Digiqole ad

Maze umwaka nshyingiwe ariko sindatera akabariro ngo nishime

Nyuma yo guhura n’ikibazo kandi nkaza kubona ko mujya mureka abasomyi banyu bagacisha inyandiko zabo kuri uru rubuga bagisha inama, niyemeje kubagana kugira ngo nanjye muntambukirize ikibazo ndebe ko nabona ubufasha bw’ibitekerezo.

Hashize umwaka nsezeranye n’umugore wanjye. mbere yaho twakundanye igihe kigera ku mwaka.

Musaba gukundana  nawe yansabye ikintu kimwe mbere y’uko anyemerera gukundana nawe.

Yarambwiye ati “Ntuzigere umbaza ibyerekeranye n’imibonano mpuza bitsina mbere yo kubana.”

Narabyemeye kuko umugore wanjye ni umukristu mu mvugo no mungiro, ndabyubaha
kugeza tubanye.

Ariko kuva twabana sindabasha gutera akabariro! ntako ntagize ariko buri gihe aba ambwira ko nawe akora uko ashoboye.

Tuba tugitangira agataka cyane ngo arababara bitagira urugero ubwo nkabireka, nkibaza nti “Ese ni jye utazi uko bikorwa?”

Ndibaza ibi kuko kenshi hari igihe umuntu yibwira ko abizi kandi ntacyo azi, ariko nanone nkaba nzi ko mbere abandi twakundanye twabikoraga nta kibazo.

Ndibaza kandi nti ese ni ubwoba afite mu mutwe bumutera gutaka kandi atababara?

Kandi ndamukunda sinakora ikintu kimubabaza, kuba tutabasha gutera akabariro ngeze aho numva nshobora kubyihanganira kuko ibindi byose turabikora.

Gusa rero ejo bundi umubyeyi wanjye yarambajije ati “Ese byifashe bite,
umwana ni ryari?”

Ncuti basomyi b’Umuseke rero ndifuza ko mwangira inama y’icyo nakora kugira ngo ajye areka gutaka, cyangwase icyo nakora kugira ngo nanjye nkemure ikibazo mba mfite kuko nanjye ndi umuntu kandi umuntu muzima we arabikenera.

Photo/internet

0 Comment

  • yego

  • arataka se ukamwihorera?jya ubanza umutegure bihagije ubanze umukorakore hose ndetse no hepfo ntuzahatinye umubwire n’utugambo twiza tw’urukundo niwumva igitsina cye cyazanye amazi uzayishyiremo aruko ntuzahite utangirana impamyi ujye ugenda buhoro buhoro kandi ucapurishamo n’akanyarwanda buhoro buhoro ibindi bizikora ndakurahiye najye uwanjye ni uko yari ameze ariko ubu niwe untesha umutwe ndakurahiye!! ndetse n’akana turagategereje uyu mwaka kandi nta mwaka turamara dushyingiwe!!!byose ni determination mon cher kandi kumureka ngo nuko ababara siyo solution ibaze atarabukiye hanze bakamuryphereza wowe uri aho utumbitse amajigo byaba ari ka cata!!!!

  • Jyana madamu kwa muganga avurwe kuko afite uburwayi. shaka umuganga w’abagore azabashe kuko kubabara muri iki gihe ni signe ya pelvic inflamatory disease cyangwa se indwara yo kumagara mu gitsina iterwa nuko imisemburo ye idakora neza. thanks!

  • Hahahaa,umugore wawe arumagaye nta bubobere azana mu gitsina.Ubundi iyo cyabobereye,ashiduka ayumvira mu mabondo.Jya upfa kumu caressa cyane nyabu!

    • wagiiye kwa muganga se? TCM ntuhazi i remera?

