Digiqole ad

Lady Gaga yongeye gutungurana mu myambarire idasanzwe

Uyu muririmbyikazi abamubonye ku kibuga cy’indege cya Los Angeles ubwo yari akubutse i Perth muri Australia asa nuwibagiwe kurenza ijipo (jupe) ku gapantaro kamwegereye kabonerana yari yambaye.

Imyambarire yagaragazaga inyuma he/photo internet
Imyambarire yagaragazaga inyuma he/photo internet

Aka gapantaro karenzwaho akajipo cyangwa agapira karenga ku ‘kibuno’ nk’uko bisanzwe ku myambarire igezweho y’abakobwa Lady Gaga we ntakunda gukora ibisanzwe dore ko ako gapantaro ntacyo yarengejeho.

Ibi byatumye abantuu benshi bari baje kumureba basakabaka babonye inyuma ye, maze nawe abaramutsa abazamurira intoki za musumbazose.

Nyuma y’urugendo rw’amasaha 12, Stefani Germanotta uzwi nka Lady Gaga iyi myambarire ye yatumye abakunzi be n’abatamukunda bibaza niba yibagiwe kugira icyo arenza ku ipantaro kubera urugendo rurerure cyangwa yabikoze nkana?

Yaba yari yibagiwe kurenzaho akantu?
Ni uko yasuhuje abafana be basakuzaga babonye imyambarire ye

Thesun

Plaisir Muzogeye
UM– USEKE.COM

0 Comment

  • Isi irashize kabisa, ni ukuba maso no gusenga cyane, abantu nk’abariya bakoreshwa n’imyuka mibi, baba banyoye drogues, bashaka no guprovoqua

  • mureke afite icyo ashaka, rimwe bazamufata kungufu

  • WASANGA IWABO NAHO IMPESHYI IMEZE NABI NTAWAMENYA !!!!!!!!!

  • mbega ishyano ubu injiji ziwacu se ko zabibonye buriya ni umusibo ejo ejobundi bakobyambara nabo ahaaaaaaaaaaaaa!!!!!!!!!!!!!!!

  • Ariko iyi shetani ikorera muruyu mugore ninyabaki?

  • Ku munsi w’imperuka Imana izarimbura abantu bose bakora ibyaha bakanashishikariza abandi kubikora.Nkiriya myambarire ishishikariza abasambanyi gusambana bakuyeho agahu.Itegeko ry’Imana rya 6 ntugasambane…

  • MWINEZEZE ARIKO ISI IFITE IHEREZO YESU ARIHAFI KUGARUKA, MUZABIBAZWA.

  • This is what they call freedom!

  • IYI NI SHETANI YIGIZE UMUNTU (UMUKOBWA)

  • Nagiye kera kw’ubusa noneho ndumiwe pe! Immagines-toi ugiye gutegereza umuntukazi wawe kuri airport i Kanombe n’uturabyo, akagusanganira na kariya kabuno kariho imitsi. Ntiwaba nk’ukubiswe n’inkuba itagira amazi? Ndahamya ko aho kuzana taxi voiture washakisha imbangukiragutabara ukajyana hino yo ku Mulindi wa Kigali!!

  • mwimurenganya rwose nasanze kubera ukuntu yari akumbuye abafanabe yambaye yihuta yibagira gushyira ho akandi kambaro

  • u guys mind urs business.thanks

  • Iyi ni intumwa ya satani ku isi kandi nta mpamvu yo kubitindaho gusa dushikame dusenge Imana nyayo,naho igihe kizagera tubibone ninaha iwacu. AMAHORO Y’UWITEKA ATANGA ABANE NAMWE MWESE KANDI MUSOBANUKIRWE KURUSHAHO IBIJYANE N’ISI DUTUYEHO MUBURYO BUSOBANUTSE.

  • Satani zitera kwinshi nako abazimu abasenga nidushyireho umwete ,bashikibacu ndabasbye doreko mukopera kubi ntimukopere iyi SATANI.

  • Tugeze aho gushikama tugasenga najye ejobundi nabonye mu bukwe uwambaye ibiri hafi kureshya na biriya kabisa kuko n’akitwa ngo ni akajipo yarengejeho gafite nka 10cm,murumva rero ko n’abari bacu twagombye kwibuka kubasabira kuko bo babibona nk’ibigezweho nyamara uba usambana n’abantu utazi umubare wabo,ahaa bitekerezeho wowe ubyambaye nonaha.

  • satani nuko ikora ngayo nguko nyabuneka turinde izamu ryacu dore Satani irikongera akabaraga mumikorere yayo.

  • arko se mufite icyihe cyibazo kuri lady gaga?mumenye ibyanyu kuko u rwanda rufite ibibazo byinshi cyane cyane utwo turaya two mu migina?mureke uwo hari byinshi yagezeho,utwo turaya two mu migina twageze kuki?

  • URUSAASU MU MUTWE NGO PAAAA PAAAA. CYANGWA BAMUJUGUNYE MU CYUMBA CYA GEREZA YO MUNSI Y’UBUTAKA, AHAFUNGIWE ABAGABO 200, AMAREMO AMEZI 3; MUZAREBA KO ADASOHOKA ARI MURYERYE.

    Umuntu ashobora no kumwambura imyenda YE yose akamuzirika ku ikamyo, akazenguruka imigi yose y’igihugu cye. Biti ihi se bamutuzanire hano KAKOUMA TUMUPFUBURE.

  • iyi sitire nacyo itwaye, none se kuri pisine ntitubona ababa bambaye gutyo, ubwo rero yahiseme kwabara nakabo

  • N’INO BYARAHAGEZE DAAA, NONE SE ICYO CYIMANSURO KIRI KUBYINWA MU RUHANGO, SI UKU BABA BAMBAYE, NONE SE TURIYA TUJIPO TUGERA MU NNYO ABAKOBWA N’ABAGORE BAMBAYE, BIRIMO BIRAZA AHUBWO NI UKUBIKUMIRA HAKIRI KARE.

  • Uyu mucuranzi ntampamvu yokumwibazaho cyane kuko yakuyeho byararangiye Ahubwo,dusenge Abakobwabacu ntibazabikore. Ariko ntakizere kuko ibyaduka mbona babisamirahejuru.Aha simbizi!

  • Mwebwe uwabageza hano, Aho turi mu Buhinde ngo usange aho abantu bambara imikandara gusa ireshya n’amajipo yabo. Ahaaaaaaa Ntabwo byoroshye kandi biri mu banyafurikakazi gusa.

  • uyu niwe uzarangiza isi, mumwitege!!!

  • Utu TUBUNO turi kuntera isesemi, ndafungura urubuga nkahita mpitira ku tubuno tudafite discipline!!! asyi weeeeeeeeee toka Shetani!!

  • Lady you!re very sick nkubonye nasaba uruhushya nkagukubita mbese ugatota ukaba ibyatsi !

  • ni hatari da!!!!

  • BAVANDI,MUNKUNDIRE TUGUMANE UMUCO WACU KK NTAHO UMWAYE NAGATO.

  • toka satan isi igeze kure peeeeeeeeee

Comments are closed.

en_USEnglish