Kuwa 8 Mata 2013
Abahanzi ni itara, ni urugero ku rubyiruko rw’u Rwanda, benshi muri urwo rubyiruko babareberaho. Kwitwara neza kwabo ni urugero rwiza ku rubyiruko.
Photo/P Muzogeye
Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE, ubona ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected]
UM– USEKE.COM
0 Comment
ko mbona nawe ntaho ataniye n’abaturage ra?iriya pantalo ikwiye dogiteri koko?
Si uko se?! ngo itara, itara se nyabaki na biriya bipatalo byashwanyaguritse?? ubwo uriya mwana nawe nagende ashwanyaguze kariya ka kaki ke ngo ngaho itara ryamumurikiye..
hahahahahahaha uransekeje geda peeee
hahah uwiyise ivubi aranyishe pe ,nyamara nibyo kabisa
mujye mureka kuba indashima. kandi kuba objective si ukubaho uhora ishakisha ibyo unenga gusa. muzamuca intege, mumwange ariko ntibizamubuza gukomeza kubaha injyana nnziza. muri mwese hari uyobewe ko iriya ari dechire yambaye??? nuwo mwana abashije kuyibona akayambara haricyo se??? nonese ubudogiteri buba mu myenda?????? muzamwanga bibavune kandi we agumye kugira abafana hirya no hino.
Ndabona kubwiwe arikinyotri ahubwo agapantaro kabayamatara gusa
Comments are closed.