  • Nshuti nziza,
    Uraho neza? maze kubona ikibazo cyawe, mbona gifite ishingiro, kirumvikana, nkaba nejejwe no kuguha inama ku kibazo cyawe, ubundi wari ukwiriye kubanza kwibaza ibintu 3: icya mbere, mbese turakundana cyane? ntabwo twabanye wenda tutabihatiwe n’imiryango cyangwa se idini, twebwe ubwacu tutabishaka?? Mbese uramutegura neza (abahanga bagaragaza ko mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina, mubanza gutegurana, mukora za caresses cg se Romances byibura 30 mn) ku buryo imibiri ywanyu ijya kwinjira mu gikorwa mwateguranye, ikindi wakwibaza ni iki : mbese iyo mubiganiriyeho akubwira ngo ngwiki?? banza unamenye wenda niba atarigeze ahohoterwa akiri umwana? ok, ikindi mwakora nusanga nta gisubizo cya Yego kiri kuri birya bibaoz wibajije, uzagane Ivuriro rikwegereye, hanyuma mubiganireho n’umuganga, azagufasha kuko hari n’igihe abagore bagira za Infection mu myanya myibarukiro yabo, bigatuma mu gihe yakoze imibonano mpuzabitsina ashobora kubabara. Imana igufashe.

    • iyi nama ya Mujyanama niyo nziza ariko niba munasenga koko byukuri ntimukibagirwe no gusengera urugo rwanyu n’imibanire yanyu kuko na Shitani si shyashya yabikora kugirango umunezero ubure iwanyu amaherezo azarusenye ariko no kwegera inzobere z’abaganga ni ngombwa, Imana igufashe rwose!

  • hahahahaha, ntabwo ngusetse gusa umwana ararengana ahubwo yabuze umuswezi, ubwo se niba uhita ucumita urumva yabuzwa niki gutaka muvandi? niba ntakindi kibazo mufitanye hagati yanyu, jya ubanza umukorakore kumoko , kuri critoris, ku mukondo, mubibero, umusomagure neza ariko utamuryagagura, nawe umureke iyifate , umuganirize neza hanyuma uyishyiremo gahoooro uzajya kumva yagufashe uburyohe bwamurenze ibindi sinakubwira!!!!!

    • Uravuze ngo yabuze umu…zi?Kandi yemera ko mbere y’uko babana yarabikoraga n’abandi nta kibazo?

  • Nange maze igihe ntamugabo ngwino nkwimarire intimba.

    • Genda wa mushukanyi we.Kazarusenya

    • wabuze uwuguswera se sha!!!? ufite agafaranga se ngo nzagupfubure sha!? niba ugafite uzampe ka sms unsubiza uko nakubona maze nkwishakashakire tubyumve kimwe. naho uyu mugabo yashatse umugore w’isugi kandi ufite phobie yabyo, bityo azaganire nawe, amubwire uko aba yumva bimumereye, nibiba ngombwa amugeze kwa muganga. thx

    • Nshaka cg umpe adress zawe nzakubwira!

  • Ntabwo mvuga kuri uwu muvandimwe, ahubwo ndashaka gusobanuza. Singombwa kugishyira ku mugaragaro. Nifuzaga ko mwamfasha kubona adresses za wa mudamu muherutse kuvuga mu kwandikaho worora inkoko. Nanjye nifuje kuzorora ariko mbura aho nakorera urugendo shur. Mumfashije kubona izo adresses ze mwaba mumfashije cyane.

    Mbaye mbashimiye

  • Igisigaye nukujya hanze ukishakira umwana kuwundi mugore

  • Ihangane muvandimwe. Inama nakugira kora ibyo Jean yakugiriyemo inama hejuru. Gusa hari igihe aba afite uburwayi kuburyo ibyo wakora byose ntacyo byatanga. Ubonye ibyo Jean yatanzemo inama ntacyo bitanze, wagana kwa muganga urebana n’iby’imyororokere. Nabyo ubonye ntacyo bitanze, wakwegera muganga wa kinyarwanda ariko w’umuhanga (simvuze abapfumu), ahubwo ndavuga aba bavurisha imiti ya kinyarwanda batajya mu bindi. Nka Nyabugogo barahaba (n’ahandi) kandi burya abatabeshya imiti yabo iravura hari urugero nzi, hari n’indwara bavura kwa muganga batabasha. Ihangane komera.

