANDA

  • tout cela depend de ceque l’on appelle amour”love” kuko ururkundo rwubakiye ku mafaranga narwo si shyashya ariko na none,Nta je t’aime inzara iguteme amara.

  • So good!!

  • kabisa uyu noneho nanjye ndemeye! ureke bamwe birirwa batubeshya ba pirata gusa, big up! alfa uri eshema ry’abanyarwanda bakunda musica kweri.
    ubundi aho gukora uturirimbo tutabarika twa fake wagira nk’iyi imwe bikarangira.

  • Bigaragara nawe utaramenya urukundo icyo aricyo Imana ni urukundo kandi imari si Imana

  • alpfa ndamukunda cyane kubera ijwi rye kubwiyo mpamvu namugira Inama yo gushaka umuntu Umwandikira indirimbo kandi byamugeza kure peee!! tujye twemera Impano zacu nibyo twafatanyamo nabandi. dore nkiyi ndirimbo ninziza ariko ifite amaga abiri gusa (love, money & a living)

  • Ese ko Alpha naherutse ari muri Gospel ubu yaba yarayivuyemwo?iby’isi biratangaje.Imana ibahe kureba kure ndetse no guhitamwo neza.

  • Uru rubuga ntako rusa mukomereze aho gusa mujye muha n’amakuru menshi ya Gospel

  • Alpha I like u so much,please big up

  • Big up

  • Alpha Amakuru Ye? Ko Akora Umuzikiwemewe Kuki Ntarumva Yateguye Ibitaramo Hano Mukarere Cg Hano Murwanda Azajya Yiyereka Abanyarwanda Igihe Agiye Muri Competition Only Ariko Ntashake Kubyereka Abafans Be Kdi Kuki We Atagiye Muri Primus Guma Guma Super Star Nawe Ariwe

Comments are closed.

en_USEnglish