Digiqole ad

Miss azaba ari kumwe na SEBAMED muri Tour du Rwanda

 Miss azaba ari kumwe na SEBAMED muri Tour du Rwanda

Miss Rwanda 2015 ubwo yari mu Budage gusura uruganda rwa Sebamed no gusobanurirwa produits zitandukanye za SEBAMED ari kumwe na Larak Samir sebamed Manager wa Sebamed Africa

Nyuma y’uko Miss Rwanda avuye mu Budage ku gihembo yari yahawe na SEBAMED

cyo kujya gusura uruganda rwa SEBAMED mu Budage, ubu Miss Rwanda azaba ari kumwe na SEBAMED muri Tour du Rwanda.

Irushanwa ry’isiganwa ry’amagare, SEBAMED yateye inkunga  rizatangira kuri 15-22 Ugushyingo 2015.

Miss Rwanda 2015 azaba ari kuri stand ya SEBAMED kuri 15 Ugushyingo 2015  i Kigali kuri stade amahoro aho azasobanurira abazaba baje muri Tour du Rwanda amavuta atandukanye n’amasabune bya Sebamed  nk’uko yabyigishijwe igihe yarari mu Budage yagiye gusura uruganda rwa Sebamed.

Sebamed ihagarariwe na KIPHARMA mu Rwanda izabagezaho amavuta y’ubwoko bwose n’amasabune bya Sebamed harimo ay’abana, abakuru n’abarwaye ibishishi.

Twabagabanyirijeho 30% kw’ijana

Sebamed n’amavuta n’amasabune  bikorwa n’uruganda rwo mu Budage ; Sebapharma GmbH & Co. KG aho bakora amasabune yo koga n’amavuta avura ibiheri n’ibishishi bifite p.H 5.5 ifasha uruhu kwirinda microbe.

Aya mavuta n’amasabune ntibitukuza cyangwa ngo bihindure uruhu bikoreshwa ku bagabo n’abagore.

AMAVUTA N’AMASABUNE YO MU ISURA AVURA IBISHISHI KU BANTU BAKURU

Hari amavuta n’amasabune bivura uduheri duto n’ibishishi byo mu isura ukongera gusubirana uruhu rw’umwimerere.

Ku ngimbi n’abangavu hari amavuta n’amasabune bivura ibiheri barwara mu maso.

Ku bakize ibiheri bagasigarana ibisa nk’inkovu mu isura, hari amavuta n’isabune mwakoresha mukongera kugira uruhu rwanyu.

1

AMAVUTA N’AMASABUNE KU BANTU BAKURU

Ku bantu bafite uruhu rwumagaye cg rukomeye hari amavuta n’amasabune bifasha kongera korohera no kururinda kwangirika .

Ku bafite umubiri ufite ibinure byinshi, tubaha amavuta abigabanya

Abarwayi ba diabete, muri Sebamed hari amavuta afasha uruhu rwataguritse kongera gusubirana kimwe n’abarwaye imyate cyangwa abafite iminkanyari.

Tubafitiye amavuta avura uruhu rufite amaribori

2

AMAVUTA YO KWISIGA KU ZUBA KUGIRANGO URUHU RUTANGIRIKA

Ay’abantu  bakuru ay’abana
Ay’abantu bakuru  hamwe n’ay’abana

 

SEBAMED Y’ABANA BATO

Sebamed ibafitiye amavuta n’amasabune umwana akoresha uruhu rwe ntiruhindagurike.

Hari n’amavuta meza yo gusiga umwana mbere yo kumubinda(pampers) bituma atababuka ku kibuno.

4 5

Mu irushanwa rya Tour du Rwanda tuba dufitemo stand aho buri wese ashobora kwigurira SEBAMED ashaka agahabwa igabanyirizwa rya 30% ku bicuruzwa byose bya sebamed
Mu irushanwa rya Tour du Rwanda tuba dufitemo stand aho buri wese ashobora kwigurira SEBAMED ashaka agahabwa igabanyirizwa rya 30% ku bicuruzwa byose bya sebamed
Miss Rwanda 2015 ubwo yari mu Budage gusura uruganda rwa Sebamed no gusobanurirwa produits zitandukanye za SEBAMED ari kumwe na Larak Samir sebamed Manager wa Sebamed Africa
Miss Rwanda 2015 ubwo yari mu Budage gusura uruganda rwa Sebamed no gusobanurirwa produits zitandukanye za SEBAMED ari kumwe na Larak Samir sebamed Manager wa Sebamed Africa
en_USEnglish