  • Uyu muvandimwe njye ndamubaza utu tubazo:
    1) Ese akubwira ko ikibazo afite nikihe? arumagara wewe se iyo winjira ntabwo ubabara? niba ubabara nawe umugore wawe afite ikibazo cyo kumagara nukwivuza.
    2) waba waramushaste ar’isugi? Niba aribyo komeza umutegure neza azabimenyera niba ataribyo kandi wasanga afite ihungabana yatewe wenda igihe yabikoze mutarabana mwicare muganire ugerageze kumwumva utamuhutaza kandi umubabarire ibyamubayeho byose yaba yarabishakaga cg yarafashwe ku ngufu.

    3) Kuriiza inama wagiriwe hejuru zo kumutegura cyane utihuta burya turemwe bitandukanye cyane! gutegura umugore bigomba gufata byibuze iminota 20. mugihe wewe umugabo upfa kubitekereza igahaguruka!

    Gusa sinumva ukuntu umwaka washira ntanarimwe we arabishaka niba agukunda. Ikindi siniyimvisha ukuntu yakoma induru ugahita ubireka kandi wamaze gu penetrer si benshi babishobora! ibi bivuze ko ntanarimwe nawe urangiza?

    Komeza wihangane. Ntuzamuce inyuma nkuko haruwabyanditse ngo ushake umwana hanze!

    Ntacyiza cyo guca umugore wawe inyuma. Uzaba uri kwisenyera.

  • Rwose Urugo yavuze neza nanjye nizo nama nari ngiye kumugira none zavuzwe. Nazikurikize rero kandi bizatanga umusaruro ukomeye kuko atari umuntu umwe bigiriye akamaro.

    IMANA IBIGUFASHEMO!

  • Muvandimwe…niba koko mukundana mtabeshyana dore uko uzabyitwaramo.
    1. Kuganira kuri iyo ngingo mugafata umwanya mukayivuga uko muyumva, ni uko mwiyumva n’icyo mwifuza kuri iyo ngingo. Kuganira ni ngombwa cyane mugafata igihe gihagije kandi mukishakamo imyanzuro.

    2. Mu giye gukora icyo gikorwa, ni ngombwa gutegurana,,,musomana,,,mwagazanya(gukuyakuya=caresser) gukorakoranaho cyane cyane…ku mabere..imoko..gushima mu bworo bw’ikirenge cg mu biganza…ku bibero hagati yabyo…mu irugo..mu musatsi…ku mukondo…no kugitsina cyane kuri Rugongo..hanyama rero umugore yamara gufata umuriro ni we uzakwisabira ati gira vuba yinshumite nyumve…ibyo biramutse byanze…wazabaza Muganga cg ukamubwira akazaba Nirasenge na nyina wabo bakamubwira uko yabyitwaramo.
    Nyuma uzambwira

  • reka mureke mutandukane uzishakire undi uyu jye ntitwabana none ko washakaga umunezero ukaba ntawe ubona utegereje iki? kubana si ukuzirikwa wangu

  • Aho ntibaba baramuciye clitoris nk’aba Kikuyu?uzaze njye nkwihera jye kiranyerera!!

  • ubwo bubabare bugirwa na bagore 20% muri rusange ariko benshi babifata nka tabou; urumva ko umugore wawe atariwe wenyine ufite icyo kibazo! ubwo bubabare bwitwa “dyspareunies” mugifaransa bisobanuye ububabare umudamu agira igihe igitsina gabo kiri kwinjira cg se cyagezemo. so asabwe kureba muganga wabagore kugirango amaufashe. ushobora no kwifashisha imbuga za internet (urugero:http://sante-medecine.commentcamarche.net/contents/405-douleurs-pendant-les-rapports) ziguha quelques conseils zabafasha kuko nikibazo abadamo benshi bagira inama ziriho pe. Mubyare muheke kandi Imana ibafashe.

