Kuwa 31 Mutarama 2014 CHIEF EDITOR 01/31/2014 Hari uzikubita amazi amaso akuzura akanwa! Imihore yokeje Photo/PMuzogeye ububiko.umusekehost.com Share this:Click to share on Twitter (Opens in new window)Click to share on Facebook (Opens in new window)
0 Comment
Lwu Lwu Lwu Lwi. Amaso yuzuye akanwa!!
Oya sha!!! ntukavugishwa n’imfura kandi uri inyama!!!!!!!
ko namwe muvugishijwe se ubwo njyewe biracuriki ra?
“Niriya ibaga nimuyihebebe” hahahaaaa
Yoo! Burya inyama ntitinda kuba inyana koko! Dore iriya yahoze iragiye hariya narishaga disi! Ariko se wa mugore we wabaye iki, mpereza icyo kibo nako icyuma nziteke nako nzikate!
inyama kuki zivugisha abantu.
Dore ibiparu byazo: Izinyana zigura angahe ashaka kuvuga inyama. Undi abira mucoma izohene zirataha ryari amubaza izobrochette ziraza ryari. Undi ati ngiye kugura akantu sange mwasetse. Ashaka kuvuga ko agiye kugura inyama asange baseye. Ahahaha..
Nazikubise amazi amaso yuzura akanwa!!hahahaaaaaa!!!!
man iyio usyhiraho izihiye neza nibwo byari kuba fresh
Mu kinyarwanda umujinya mwinshi bawita “umuzimyacyokezo”! Byaturutse ku mugabo Suruduwiri mwene Gitimujisho wagiye mu kabari yokesha akazingaro kamwe. Mu gihe ategereje yatse n’icupa. Birambiranye yatangiye kubona n’abaje nyuma ye bari kubagezaho amakoko, amafi, na za zindi bita utubenzi kandi ari ingurube! Yarahagurutse ajya kwa Muchoma kwibariza. Agezeyo yasanze bamwibagiwe: na komande ye ntiyigeze ishyirwaho!!! Yararakaye afata ibase yuzuye amazi barongeyemo ibirayi acuburira mu mbabura, icyokezo ngo “shwiiiii!” ivu n’ivumbi biratumuka. Uwo ntiwari umujinya wari umuzimyacyokezo!
Comments are closed.