Digiqole ad

Musambane wa Giggs noneho kw’ishovali (Cheval)

Aho yahungiye igitutu n’igisebo cyo gusambana na Ryan Giggs, Imogen Thomas muri USA mu mujyi wa California yagaragaye aha ikibuno cye ishevali (Cheval) ngo irigate ho.

Ategeza inyuma he Cheval ngo irigateho

Imogen,28, ubusanzwe ngo ntabwo azi gutwara iyi nyamaswa, ndetse ngo yariho abyigira hariya, ariko agacishamo akayoyegereza ayigiraho inshuti, iyi nyamaswa nayo ngo ntiyigeze imubanira nabi nkuko ngo ikunda kubigenza abandi batazi kuyitwara ibatura hasi.

Uyu mukobwa wigeze kuba Miss Wales, akaba ari kugerageza gukira igisebo yatewe no kuba isi yaramenye ko yasambanaga na Giggs (umukinnyi wa Manchester United) kandi yubatse ndetse n’abana babiri.

Giggs we akaba muri iyi week end yaragaragaye mu karwa kamwe muri Espagne mu biruhuko ari kumwe n’umugore we Stacey n’abana babo, bagerageza kongera kwiyunga nyuma yibyo yamukoreye.

Inyamaswa yashishikaye Imogen nawe yayihaye rugari
Umwuka ni mwiza hagati yabo cyangwa yabyo
Iyi nyamaswa yari yamwishimiye, Itegereze uko imureba

Jean Paul Gashuma

umuseke.com

 

7 Comments

  • naho giggs ararengana,nawe se urabona iyi farasi itabuze uko ibyitwaramo?ugirango iyo imenya icyongereza ntiba yaragize icyo imwibariza?urabona icyoroshye imureba?

  • Njyewe nduva rwose uwo mukobwa afite ikibazo cyuburwayi gusa abantu bo mumuryango we bashakishye ukuntu bamuvuza kuko ararwaye

  • Justin, ni nikihe kibazo wowe wumba afite uretse itangazamakuru rikabya. ese kuvuga ngo i cheval iramurigata bivuze iki? ni ibisanzwe, ahubwo wakwiye gutekereza nk’umuntu wa soma. ukumva ko icyo iyo nkumi yakora cyose vuba aha, bahita bagihindura ikintu kidasanzwe kandi ataribyo. sawa asawa

  • ese kuba ifarasi irigata uriya mwari si ibintu bisanzwe?ubu wowe justin niba warigeze kuba ahantu hari inka ntiyigeze ikurigata? nakubwira ko ari ibintu wunva ari byiza.

  • mbona ikibazo atari ukurigatwa n’i cheval,ikibazo ahubwo ni icyo imurigatira n;icyo imurigataho?ugirango iyo irurirwa yari gushishikara bigeze hariya? biriya ni ibigaragaza uburyohe budasanzwe bw’uriya mwari,ari nabwo giggs atashoboye kwihanganira!maze n’ifarasi yaragoswe nkanswe giggs!!!

  • ibyo n’ugusebanya ababaye mu nka turabizi ko ishobora kukurigata ariko bitavuze kuza kuryamana nayo

  • IRIYA CHEVAL YAKORAGA ICYO BITA “KUMOSA” KUMWE IKIMASA CG ISEKURUME ZIBIKORA.

Comments are closed.

en_USEnglish