    • Nshuti ihangane gusa kandi ukurikize inamanziza abavandimwe bakugira,ntiwite kuri barusahurira munduru nkabobakubwira ngo icyabokiroroshye abandingo ngwinobakumare agahinda,cg ngo ngwino mwisungane abandi bakubazaniba ufite amafaranga ugombakwihesha agaciro nuwomwakundanye cyaneko numvise yubahan’Imana nibyizacyane Izabafasha wikwiheba.

  • Senga Imana ibibafashemo

  • ntuzishinge uwiyise mucocori kuko muzi neza,nta nama yakugira,utakurusha gusenga ntiyakurusha inama,uzasenge imana,urebe n’abaganga,naho inama z’abasenya ntuzazikurikize.Yesu agufashe,umwana si igisubizo cy’ibibazo,cyane nk’uwo uje kubw’agahimano.

  • MUVANDIMWE, MUTEGURE BUHAGIJE RWOSE NAWE RERO NIYUMVA ABISHAKA, AZIVANA UBWOBA MU MUTWE.
    KOMERA KANDI NTUCIKE INTEGE NYAGASANI MURI KUMWE.

  • 1.Uyu mudamu ashobora kuba arwaye intinyi:mwegere umuganga w’abagore abagire inama.
    2.Ashobora kuba afite inflammations ku gitsina zimutera kubabara:uzagerageze mu kibuno urebe ko ho atabitinya.
    3.Igihe agifite icyo kibazo muzabe mukora fellation.
    4.Uzamukorere cunillingus(kumurigata mu gitsina)urebe niba kubabara afite ari psychologique(intinyi)cg physique(dyspareunies).Ese iyo umushyizemo urutoki bigenda bite?
    5.Mutinyuke mwegere umuganga(gyneco-obstetricien).

  • umva nshuti ubwo nuburwayi buravurwa mukinyarwanda baguha icupa 1 ryumuti akarinywa bihita bikira uzanshake ngufashe aho uwuvana numero zanjye ni 0788612474 biroroshye ahita akira nibyatsi basoroma bakawuteka anywa intama imwe kumunsi

  • jyana umugore kwa Muganga iyo ni Indwara y’abagore,

  • UMVA UMUGORE BAMURONGORA ARIRA AMAHEREZO BAKAMURONMGORA NARIRA NIBYIZA UMUGORE NI URIRA KUKO UMUGORE ARANGWA NIBINTU BITATU KURIRA KUNYARA NO G– USEKA UBWORERO FATIRAHO KURIRA NTACYO BITWAYE ARIRA NONE NEJO EJOBUNDI AGASEKA CYANE COURAGE

  • nakugira inama yo kumutegura akanya kanini ukumvisha urutoki wakwumva yumagaye ukagana muganga,wakumya yatose ukamwivurira. ntuzakore ikosa ryo gutangira ucumita ahubwo uzatangire usa numunyaza pole pole noneho ari nako ugenda winjiya imbyeyi buhoro buhoro ubundi mwibereho mu munezero iwanyu!

  • Ntabwo wabaho udatera akabariro,uzamubaze neza wumve impamvu ababivuga,nakubwira iyo kubabara buri wese arababara ariko bikarangira.

  • Ooh! Muvandimwe Yesu ashimwe cyane, humura uwo mudamu wawe mumpere izi numero 0788403294 azampamagare tuganire mugire inama

  • Nikibazo ariko ntiwihebe , fata ighe cyo kumutegura kandi ubishyiremo umwete n’ubwenge , ahubwo ujye unamuhamagara ukiri ku kazi uti itegure kandi uno munsi wihangane. ntugahutireho kwinjira jyubanza ufate umwanya uhagije wo kumukinisha no kumusetsa , yewe unamukirigite maze nubonako nawe yabishatse ubone kumwegera. uzabibwirwa nuko critoris ze zabyimbye kandi n’imoko z’amabere ye zashyutswe maze icyo gihe azaba ari tiyari kandi ikindi nuko n’amaguru ye uzunva nta mugaga mu gihe cyo kuyigizayo.nibidakunda uzamujyane kwa muganga. Kera nko muri za 1978 nabonye scène y’umugabo watongoje indaya ikirinto maze ibonye sexe y’uwo mugabo ivuza induru ngo ni runini. wa mugabo arayegera maze arayiguyaguya ati humura mfite n’agato humiriza abariko nzana , ubwo byahise bitungana. Nawe lero shirikubute ushyiremo n’ubwenge kandi ugire ukwingana kuje urukundo ibindi bizikora.

