Digiqole ad

Mutwihanganire ku kutaboneka kwa Episode ya 155

 Mutwihanganire ku kutaboneka kwa Episode ya 155

Mwiriwe,

Mutwihanganire, gushyiraho Episode ya 155 ntabwo byadushobokeye kubera imirimo yo gukora data base y’ababashije kwishyura mu buryo bwa Online no mu buryo bwa Mobile Money.

Twakomeje kugerageza ngo igeho kare ntibyadushobokera.

Ejo tubasezeranyije kubaha iyi Episode ya 155 (mu gitondo) na 156 (nyuma ya saa sita).

Murakoze kutwihanganira.

Icyumweru kiza

15 Comments

  • Murakoze cyane Museke muzaba mukoze ikintu cyiza ntarungu.tuzagira then nti muzaduhe kagufi Kuko ngo muduhaye ebyiri.

  • Muzaduha eshatu kuko nubushize mwaduhaye imwe mwagombaga kuduha ebyiri

  • muduhe numéro dushyireho amafranga twishyure

  • Njye ndifuza kubaza chief editor kdi yihangane ansubize rwose:
    inkuru iri supposed kutugeraho 3:30Am none utumenyesheje impamvu itatugezeho 3:46PM.Mpora mbikubaza ntunsubize ariko nubundi reka mbikubaze:”ni ryari wakabaye utumenyesha igihe ikibazo inkyru yagize?ni mbere cg nyuma?”. buriya utekerezako kuva saa 3:30AM kugera 3:45PM umuntu aba amaze kuza gushaka inkuru kangahe?igihe abantu baba bataye wowe ntacyo kikubwiye?cg udufata nkabatagira icyo bakora?
    plz ubutaha jya ubitumenyesha kare rwose nibwo bunyamwuga

    • Yampayinka!! yego ni uburenganzira bwawe ariko hari ubwo abantu dukabya!!! Umuseke ntibworohewe kabisa

    • Mwiriwe,
      Buri gihe ntabwo ibintu bigenda uko tubyifuza, ntabwo tutakugegejeho inkuru ku bushake gusa, twagusobanuriye impamvu ko isaha n’isaha uyu munsi twariho tugerageza ngo ikugereho rwose ariko bigeze ubwo tubona ko bitagikunze. Twongeye kugusaba imbabazi ku gihe cyawe wataye no kubyo utakoze kubera ibyo. Urakoze.

    • Ibi ni ugukabya nshuti muvandimwe,

      Ubu se tuvuge ko mu buzima ibintu byose ubikora perfectly???

      Niba habaye ho ikosa,ni ibisanzwe mu buzima bibaho cyane ko nta n’itegeko badushyizeho mu kwishyura/gusoma iyi nkuru…

      Niba utabashije kubyihanganira se waretse kuyishyura.

      Tujye dutanga ibitekerezo arko twirinde gukabya..

  • ARiko NKatwe Turi Aha Hafi Mururundi NTimwotworohereza Mykuriha NKo Kuri Lumicash Canke Ecocash? Murakoze

  • Birababaje, impamvu inkuru itatugeraho byo biragaragara ko mwabanje ibya cash; gusa hari ukuntu iyo wamaze kugura ikintu uba ugifitiye uburenganzira sinumva rero abishyuye icyo bari kuzira. Ikindi mukwiye gushyira imbere abaclients banyu kuko ubu ntitukiri abakunzi banyu twabaye abaclients. Ni donna donna.

  • @Umuseke byibura mumaze gutera intambwe yo kwaka imbabazi igihe hari ibitagenze neza, ibyo mwiriwemo nabyo byari ingenzi keep it up, twizeye kuzakomeza kubona inkuru yacu ku gihe

  • Ko murimo kutujyamo imyenda myinshi?!Ubwo ejo muzaduha episode 3 (155,156,157).Umugoroba mwiza.

  • mwiriwe, nkatwe turi i Burundi ,ushoboye kuronka umwishurira kuri mobilmoney, muzomenya gute ko ariwe bishuriye?

  • Umuseke mbanje kubashimira kubwo kugerageza kwisegura ark nfite ikibazo rwose knd gikomeye peee mumbabarire munsubize ngewe nfite tigo cash gusa ntekereza gushaka mobile money ark ikibazo kikaba muzabwirwa niki ko aringe wishyuye Ese kuki mutaduha imirongo yose kuburyo bwokutworohereza ko bishoboka

    • Mu kohereza impamvu ushyiraho amazina yawe. cg wamara kohereza ukoresheje tel itari iyawe ukohereza SMS kuri tel yacu utubwira amazina yawe. Biroroshye.

  • Jyewe nishyuye online nkurikiza amabwiriza yose ariko nta message ya feedback nabonye. Mwamfasha kumenya niba byarakunze ? Thank you

Comments are closed.

en_USEnglish