MAITRE JADO mu mashusho y’indirimbo ye ari gukora yakoresheje umugore we
Uyu muhanzi uri kuzamuka muri Muzika Nywarwanda, ari gukora Video y’indirimbo ye yitwa ‘Igisubizo”
Mu mashusho y’iyi Video muzabona mu minsi iri imbere, muzabonamo umukobwa aba asaba ‘Igisubizo’ uyu ni murumuna w’umugore wa Maitre Jado.
Muri iyi Video kandi iri gukorerwa mu mujyi wa Kigali na Muhanga, hazagaragaramo umwarimu muri Kaminuza Gatolika ya Kabgayi, akaba n’umunyamakuru w’imikino,Jean Claude Munyandinda.
Aya mashusho y’indirimbo ari gukorwa na Producer Fayzo, azagaragaramo kandi baramukazi ba Maitre Jado babiri, ndetse n’umugore we.
Plaisir Muzogeye
UM– USEKE.COM
10 Comments
ko yigaruriye umuryango wose!!??
@gatabazi, umugabo ni uw’umuryango mwa!!!!!!Lol
Hejuru muravuga ko yakoresheje umugore we hasi muti muramukazi we!Ibyo mu kinyarwanda ntibivugwa bavuga muramu gusa.Keretxe ku bagore hagati yabo.Umugore agira baramukazi be
Nuko bitangira!! yananiwegushyiramo umugore we gusa,uzasanga ari umu trigamie(trois)umugore we abe inshoreke.
gufata amashusho y’indirimbo biracyari hasi mu Rwanda
KIKOS HUMURA (NUBWO NDI IMBWA NDAMAZE NDIMO KUBYIGA )
UBWO MWITEGE AMASHUZO ZA RORANTI MU KWEREKANA IMPIRA
KURI ZA STADE
nyamara ntimunyurwa ubuse kuba akoresha baramube muhise muna bamushyingira gusa barubakitse mugabo
NYAMARA SEINSEI WANGE ARIGUTERA IMBERE KOMERZA AHO MAITRE KUKO AHO UGEZE SIBYIYUMVISHA BUHORO BUHORO NIRYO RUGENDO
Nta mugabo ugira muramukazi we,wangu muratubeshye!!!yaba umukobwa cg umuhungu
uvukana n’umugore wawe aba ari muramu wawe.
amboo! byose si mukunda ariko niyikorere kuko ntibindeba.
Comments are closed.