Digiqole ad

Kuwa 8 Mata 2013

Abahanzi ni itara, ni urugero ku rubyiruko rw’u Rwanda, benshi muri urwo rubyiruko babareberaho. Kwitwara neza kwabo ni urugero rwiza ku rubyiruko.

Tom Close atambukana n'umwe mu bana b'abanyeshuri bo mu karere ka Gisagara
Tom Close atambukana n’umwe mu bana b’abanyeshuri bo mu karere ka Gisagara

Photo/P Muzogeye

Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE, ubona ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected]

UM– USEKE.COM

0 Comment

  • ko mbona nawe ntaho ataniye n’abaturage ra?iriya pantalo ikwiye dogiteri koko?

    • Si uko se?! ngo itara, itara se nyabaki na biriya bipatalo byashwanyaguritse?? ubwo uriya mwana nawe nagende ashwanyaguze kariya ka kaki ke ngo ngaho itara ryamumurikiye..

      • hahahahahahaha uransekeje geda peeee

        • hahah uwiyise ivubi aranyishe pe ,nyamara nibyo kabisa

  • mujye mureka kuba indashima. kandi kuba objective si ukubaho uhora ishakisha ibyo unenga gusa. muzamuca intege, mumwange ariko ntibizamubuza gukomeza kubaha injyana nnziza. muri mwese hari uyobewe ko iriya ari dechire yambaye??? nuwo mwana abashije kuyibona akayambara haricyo se??? nonese ubudogiteri buba mu myenda?????? muzamwanga bibavune kandi we agumye kugira abafana hirya no hino.

  • Ndabona kubwiwe arikinyotri ahubwo agapantaro kabayamatara gusa

Comments are closed.

en_USEnglish