  • Muvandi ufite ikibazo pe, ariko ntiwicireho iteka ko utazi kurongora kuko ngewe byambayeho ku wahoze ari cher wanjye, niwe wanyibwiriraga ko abishaka ariko nagerageza kuyinjiza agataka cyane kandi akanyiyaka ukabona ko agize ububabare budasanzwe, yagiraga ububobere inyuma ku gitsina ariko uko yari ateye ntiwashoboraga kurenza 1 Cm ugana imbere, kuko yakundaga umuntu uyiziringa inyuma ,ndetse akaryoherwa cyane nahengeraga yaryohewe turi muyindi si, nkituna nkacumita cyane ngo ndebe ko yaharenga igaca inzira ariko agahita ataruka ubwo imirwano igatangira kuko yabaga ababaye rwose, twaryamanye inshuro zigeze mwicumi kdi niyizeye ho ubuhanga nkuko mbibwirwa, ariko uwo we yananiye kumwinjiza, bityo rero mujyane kwa muganga bamwongerere bamuhe nimiti yongera ububobere,naho abakubwira ko utamutegura, sinemeranya nabo ahubwo memera ko hari imiterere imwe nimwe itaziguye, kuburyo ikenera muganga byakwanga ukaririmba urwo ubonye. ukishinganisha ku Imana ngo hato utifuza ukababaza uwo wihebeye. Komera kdi wihangane mwicyo kigeragezo kitoroshye.

  • Niba koko uwo mugore nawe abibona nk’ikibazo kigomba gukemurwa ubwo yakwemera umuti nubwo waba usharira:Dore UMUTI kandi utagoye cyangwa ngo usharire:Uzamusohokane muge ahantu mwifate neza musangire ariko AZANYWE BYERI (biere) ntazanywe SODA .Anywe byeri nyinshi mbese UMUSINDISHE kubushake ariko wowe unywe nkeya.. Ubundi nimutaha UZAMBWIRA ….

  • Muvandi,ibyo usaba bigombera inama kumpande zombi bityo umuntu yabaha ubujyama mwembi dore ko ufite ibibazo 2kandi bitoroshye ibyagati kari kuwundi gahandurika nibabireke urababaye.koresha iyi number urabonaho ubufasha (+250)732361977 urakoze kdi mwihangane.

  • ashobora kuba arwaye intinyi cyangwa yaba yarahuye nikintu cyamuteye kubitinya, cyangwa imiterere ye yaba ifite ikibazo; gana umuganga w’abagore ndetse n’umuntu ushinzwe trauma bazagufasha ikibazo kizarangira. irinde kumutraumatiza ubungubu.good luck.

    • baza gynecologyst mujyane na madamu aragufasha.

  • Ko hari abagushimisha cyaneeee, washyizeho Tel Number tukakwihamagarira, uzaba ukoze.

  • Icyambere muzicare mwembi mubiganireho nyuma azakubwira ikibitera muzaboneraho gufatanya gushaka umwa nzuro aruwo kugana abaganga cy uwundi Igisubizo cyambere ni mobiganiro muzagirana MURAKOZE

  • umugore wawe uramuraba neza muri vagin ategerezwa kuba arwaye infection cangwa nta mazi afite. mujane muri gakondo bamuhe imiti ituma aronka amazi menshi

    • ese amazi make abaganga ba kizungu ntibabivura!cg se afite icyo bita vaginisme azivuze amenye ikibazo afite

  • Umva rero mugabo: ibyo kubabara ubizirikane ko muzagana muganga ariko hagati aho ukomeze gupfa gupfundikanya wenda urebe ko wasohora ari muri period yo gusama wibonere akana.

Comments are closed.

en_USEnglish