Miss azaba ari kumwe na SEBAMED muri Tour du Rwanda
Nyuma y’uko Miss Rwanda avuye mu Budage ku gihembo yari yahawe na SEBAMED
cyo kujya gusura uruganda rwa SEBAMED mu Budage, ubu Miss Rwanda azaba ari kumwe na SEBAMED muri Tour du Rwanda.
Irushanwa ry’isiganwa ry’amagare, SEBAMED yateye inkunga rizatangira kuri 15-22 Ugushyingo 2015.
Miss Rwanda 2015 azaba ari kuri stand ya SEBAMED kuri 15 Ugushyingo 2015 i Kigali kuri stade amahoro aho azasobanurira abazaba baje muri Tour du Rwanda amavuta atandukanye n’amasabune bya Sebamed nk’uko yabyigishijwe igihe yarari mu Budage yagiye gusura uruganda rwa Sebamed.
Sebamed ihagarariwe na KIPHARMA mu Rwanda izabagezaho amavuta y’ubwoko bwose n’amasabune bya Sebamed harimo ay’abana, abakuru n’abarwaye ibishishi.
Twabagabanyirijeho 30% kw’ijana
Sebamed n’amavuta n’amasabune bikorwa n’uruganda rwo mu Budage ; Sebapharma GmbH & Co. KG aho bakora amasabune yo koga n’amavuta avura ibiheri n’ibishishi bifite p.H 5.5 ifasha uruhu kwirinda microbe.
Aya mavuta n’amasabune ntibitukuza cyangwa ngo bihindure uruhu bikoreshwa ku bagabo n’abagore.
AMAVUTA N’AMASABUNE YO MU ISURA AVURA IBISHISHI KU BANTU BAKURU
Hari amavuta n’amasabune bivura uduheri duto n’ibishishi byo mu isura ukongera gusubirana uruhu rw’umwimerere.
Ku ngimbi n’abangavu hari amavuta n’amasabune bivura ibiheri barwara mu maso.
Ku bakize ibiheri bagasigarana ibisa nk’inkovu mu isura, hari amavuta n’isabune mwakoresha mukongera kugira uruhu rwanyu.
AMAVUTA N’AMASABUNE KU BANTU BAKURU
Ku bantu bafite uruhu rwumagaye cg rukomeye hari amavuta n’amasabune bifasha kongera korohera no kururinda kwangirika .
Ku bafite umubiri ufite ibinure byinshi, tubaha amavuta abigabanya
Abarwayi ba diabete, muri Sebamed hari amavuta afasha uruhu rwataguritse kongera gusubirana kimwe n’abarwaye imyate cyangwa abafite iminkanyari.
Tubafitiye amavuta avura uruhu rufite amaribori
AMAVUTA YO KWISIGA KU ZUBA KUGIRANGO URUHU RUTANGIRIKA
SEBAMED Y’ABANA BATO
Sebamed ibafitiye amavuta n’amasabune umwana akoresha uruhu rwe ntiruhindagurike.
Hari n’amavuta meza yo gusiga umwana mbere yo kumubinda(pampers) bituma atababuka ku kibuno.